• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ukraine yemeje ko yivuganye Umujenerali wa 4 w’u Burusiya

radiotv10by radiotv10
16/03/2022
in Uncategorized
0
Ukraine yemeje ko yivuganye Umujenerali wa 4 w’u Burusiya
Share on FacebookShare on Twitter

Ukraine yemeje ko yishe Major General Oleg Mityaev, ubaje Umujenarali wa kane w’u Burusiya wiciwe muri Ukraine kuva iki Gihugu cyashozwamo intambara.

Amakuru yatangajwe na Minisiteri y’Umutekano muri Ukraine kuri uyu wa Kabiri, avuga ko Major General Oleg Mityaev w’imyaka 47 y’amavuko yiciwe mu rugamba rwaberaga mu Mujyi wa Mariupol.

Minisiteri y’Umutekano muri Ukraine kandi yerekanye ibikorwa byangiritse ahabereye iyi mirwano yaguyemo uyu Mujenerari wapfanye n’abandi barwanyi batandatu bakomeye bo mu itsinda rya SWAT.

Minisiteri y’Umutekano kandi yagaragaje ifoto yo kunamira uyu Mujenerali w’u Burusiya wishwe ndetse n’abandi barwanyi biciwe hamwe.

Gusa u Burusiya ntacyo buratangaza kuri uru rupfu rwa Major General Oleg Mityaev waba ubaye Umujenerali wa kane w’u Burusiya waba yiciwe muri Ukraine kuva intambara yatangira.

Abandi basirikare bo ku rwego b’u Burusiya bamaze kugwa muri iyi ntambara, barimo Major General Andrei Kolesnikov, Major General Vitaly Gerasimov na Major General Andrei Sukhovetsky.

Habarwa kandi abandi basirikare bane bo ku rwego rukuru barimo abafite ipeti rya Colonel ndetse n’iririkurikira rya Lt Colonel ari bo; Colonel Andrei Zakharov, Colonel Konstantin Zizevsky, Lieutenant Colonel Dmitry Safronov na Lieutenant Colonel Denis Glebov.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen − 11 =

Previous Post

Guhagarika ‘Adhana’ ntibireba imisigiti 8 gusa ahubwo ni mu Gihugu hose- Min.Gatabazi

Next Post

IFOTO: Ni umwana w’Igihugu…Min.Gatabazi agaburira umwana w’i Musanze

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
IFOTO: Ni umwana w’Igihugu…Min.Gatabazi agaburira umwana w’i Musanze

IFOTO: Ni umwana w’Igihugu…Min.Gatabazi agaburira umwana w’i Musanze

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.