FRANCE: Minisitiri w’ubuzima araburira abaturage ko COVID-19 izakaza umurego muri iyi mpeshyi

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

Minisitiri w’ubuzima mu Bufaransa, Olivier Véran yaburiye abanyagihugu ko muri iyi mpeshyi bashobora kwibasirwa n’ubwandu bushya bwa COVID-19 mu buryo budasanzwe.

Inkuru ya RFI ivuga ko abahanga mu by’ubuzima bagaragaje ko icyorezo gishya cyiswe Delta gishobora kubazira muri Nzeri ariko Minisitiri w’ubuzima we abinyujije kuri Twitter yavuze ko ubwandu bushya bwa kane bw’icyorezo cya COVID-19 gishobora kubazira mbere y’uko uku kwezi kugera.

Izindi Nkuru

Misitiri Veran, mu butumwa bwe agaragaza ko ubu bwandu bushya bushobora kwibasira u Bufaransa bitarenze uku kwezi kwa Nyakanga asaba Abafaransa kubahiriza amabwiriza yo guhana intera ndetse no kwitabira kwikingiza.

Inkuru ya Vedaste Kubwimana/Radio&TV10 Rwanda

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IzindiNkuru