Monday, October 20, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Kaze Cédric yagarutse ku ntebe y’abatoza ba Yanga SC

radiotv10by radiotv10
25/09/2021
in SIPORO
0
Kaze Cédric yagarutse ku ntebe y’abatoza ba Yanga SC
Share on FacebookShare on Twitter

Kaze Cédric wabayeho umutoza mukuru wa Yanga SC ariko akaza kwirukanwa muri Werurwe 2021, kuri ubu yagarutse muri iyi kipe mu mwanya w’umutoza wungirije bitandukanye n’uko byari bimeze ubwo yari umutoza mukuru.

Mu mpera z’Ukwakira 2020 nibwo Kaze yari yasinye amasezerano y’imyaka ibiri nk’umutoza mukuru wa Yanga SC, gusa muri Werurwe 2021 nibwo iyi kipe yamuhambirije utwangushye asubira iwabo mu gihugu cy’u Burundi. Yahawe amasezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022.

Kaze uvuka mu gihugu cy’u Burundi, azaba yungirije Nasreddine Nabi umunya-Tunisia w’imyaka 56 wanatoje makipe nka Al Ahly na Al Merrickh.

Uretse Kaze wakiriwe bwa kabiri muri Yanga SC, iyi kipe kandi yakiriye Mwyinyi Zahera uzaba ashinzwe tekinike, umutoza ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo). Zahera yatoje Yanga SC mu 2018 ubwo yari mu mikino y’amatsinda yabanagamo na Rayon Sports.

Kaze Cédric na Mwinyi Zahera bakiriwe bwa kabiri muri Yanga SC mbere y’amasaha macye ngo bacakirane na Simba SC mu mukino w’igikombe kiruta ibindi muri Tanzania (2021 Tanzania Super Cup).

Image

Kaze Cédric (Ibumoso) yongeye kwakirwa muri Yanga SC nyuma y’amezi atandatu

Image

Mwinyi Zahera (Ibumoso) nawe yongeye kwakirwa muri Yanga SC

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seven − 2 =

Previous Post

OFFICIAL: Ubumwe WBBC bwahindutse REG BBC nyuma 10

Next Post

AMAFOTO: Mbere yo gucakirana na Yanga SC, Simba SC yabonye umuterankunga wa miliyoni 800

Related Posts

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

by radiotv10
17/10/2025
0

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Bizimana Djihad, yagaragaje ko na bo batishimiye umusaruro babonye mu mikino baherutse gukina, ariko ko basezeranya...

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

by radiotv10
17/10/2025
0

Rutahizamu Fall Ngagne wa Rayon Sports wayifashije mu mwaka w'imikino ushize agashimisha abafana bayo, wari umaze amezi 10 mu mvune,...

Amakuru agezweho mu Ikipe iyoboye Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru agezweho mu Ikipe iyoboye Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
16/10/2025
0

Ikipe ya Police FC iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona y’u Rwanda imaze gukinwa iminsi itatu, yatandukanye na Muhadjiri Hakizimana wari...

Amahirwe y’Amavubi yo kujya mu cy’Isi birangiye abuze burundu

Nyuma yuko Amavubi yongeye gutenguha Abanyarwanda harakurikiraho iki?

by radiotv10
16/10/2025
0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yatangaje ko nyuma yuko Ikipe y’Igihugu itsinzwe imikino ibiri yikurikiranya, hagiye gushakwa uburyo hategurwa...

Umukinnyi w’umunyempano Djabel utaherukaga kugaragara muri Shampiyona y’u Rwanda agiye kongera kuyikina

Umukinnyi w’umunyempano Djabel utaherukaga kugaragara muri Shampiyona y’u Rwanda agiye kongera kuyikina

by radiotv10
14/10/2025
0

Manishimwe Djabel wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda nka Rayon Sports na APR FC yanabereye kapiteni, wari umaze igihe yaragiye...

IZIHERUKA

Things to leave behind with the end of the week
MU RWANDA

Things to leave behind with the end of the week

by radiotv10
20/10/2025
0

Ubutumwa Perezida wa Senegal yageneye Perezida Kagame n’Abanyarwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rwe

Ubutumwa Perezida wa Senegal yageneye Perezida Kagame n’Abanyarwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rwe

19/10/2025
Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

18/10/2025
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zagobotse abanyeshuri 900

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zagobotse abanyeshuri 900

18/10/2025
Ubutumwa buryohereye umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yageneye umuhanzi wamwambitse impeta

Hamenyekanye itariki y’ubukwe bw’umunyamakurukazi n’umuhanzi bazwi mu Rwanda

18/10/2025
Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

18/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO: Mbere yo gucakirana na Yanga SC, Simba SC yabonye umuterankunga wa miliyoni 800

AMAFOTO: Mbere yo gucakirana na Yanga SC, Simba SC yabonye umuterankunga wa miliyoni 800

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Things to leave behind with the end of the week

Ubutumwa Perezida wa Senegal yageneye Perezida Kagame n’Abanyarwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rwe

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.