Friday, August 7, 2026
RW|EN
MU RWANDA

Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruko ku bakozi b’inzego za Leta n’iz’abikorera mu Rwanda

Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruko ku bakozi b’inzego za Leta n’iz’abikorera mu Rwanda

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 06 Kamena 2025, ari umunsi w’ikiruhuko rusange ku bakozi ba Leta n’abakoresha mu nzego za Leta n’iz’abikorera.

Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’iyi Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Kamena 2025.

Iri tangazo rivuga ko uyu munsi w’ikiruhuko rusange, uteganywa n’Iteka rya Perezida No 062/01 ryo ku wa 19/10/2020 rigena iminsi y’ikiruhuko rusange.

Iyi Minisiteri ikavuga ko “Imenyesha abakozi n’abakoresha mu nzego za Leta n’Abikorera ko ku wa Gatanu tariki ya 06 Kamena 2025 ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa EID AL-ADHA.”

RADIOTV10

Share this story: Facebook Twitter WhatsApp

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen + 1 =