Monday, January 12, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

radiotv10by radiotv10
14/10/2021
in IBYAMAMARE, MU RWANDA, SIPORO
0
Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko umukinnyi w’umunyakenyakazi wamenyekanye mu gusiganwa ku magauru, Agnes Tirop yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we Emmanuel Kipleting yaburiwe irengero, arimo gushakishwa na polisi.

Inkuru y’urupfu rw’uyu mugore w’imyaka 25, yamenyekanye ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatatu tariki ya 13 Ukwakira ubwo yasangwaga iwe yapfuye nyuma yo guterwa ibyuma.

 

Polisi yo mu gace ka Elgeyo Marakwet Country aho bari batuye yatangiye iperereza ariko umugabo we itangaza ko batigeze bamuca iryera, bikaba bikekwa ko ari we wamwivuganye cyangwa yaba afite aho ahuriye n’urpfu rwe.

Polisi ikaba ikomeje iperereza ndetse ikaba yizeye ko mu gihe cya vuba izaba yamaze kumenya umwicanyi nyawe.

Yitabye Imana nyuma y’uko muri Nzeri yari yaciye agahiko ku Isi mu kwiruka metero ibihumbi 10 mu Budage aho yakoresheje iminota 30 n’isegonda rimwe.

Mu mikino Olempike iheruka kubera Tokyo yari ahagarariye Kenya mu gusiganwa metero ibihumbi 5 aho yabaye uwa 2 asizwe n’umunya-Ethiopia, Gudaf Tsegay.

Tirop yagiye yegukana ibihembo bitandukanye nk’aho muri 2017 na 2019 yegukanye umudali wa Bronze muri shampiyona y’Isi mu kwiruka metero ibihumbi 10, muri 2015 yegukana World Cross Country Championship.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

11 + 1 =

Previous Post

Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania yaguze isaha ifite agaciro ka Miliyoni 30 Frw

Next Post

AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

Related Posts

Editorial: The New World Economic Order

Editorial: The New World Economic Order

by radiotv10
12/01/2026
0

USA, China, and Europe in the Battle for Global Dominance. What about Africa? The global economy has entered a new...

Why Some People Are Subject to Harsher Penalties in the New Road Use Law

Why Some People Are Subject to Harsher Penalties in the New Road Use Law

by radiotv10
12/01/2026
0

The Minister of Infrastructure announced that drivers of vehicles carrying many passengers such as public transport vehicles and school buses...

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

by radiotv10
12/01/2026
0

Munyakazi Sadate wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yavuze ko ubwo iyi kipe yatsindwaga na mucyeba wayo ibitego 4-1 ku...

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

by radiotv10
12/01/2026
0

Umunyarwenya Etienne Iryamukuru wamamaye muri ‘Bigomba Guhinduka’, yagaragaje umukunzi we amwibutsa ko amukunda uruhora rukura. Ni mu butumwa uyu munyarwenya...

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

by radiotv10
12/01/2026
0

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, yatangaje ko abashoferi b’imodoka zitwara abantu benshi nk’ab’izitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, n’izitwara abanyeshuri, ari bo...

IZIHERUKA

Editorial: The New World Economic Order
MU RWANDA

Editorial: The New World Economic Order

by radiotv10
12/01/2026
0

Why Some People Are Subject to Harsher Penalties in the New Road Use Law

Why Some People Are Subject to Harsher Penalties in the New Road Use Law

12/01/2026
Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

12/01/2026
Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

12/01/2026
Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

12/01/2026
Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

12/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Editorial: The New World Economic Order

Why Some People Are Subject to Harsher Penalties in the New Road Use Law

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.