Thursday, December 25, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

radiotv10by radiotv10
14/10/2021
in IBYAMAMARE, MU RWANDA, SIPORO
0
Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko umukinnyi w’umunyakenyakazi wamenyekanye mu gusiganwa ku magauru, Agnes Tirop yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we Emmanuel Kipleting yaburiwe irengero, arimo gushakishwa na polisi.

Inkuru y’urupfu rw’uyu mugore w’imyaka 25, yamenyekanye ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatatu tariki ya 13 Ukwakira ubwo yasangwaga iwe yapfuye nyuma yo guterwa ibyuma.

 

Polisi yo mu gace ka Elgeyo Marakwet Country aho bari batuye yatangiye iperereza ariko umugabo we itangaza ko batigeze bamuca iryera, bikaba bikekwa ko ari we wamwivuganye cyangwa yaba afite aho ahuriye n’urpfu rwe.

Polisi ikaba ikomeje iperereza ndetse ikaba yizeye ko mu gihe cya vuba izaba yamaze kumenya umwicanyi nyawe.

Yitabye Imana nyuma y’uko muri Nzeri yari yaciye agahiko ku Isi mu kwiruka metero ibihumbi 10 mu Budage aho yakoresheje iminota 30 n’isegonda rimwe.

Mu mikino Olempike iheruka kubera Tokyo yari ahagarariye Kenya mu gusiganwa metero ibihumbi 5 aho yabaye uwa 2 asizwe n’umunya-Ethiopia, Gudaf Tsegay.

Tirop yagiye yegukana ibihembo bitandukanye nk’aho muri 2017 na 2019 yegukanye umudali wa Bronze muri shampiyona y’Isi mu kwiruka metero ibihumbi 10, muri 2015 yegukana World Cross Country Championship.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 − 2 =

Previous Post

Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania yaguze isaha ifite agaciro ka Miliyoni 30 Frw

Next Post

AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

Related Posts

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

by radiotv10
25/12/2025
0

Mushinzimana Stanislas warutuye mu kagari ka Murambi mu murenge wa Nyakarenzo wari warezwe n’umugore batari babanye neza yasanzwe mu cyumba...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

by radiotv10
25/12/2025
0

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abagabo babiri bari barashinze uruganda rukora inzoga zitujuje ubuziranenge, izwi nka ‘Muriture’, bari...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

by radiotv10
24/12/2025
0

Every year in December, something powerful happens across the world. Airports fill up, buses travel overnight, roads become crowded, and...

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

by radiotv10
24/12/2025
0

Mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye Sima, yaguye mu manga, ariko ntiyagira...

IZIHERUKA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya
AMAHANGA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

by radiotv10
25/12/2025
0

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

25/12/2025
Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

25/12/2025
Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

24/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.