Friday, December 19, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

radiotv10by radiotv10
14/10/2021
in IBYAMAMARE, MU RWANDA, SIPORO
0
Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko umukinnyi w’umunyakenyakazi wamenyekanye mu gusiganwa ku magauru, Agnes Tirop yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we Emmanuel Kipleting yaburiwe irengero, arimo gushakishwa na polisi.

Inkuru y’urupfu rw’uyu mugore w’imyaka 25, yamenyekanye ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatatu tariki ya 13 Ukwakira ubwo yasangwaga iwe yapfuye nyuma yo guterwa ibyuma.

 

Polisi yo mu gace ka Elgeyo Marakwet Country aho bari batuye yatangiye iperereza ariko umugabo we itangaza ko batigeze bamuca iryera, bikaba bikekwa ko ari we wamwivuganye cyangwa yaba afite aho ahuriye n’urpfu rwe.

Polisi ikaba ikomeje iperereza ndetse ikaba yizeye ko mu gihe cya vuba izaba yamaze kumenya umwicanyi nyawe.

Yitabye Imana nyuma y’uko muri Nzeri yari yaciye agahiko ku Isi mu kwiruka metero ibihumbi 10 mu Budage aho yakoresheje iminota 30 n’isegonda rimwe.

Mu mikino Olempike iheruka kubera Tokyo yari ahagarariye Kenya mu gusiganwa metero ibihumbi 5 aho yabaye uwa 2 asizwe n’umunya-Ethiopia, Gudaf Tsegay.

Tirop yagiye yegukana ibihembo bitandukanye nk’aho muri 2017 na 2019 yegukanye umudali wa Bronze muri shampiyona y’Isi mu kwiruka metero ibihumbi 10, muri 2015 yegukana World Cross Country Championship.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × 3 =

Previous Post

Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania yaguze isaha ifite agaciro ka Miliyoni 30 Frw

Next Post

AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

Related Posts

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

by radiotv10
18/12/2025
0

Umuhanzi w’icyamamare Israel Mbonyi yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru avuga inkomoko y’igitaramo akora buri mwaka kuri Noheli kitwa ICYAMBU, ukuntu yanganga amazina...

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

by radiotv10
18/12/2025
1

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi ziherutse guhurira mu biganiro nyuma...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

by radiotv10
18/12/2025
0

Kigali is quietly becoming one of Africa’s most attractive destinations for digital nomads. Known for its cleanliness, safety, strong internet...

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

by radiotv10
18/12/2025
0

From mobile money to online banking and QR-code payments, the world is rapidly moving toward a cashless society. In Rwanda,...

IZIHERUKA

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4
IBYAMAMARE

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

by radiotv10
18/12/2025
0

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

18/12/2025
Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

18/12/2025
Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

18/12/2025
Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

18/12/2025
Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

18/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

AMAKURU YIHARIYE: ABAZUNGUZAYI

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.