Thursday, March 19, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Senegal bwajyanywe na Minisitiri Mukazayire

radiotv10by radiotv10
19/03/2026
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Senegal bwajyanywe na Minisitiri Mukazayire
Share on FacebookShare on Twitter

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yakiriwe na Perezida wa Senegal, Bassirou Diomaye Faye; amushyikiriza ubutumwa bwa mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame.

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Werurwe 2026, nk’uko byatangajwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Senegal.

Perezidansi ya Repubulika ya Senegal, yatangaje ko “Perezida Nyakubahwa Bassirou Diomaye Faye, muri uyu mugoroba yakiriye Madamu Nelly Mukazayire, Minisitiri wa Siporo wa Repubulika y’u Rwanda, wari umuzaniye ubutumwa bwa mugenzi we Nyakubahwa Paul Kagame.”

Nubwo Perezidandi ya Repubulika ya Senegal itatangaje ubu butumwa Perezida Kagame yoherereje mugenzi we wa Senegal, ariko Minisitiri wa Siporo ari mu bagize Guverinoma y’u Rwanda bari kujya mu Bihugu bigize Umuryango w’Ibikoresha Igifaransa, bajyanye ubutumwa bwa Perezida Kagame busaba bagenzi be gushyigikira kandidatire ya Madamu Louise Mushikiwabo.

Ku wa Mbere w’iki cyumwe, Minisitiri Nelly Mukazayire yari yerecyeje muri Mauritania, aho na bwo yashyikirije na Perezida w’iki Gihugu, Mohamed Ould Cheikh El Ghazouani, ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bumusaba gushyigikira iyi kandidatire.

Kuri uwo munsi kandi, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe na we yagiriye uruzinduko muri Djibouti, aho yakiriwe na Perezida w’iki Gihugu Ismaïl Omar Guelleh.

Perezida wa Senegal yakiriye Minisitiri Mukazayire
Banagiranye ibiganiro

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen − three =

Previous Post

Umugabo wari wafungiwe gukubita umugore we arakekwaho kumwica nyuma y’amezi macye afunguwe

Next Post

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

Related Posts

Guverinoma y’u Rwanda yatanze konji

Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruhuko mu Rwanda

by radiotv10
19/03/2026
0

Ministeri y'Abakozi ba Leta n'Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026, ari umunsi w'Ikiruhuko watanzwe, mu...

Rwanda and DR Congo Agreed to Concrete Steps to Further the Implementation of the Washington Peace Agreement

Rwanda and DR Congo Agreed to Concrete Steps to Further the Implementation of the Washington Peace Agreement

by radiotv10
19/03/2026
0

The Government of the United States of America has released a joint statement with the Governments of Rwanda and the...

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

by radiotv10
19/03/2026
0

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za America yashyize hanze itangazo rihuriweho n’iki Gihugu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wari wafungiwe gukubita umugore we arakekwaho kumwica nyuma y’amezi macye afunguwe

by radiotv10
19/03/2026
0

Umugabo wo mu Murenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke wari umaze amezi abiri afunguwe nyuma yo gukatirwa igifungo gisubitse...

Living with Disabilities: Understanding, Respect, and Inclusion

Living with Disabilities: Understanding, Respect, and Inclusion

by radiotv10
19/03/2026
0

Living with disabilities is part of the reality for millions of people around the world. Disabilities can affect how a...

IZIHERUKA

Guverinoma y’u Rwanda yatanze konji
MU RWANDA

Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruhuko mu Rwanda

by radiotv10
19/03/2026
0

Rwanda and DR Congo Agreed to Concrete Steps to Further the Implementation of the Washington Peace Agreement

Rwanda and DR Congo Agreed to Concrete Steps to Further the Implementation of the Washington Peace Agreement

19/03/2026
BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

19/03/2026
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Senegal bwajyanywe na Minisitiri Mukazayire

Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Senegal bwajyanywe na Minisitiri Mukazayire

19/03/2026
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wari wafungiwe gukubita umugore we arakekwaho kumwica nyuma y’amezi macye afunguwe

19/03/2026
Living with Disabilities: Understanding, Respect, and Inclusion

Living with Disabilities: Understanding, Respect, and Inclusion

19/03/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru mashya: Hatangajwe umunsi w’ikiruhuko mu Rwanda

Rwanda and DR Congo Agreed to Concrete Steps to Further the Implementation of the Washington Peace Agreement

BREAKING: Hatangajwe iby’ingenzi byavuye mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo muri America

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.