Wednesday, October 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ndoli yahishuye uko Bakame basangiraga akabisi n’agahiye yagize uruhare mu gutundukana n’umugore

radiotv10by radiotv10
23/06/2022
in Uncategorized
0
Ndoli yahishuye uko Bakame basangiraga akabisi n’agahiye yagize uruhare mu gutundukana n’umugore
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyezamu w’umunyabigwi mu Rwanda, Ndoli Jean Claude wamaze guhagarika ruhago, yahishuye ko Jean-Luc Eric Ndayishimiye [Bakame] bigeze kuba inshuti magara, yagize uruhare mu itandukana rye n’umugore we.

Ndoli wagarutse ku bucuti bwe na Bakame, yavugze ko ubwo we na Bakame bari bamaze kugera ku rwego rw’abanyezamu bakomeye mu Rwanda, kubera ubucuti bari bafitanye, bumvikanye uburyo bombi bazajya babona umwanya wo gukina mu ikipe y’Igihugu ku buryo umwe atazajya akomeza kwicaza undi.

Ati “Mpura na Bakame twese tukiri bato, turavuga tuti ‘reka dukore ikintu ku buryo umwe azajya akina uyu munsi undi akine ejo’.”

Ndoli avuga ko Bakame bari inshuti magara ku buryo bahoranaga, ariko ko ubucuti bwabo bwajemo kuzamo kirogoye biturutse kuri iryo shyaka ryo gukunda gukina.

Avuga ko uyu mwuka mubi hagati ye na Bakame watangiye kuza hagati ya 2009 na 2010 ubwo ikipe y’u Rwanda yiteguraga amarushanwa mpuzamahanga.

Avuga ko ari bwo Bakame yamuroze, ati “Muri icyo gihe narwaye umugongo umwaka wose, umugongo waje tugiye gukina na Cote d’Ivoire.”

Ndoli avuga ko kuva icyo gihe abantu bakomeje kumubwira ko Bakame yamuroze ariko “Nkanga kubyemera nti ‘oya, inshuti yanjye magara!’.”

Avuga ko ubwo bajyaga muri CECAFA 2012, ari bwo yaje kwemera ko Bakame ari we uri inyuma y’ibi bibazo byamubagaho.

Ngo icyo gihe bari kwitegura kujya muri Tanzania, babahaye uruhushya rwo kujya mu rugo ariko akabwira Bakame ko we adahita ajya mu rugo, ariko ko yamubeshyaga kuko yatashye ariko nyuma Bakame yabwiye umugore we [wa Ndoli] ko Bakame yagiye mu gasozi.

Ngo yarabyihore, baza kujya muri Tanzania bagezeyo bagakoresha telefone ya Ndoli kuko ari yo yabashaga gufata ihuzanzira ryo muri iki Gihugu.

Ati “Ngiye kubona mbona message y’umugore we bari bamaze kuvugana, umugore wa Bakame amwoherereza message amubwira ati ‘rero iyi message uhite uyisiba, umugore wa Ndoli maze kumubwira ko Ndoli ejobundi ataraye iwe.”

Ndoli avuga ko ibi byamugizeho ingaruka zikomeye kuko umugore we byanatumye amwijundika bikaza no gutuma nyuma y’umwaka batandukana.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 2 =

Previous Post

Kajugujugu yazanye Museveni yamusize hakurya yinjira mu Rwanda n’iy’ubutaka aramutsa Abanyarwanda…Bisobanuye iki?

Next Post

AMAFOTO: Museveni i Nyabugogo na Muhima yakiranywe ubwuzu n’imbaga y’Abanyarwanda

Related Posts

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

by radiotv10
26/07/2025
0

In many African communities, turning 30 is seen as a milestone but for those who are single at that age,...

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

IZIHERUKA

Perezida Kagame avuga ko umwijima wose u Rwanda rwanyuramo hagomba kubaho urumuri
MU RWANDA

Perezida Kagame avuga ko umwijima wose u Rwanda rwanyuramo hagomba kubaho urumuri

by radiotv10
15/10/2025
0

Umusaza basanze mu bwiherero yapfuye bikekwa ko yiyahuye haravugwa igishobora kuba cyabimuteye

Umusaza basanze mu bwiherero yapfuye bikekwa ko yiyahuye haravugwa igishobora kuba cyabimuteye

15/10/2025
AGEZWEHO: Igisirikare cya Madagascar cyemeje ko cyahiritse ubutegetsi bwa Perezida nyuma y’imyiragarambyo y’urubyiruko

AGEZWEHO: Igisirikare cya Madagascar cyemeje ko cyahiritse ubutegetsi bwa Perezida nyuma y’imyiragarambyo y’urubyiruko

14/10/2025
Umukinnyi w’umunyempano Djabel utaherukaga kugaragara muri Shampiyona y’u Rwanda agiye kongera kuyikina

Umukinnyi w’umunyempano Djabel utaherukaga kugaragara muri Shampiyona y’u Rwanda agiye kongera kuyikina

14/10/2025
Perezida wa Madagascar yatsinze icy’umutwe abari bafite umugambi wo kumukura ku butegetsi

Perezida wa Madagascar yatsinze icy’umutwe abari bafite umugambi wo kumukura ku butegetsi

14/10/2025
BREAKING: AFC/M23 n’ubutegetsi bwa DRCongo hari icyo bemeranyijweho

BREAKING: AFC/M23 n’ubutegetsi bwa DRCongo hari icyo bemeranyijweho

14/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO: Museveni i Nyabugogo na Muhima yakiranywe ubwuzu n’imbaga y’Abanyarwanda

AMAFOTO: Museveni i Nyabugogo na Muhima yakiranywe ubwuzu n’imbaga y’Abanyarwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame avuga ko umwijima wose u Rwanda rwanyuramo hagomba kubaho urumuri

Umusaza basanze mu bwiherero yapfuye bikekwa ko yiyahuye haravugwa igishobora kuba cyabimuteye

AGEZWEHO: Igisirikare cya Madagascar cyemeje ko cyahiritse ubutegetsi bwa Perezida nyuma y’imyiragarambyo y’urubyiruko

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.