Umunyeshuri wigaga mu ishuri riherereye mu Murenge wa Kintobo mu Karere ka Nyabihu, yitabye Imana, bikekwa ko yiyahuye anyoye imiti yica imbeba, hanatangazwa igikekwaho kuba cyamuteye kwiyambura ubuzima....
Read moreUmugabo wo mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi, wari usanzwe akora akazi ko kurara izamu, agafatanya no gucukura...
Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwamaganye ihohoterwa ryakozwe n’abasirikare ba FARDC, bagaragaye bakubitira umugore ku kibuga cy’Indege cya Ndjili i Kinshasa...
Ubuyobozi bw’Urwego rukurikirana Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Rwanda Premier League, bwamaze gusubika imikino y’umumunsi wa gatandatu w’iyi shampiyona, n’uw’ikirarane...
Nyuma yuko Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah asabye urubyiruko kwirinda gushyigikira ‘Big Energy’ bivugwa ko ari itsinda...
Bamwe mu batuye ahitwa kuri Marine mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, bavuga ko bamaze imyaka umunani bameze...
Umuhanzi w’injyana ya gakondo, Ruti Joel arateganya gukorera igitaramo mu Bubiligi ku nshuro ya mbere agiye kuririmbira abatuye iki Gihugu...
Abatuye mu gace kazwi nko ‘Mu Isi ya 9’ mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge, bavuga ko urugomo...
Urupfu rwa Yahya Sinuar wari Umuyobozi w’Umutwe wa Hamas, ni yo nkuru ikomeje kugarukwaho mu bitangazamakuru mpuzamahanga. Nyuma y’urupfu rwe,...
Bamporiki Edouard wigeze kuba muri Guverinoma y’u Rwanda na CG (Rtd) Emmanuel K. Gasana wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Polisi,...
Les récentes accusations de Human Rights Watch, largement relayées par plusieurs médias internationaux, concernant le traitement des prisonniers au Rwanda,...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho Abaminisitiri babiri bashya, ari bo uw’Ubutegetsi bw’Igihugu n’uw’Ubuhinzi n’Ubworozi. Ni...
Urukiko Rukuru muri Kenya, rwahagaritse icyemezo cyo kweguza uwari Visi Perezida w’iki Gihugu, Rigathi Gachagua wari wakuwe kuri uyu mwanya...
Musonera Germain washakaga kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ubu ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside, yafatiwe icyemezo cyo gufungwa...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano, bakoze umukwabu wo gushaka insoresore zateje umutekano mucye mu Kagari ka Kabuga mu...
Nyuma yuko byemejwe ko Perezida wa Tunisia, Kais Saied yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu, hari abavuze ko yibye amajwi kubera ibyabaye...
Rafael Nadal uri mu bakinnyi bakomeye muri Tennis, yatangaje ko azahagarika gukina uyu mukino nk’uwabigize umwuga mu kwezi gutaka k’Ugushyingo...
Umuhanzi Kayigi Andy uzwi nka Andy Bumuntu waninjiye mu mwuga w’itangazamakuru akaba aherutse gusezera Radio yakoreraga, yasinyanye amasezerano n’Ishami ry’Umuryango...
Radio10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onair@radiotv10.rw
Tv10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onset@radiotv10.rw
Marketing & Sales:
Phone: +2501234567
Email: onlinemarketing@radiotv10.rw
Editorial & Press:
Phone: +2501234567
Email: press@radiotv10.rw
Management:
Phone: +2501234567
Email: admin@radiotv10.rw