Saturday, November 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

CRICKET: U Rwanda rwatsinze Nigeria mbere yo gucakirana na Uganda

radiotv10by radiotv10
02/10/2021
in SIPORO
0
CRICKET: U Rwanda rwatsinze Nigeria mbere yo gucakirana na Uganda
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatsinze Nigeria amanota 126-121 mu mukino w’umunsi wa kabiri w’irushanwa Nyafurika ryo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri West Indies mu cyiciro cy’abakinnyi (ingimbi) batarengeje imyaka 19. Iyi mikino yo gushaka itike iri kubera mu Rwanda kuva kuwa 30 Nzeri-6 Ukwakiea 2021.

Ni umukino wabereye kubuga cya Cricket giherereye mwishuri ry’myuga nubumenyingiro (IPRC KIGALI OVAL)

Muri uyu mukino, ikipe y’igihugu ya Nigeri niyo  yatsinze Toss (Gutombora kubanza ku Bating  cyangwa ku Bollinga) bityo bahitamo gutangira baboringa, kubanza gutangira batera udupira arinako babuza u Rwanda gutsinda amanota menshi.

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatsinze Nigeria nyuma y’uko u Rwanda rwari rwatsinzwe na Tanzania umukino ufungura

Birumvikana ko u Rwanda rwatangiriye muri batting (kubanza gukubita udupira) runashaka uko bashyiraho amanota menshi. Abasore b’uRwanda ntibigeze boroherwa n’ikipe ya Nigeria kuko batigeze basoza Ovars zabo zose. Muri Overs 49 n’udupira 3 abakinnyi bose uko ari 10 b’u Rwanda basohowe hanze y’ikibuga (All out).

Igice cyambere cyarangiye (Innings break) ikipe yu Rwanda ishyizeho amanota 125(125 Total runs)

Muri uyu mukino kapiteni wu Rwanda DIDIER Ndikubwimana yakinnye Overs 48 n’udupira 4 ariko atsindamo amanota 32 gusa.

Kapiteni w’u Rwanda, Ndikubwimana Didier ari kumwe na mugenzi we wa Nigeria, Emmanuel Boniface Oche

Igice cya kbiri cyatangiye Nigeria ariyo igiye ku Batinga (Batting) gukubita udupira arinako bashaka uko bakuraho ikinyuranyo cyashyizweho nu Rwanda kingana namanota 125 wongeyeho inota 1 (126)

Mugutangira ikipe ya Nigeria yagaragazaga urwego ruri hejuru kuburyo benshi mubakurikiranaga uyu mukino bayihaga amahirwe yogutsinda cyane ko aba basore bo banakinnye imikino y’igikombe cy’isi,Abasore bu Rwanda nabo niko barwanaga nokureba uko badefanda amanota bari batsinze,arinako bagenda basohora abakinnyi ba Nigeria.

Umukino warangiye u Rwanda arirwo rwegukanye itsinzi,kuko narwo rwabashije gusohora abakinnyi bose uko ari 10 ba Nigeria(All out)

Nigeria ikaba yatsinze amanota 121(Total runs) muri overs 39 n’ubupira 3 bingana n’ubupira 237.

Umukino w’u Rwanda na Nigeria wabereye i Gahanga

Muri uyu mukino Ntwari Steven (Rwanda) niwe wabaye umukinnyi mwiza w’umukino (Man of the match).

Undi mukino wahuzaga ikipe y’igihugu ya Tanzania na Namibia, Tanzania yabashije gutsinda umukino wayo wa kabiri itsinze Namibia amanota 200 muri Overs 50, abakinnyi 8 nibo basohotse ku ruhande rwa Tanzania.

Mu gihe Namibia yabatingaga yari ifite intego y’amanota 201,ariko abasosore ba Tanzaniya nibigeze baborohera kuko muri overs 37 n’udupira 3 bari bamaze gukuramo abakinnyi bose ba Namibia (All out), Namibia ikaba yarimaze gushyiraho amanota 152.

U Rwanda rwabonye intsinzi imbere ya Nigeria

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 2 Ukwakira 2021 ni ikiruhuko, imikino irakomeza kuri iki cyumweru.

Kuri iki cyumweru rero nibwo  u Rwanda ruzakina na Uuganda kuri stade mpuzamahanga ya Cricket iri i Gahanga mu gihe undi mukino uzahuza Tanzania na Nigeria ku kibuga cya Cricket kiri mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Kigali(RP-IPRC KIGALI OVAL). Imikino izatangirira rimwe, saa tatu n’igice z’igitondo (09:30’).

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 − four =

Previous Post

Ole Gunnar Solskjær yishimiye igaruka rya Marcus Rashford mbere yo gucakirana na Everton

Next Post

Hagiye hanze amafoto y’ubwukwe bw’umunyezamu, Nsengimana Dominique bwabaye mu ibanga

Related Posts

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

by radiotv10
14/11/2025
0

Nyuma yuko Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadée, atangaje ko ikipe yamaze gutandukana n’umutoza Afahmia Lotfi kubera umusaruro muke, ibintu...

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

Perezida wa Rayon yizeje gukemura burundi bimwe mu bibazo biyibereye umutwaro

by radiotv10
13/11/2025
0

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bugiye gukemura burundu ikibazo cy’umutoza Robertinho ndetse n’icya...

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

by radiotv10
12/11/2025
0

Tombola y’amatsinda y’Igikombe cya Afurika muri Handball (Men’s Handball Africa Cup of Nations) kizabera mu Rwanda mu kwezi kwa mbere...

Umunyezamu Kwizera Olivier utaheruka kwambara umwambaro w’Amavubi yongeye guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu

Umunyezamu Kwizera Olivier utaheruka kwambara umwambaro w’Amavubi yongeye guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu

by radiotv10
12/11/2025
0

Ikipe y’igihugu Amavubi yahamagaye abakinnyi 25 bagomba gutangira umwiherero, barimo umunyezamu Kwizera Olivier wanyuze mu makipe anyuranye mu Rwanda no...

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

by radiotv10
11/11/2025
0

Aimable Nsabimana, myugariro w’ikipe ya Assabah Sports Club yo mu cyiciro cya mbere muri Libiya, yavuze ko yigeze gutekereza kureka...

IZIHERUKA

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi
AMAHANGA

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi

by radiotv10
15/11/2025
0

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

15/11/2025
Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

15/11/2025
Rusizi: Ubuyobozi ntibwumva kimwe n’abahinzi b’umuceri ikibazo cyabateye kwiheba

Hatangajwe umuti uri kuvugutirwa ikibazo gikunze gutuma bamwe mu bahinzi barira ayo kwarika

15/11/2025
Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

14/11/2025
Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

14/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Hagiye hanze amafoto y’ubwukwe bw’umunyezamu, Nsengimana Dominique bwabaye mu ibanga

Hagiye hanze amafoto y’ubwukwe bw’umunyezamu, Nsengimana Dominique bwabaye mu ibanga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.