Monday, January 26, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

radiotv10by radiotv10
14/10/2021
in IBYAMAMARE, MU RWANDA, SIPORO
0
Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko umukinnyi w’umunyakenyakazi wamenyekanye mu gusiganwa ku magauru, Agnes Tirop yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we Emmanuel Kipleting yaburiwe irengero, arimo gushakishwa na polisi.

Inkuru y’urupfu rw’uyu mugore w’imyaka 25, yamenyekanye ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatatu tariki ya 13 Ukwakira ubwo yasangwaga iwe yapfuye nyuma yo guterwa ibyuma.

 

Polisi yo mu gace ka Elgeyo Marakwet Country aho bari batuye yatangiye iperereza ariko umugabo we itangaza ko batigeze bamuca iryera, bikaba bikekwa ko ari we wamwivuganye cyangwa yaba afite aho ahuriye n’urpfu rwe.

Polisi ikaba ikomeje iperereza ndetse ikaba yizeye ko mu gihe cya vuba izaba yamaze kumenya umwicanyi nyawe.

Yitabye Imana nyuma y’uko muri Nzeri yari yaciye agahiko ku Isi mu kwiruka metero ibihumbi 10 mu Budage aho yakoresheje iminota 30 n’isegonda rimwe.

Mu mikino Olempike iheruka kubera Tokyo yari ahagarariye Kenya mu gusiganwa metero ibihumbi 5 aho yabaye uwa 2 asizwe n’umunya-Ethiopia, Gudaf Tsegay.

Tirop yagiye yegukana ibihembo bitandukanye nk’aho muri 2017 na 2019 yegukanye umudali wa Bronze muri shampiyona y’Isi mu kwiruka metero ibihumbi 10, muri 2015 yegukana World Cross Country Championship.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 5 =

Previous Post

Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania yaguze isaha ifite agaciro ka Miliyoni 30 Frw

Next Post

AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

Related Posts

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

by radiotv10
25/01/2026
0

Umusore witwa Mugisha Gakuba David uba muri Leta Zunze Ubumwe za America, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho...

Rusizi: Umugabo yishe umugore we amuziza gutiza isuka iwabo

Rusizi: Umugabo yishe umugore we amuziza gutiza isuka iwabo

by radiotv10
25/01/2026
0

Umugabo witwa Sindayiheba Jean de Dieu wo mu kagari ka Mataba mu murenge wa Nkungu, arahigishwa uruhindu nyuma yo gukubita...

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

by radiotv10
25/01/2026
0

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yahaye inshingano abasirikare babiri barimo Brig Gen Godfrey Gasana, wagizwe Umupilote...

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

by radiotv10
25/01/2026
0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yerekeje amaso ku gikombe kiswe 'President Cup' mu mikino y'Igikombe cya Afurika, itangira itsinda...

Hahishuwe byinshi byirengagizwa bituma urubyiruko rukomeza gutsikamirwa n’ubushomeri biruturutseho

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

by radiotv10
24/01/2026
0

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare-NISR, igaragaza ko mu gihembwe cya kane cya 2025, ubushomeri mu rubyiruko bwagabanutseho 3% kuko bwageze kuri...

IZIHERUKA

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa
MU RWANDA

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

by radiotv10
25/01/2026
0

Rusizi: Umugabo yishe umugore we amuziza gutiza isuka iwabo

Rusizi: Umugabo yishe umugore we amuziza gutiza isuka iwabo

25/01/2026
Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

25/01/2026
Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

25/01/2026
Hahishuwe byinshi byirengagizwa bituma urubyiruko rukomeza gutsikamirwa n’ubushomeri biruturutseho

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

24/01/2026
Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

24/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Rusizi: Umugabo yishe umugore we amuziza gutiza isuka iwabo

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.