Tuesday, October 28, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

#2022FIFAWCQ: Uganda Cranes iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda izakorera umwiherero muri Jordania

radiotv10by radiotv10
13/08/2021
in SIPORO
0
#2022FIFAWCQ: Uganda Cranes iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda izakorera umwiherero muri Jordania
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Uganda “Uganda Cranes” irateganya gukorera umwiherero mu gihugu cya Jordania na Ethiopia mbere yo kuzacakirana na Kenya tariki ya 2 Nzeri 2021 mu mukino ufungura iy’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu 2022.

U Rwanda, Kenya Mali na Uganda bari mu itsinda rya gatanu (E) rizatangira imikino yaryo tariki ya 1 Nzeri 2021 ubwo u Rwanda ruzaba rwasuye Mali mu gihe tariki ya 2 Nzeri 2021 aribwo Kenya izaba iri kumwe na Uganda kuri Nyayo Stadium i Nairobi.

Kuri gahunda y’ikipe y’igihugu ya Uganda harimo ko tariki 21 Kanama 2021 aribwo abakinnyi n’abandi bari kumwe nayo bazahaguruka i Kampala igana muri Jordania aho izakinira imikino ibiri ya gicuti bazahuramo na Syria tariki 23 na 26 Kanama 2021.

Nyuma nibamara gukina imikino ibiri na Syria bazahita bajya muri Ethiopia bahakinire umukino wa gicuti n’iki gihugu mbere y’uko bazaba bagera i Nairobi tariki 31 Kanama 2021 bityo bazakine umukino tariki ya 2 Nzeri 2021.

Futaa.com Uganda

Ikipe y’igihugu ya Uganda Cranes

Abakinnyi bakina imbere mu gihugu bahamagawe:

Abanyezamu:

Joel Mutakubwa (Express FC), Charles Lukwago (KCCA FC), Simon Tamale (Soltilo Bright Stars FC), Nafian Alionzi (URA FC)

Abugarira:

Enock Walusimbi (Express FC), Innocent Wafula (Mbarara City FC), Paul Willa (Vipers SC), Eric Ssenjobe (Police FC), Aziizi Kayondo (Vipers SC), Halid Lwaliwa (Vipers SC), Murushid Juuko (Express FC) Garvin Kizito Mugweri (SC Villa), Kenneth Ssemakula (SC Villa), Hassan Muhamood (Police FC), Denis Iguma (KCCA FC)

Abakina hagati:

Nicholas Kasozi (Kyetume FC), Bobosi Byaruhanga (Vipers SC), Muzamiru Mutyaba (Express FC), Shafik Kuchi Kagimu (URA FC), Ali Abubaker Gift (KCCA FC), Ibrahim Orit (Vipers SC), Milton Karisa (Vipers SC), Abdu Lumala (Pyramids FC)

Abakina imbere:

Richard Basangwa (Vipers SC), Steven Dese Mukwala (URA FC), Patrick Henry Kaddu (RS Berkene), Emmanuel Arnold Okwi (Unattached), Yunus Ssentamu (Vipers SC), Jude Ssemugabi (Mbarara City FC), Martin Kizza (Express FC)

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

18 − 15 =

Previous Post

Nsengiyumva Thadée amaze amezi 9 arwariye mu rugo, yabuze ubushobozi bwo kwivuza n’ubwo afite mituweli

Next Post

10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

Related Posts

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

by radiotv10
25/10/2025
0

Umunyamakurukazi Clarisse Uwimana uzwi mu biganiro bya siporo mu Rwanda, ari mu bahawe inshingano mu bagize za Komisiyo z’Ishyirahamwe ry’Umupira...

Umuti uzarandura ikibazo cy’imisifurire kiri mu bizambya ruhago nyarwanda uri mu nzira

Umuti uzarandura ikibazo cy’imisifurire kiri mu bizambya ruhago nyarwanda uri mu nzira

by radiotv10
24/10/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko riri mu biganiro na FIFA kugira ngo shampiyona yo mu Rwanda itangire...

Mukura yanditse yerura ko itishimiye imisifurire mu mukino wayo na APR

Hatangajwe ibyemezo byafatiwe abasifuzi bayoboye imikino yazamuye impaka irimo uwa APR na Mukura

by radiotv10
23/10/2025
0

Komisiyo ishinzwe imisifurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yatangaje ibyemezo bishya bifitanye isano n’imikino ibiri ya Shampiyona iheruka...

Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon

Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon

by radiotv10
22/10/2025
0

Rugema Jocyline bakunze kwita 'Mado' yeguye ku mwanya w’ubunyamabanga muri Fan Base ya Rayon Sports FC, urwego ruhurije hamwe za...

Kigali igiye kwakira ibindi birori by’umukino w’amagare nyuma ya UCI Road World Championships

Kigali igiye kwakira ibindi birori by’umukino w’amagare nyuma ya UCI Road World Championships

by radiotv10
22/10/2025
0

Nyuma yuko Umujyi wa Kigali wakiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare, uyu Murwa Mukuru w’u Rwanda ugiye no kwakira ibirori byo guhemba...

IZIHERUKA

Hasobanuwe iby’amasasu yarashwe ku Igororero rimwe mu Rwanda
MU RWANDA

Hasobanuwe iby’amasasu yarashwe ku Igororero rimwe mu Rwanda

by radiotv10
27/10/2025
0

Umuburo wihutirwa ureba umuntu wese wanyoye iyi Jus n’iki kinyobwa mu Rwanda

Eng.-Rwanda Police responds to claims of fraud linked to banned ‘Salama Juice’

27/10/2025
Rusizi: Umuturage yubakiye mugenzi we warokotse jenoside inzu ya miliyoni 8Frw

Rusizi: Umuturage yubakiye mugenzi we warokotse jenoside inzu ya miliyoni 8Frw

27/10/2025
BREAKING: Byahinduye isura muri Cameroon nyuma yo gutangaza ko Paul Bia w’imyaka 92 yatsinze amatora 

BREAKING: Byahinduye isura muri Cameroon nyuma yo gutangaza ko Paul Bia w’imyaka 92 yatsinze amatora 

27/10/2025
Icyo Polisi y’u Rwanda ku byagaragajwe ko hari abashobora gukora amanyanga kuri ‘Jus’ yaciwe

Icyo Polisi y’u Rwanda ku byagaragajwe ko hari abashobora gukora amanyanga kuri ‘Jus’ yaciwe

27/10/2025
Ibura rikabije ry’ibikomoka kuri Peteroli mu Gihugu kimwe ryatumye gifata icyemezo gikomeye

Ibura rikabije ry’ibikomoka kuri Peteroli mu Gihugu kimwe ryatumye gifata icyemezo gikomeye

27/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hasobanuwe iby’amasasu yarashwe ku Igororero rimwe mu Rwanda

Eng.-Rwanda Police responds to claims of fraud linked to banned ‘Salama Juice’

Rusizi: Umuturage yubakiye mugenzi we warokotse jenoside inzu ya miliyoni 8Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.