Saturday, November 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Undi muhanzi Nyarwanda agiye kwerecyeza muri Canada

radiotv10by radiotv10
29/10/2024
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Undi muhanzi Nyarwanda agiye kwerecyeza muri Canada
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Kenny Sol aritegura kwerecyeza muri Canada kuhakorera ibitaramo azamaramo ukwezi, agasangayo mugenzi we Bruce Melodie basanzwe banabana muri Label imwe ya 1:55 AM.

Kenny Sol aritegura kujya muri Canada, ku nshuro ya kabiri, dore ko atari ku nshuro ya mbere agiye gutaramira muri iki Gihugu.

Avuga ko yiteguye kujya guha ibyishimo Abanyarwanda n’abandi bose baba muri Canada bakunda umuziki we, kuko amaze iminsi ari mu myiteguro.

Agaruka ku myiteguro ye no kuba asubiye muri Canada, Kenny Sol yagize ati “Canada ntabwo ari ubwa mbere ngiye kuhataramira, ubwo mperukayo nabonye hari abantu bafite ibyishimo, no kuri iyi nshuro niteguye kubaha ibyishimo.”

Igitaramo cya mbere azakorera muri iki Gihugu cya Canada, kizaba tariki 15 Ugushyingo 2024, akazanakomeza ibindi bitaramo muri iki Gihugu afitemo igihe kirenga ukwezi.

Agiye kwerecyezayo asangayo Bruce Melodie, we wamaze no gutangira ibitaramo afite muri iki Gihugu cya Canada, kimaze iminsi kigaragaza ko hari abakunzi ba muzika Nyarwanda benshi.

Aba bombi bagiye gutaramira mu Gihugu cya hanze y’u Rwanda nyuma yuko banagaragaye mu iserukiramuco rya Iwacu Muzika Festival ryateguwe na Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda, byazengurutse Igihugu cyose.

Khamiss SANGO
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × two =

Previous Post

Basketball: Amakipe ahagarariye u Rwanda mu mikino ibera Zanzibar akomeje gukurirwa ingofero

Next Post

Amakuru mpamo ku ifoto ya Perezida Kagame yagaragaye i Burundi

Related Posts

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

by radiotv10
29/10/2025
0

Ange Niyonshuti Tricia, umugore w’umuhanzi Tom Close; yongeye kumwibutsa ko amukunda urutagereranywa, anamubwira ko amwifuriza kuramba kugeza igihe azabonera ubuvivi....

Eng.-Rwandan origin girl competing for Miss Belgium crown

Eng.-Rwandan origin girl competing for Miss Belgium crown

by radiotv10
28/10/2025
0

Kyra Nkezabera, who has Rwandan roots, is among the contestants for the Miss Belgium title. She is confident about her...

Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

by radiotv10
28/10/2025
0

Kyra Nkezabera ufite inkomoko mu Rwanda, ari mu bahatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi, ndetse akaba afite icyizere cyo kuryegukana,...

How musicians are using streaming platforms to make money

How musicians are using streaming platforms to make money

by radiotv10
27/10/2025
0

In today’s digital world, streaming platforms have completely changed how musicians share their music and earn a living. Instead of...

Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

by radiotv10
25/10/2025
0

Nyuma y'ibyumweru bibiri afunguwe, Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga n'umugore we Annette Murava, basohoye indirimbo nshya bise ‘Ndi inde”...

IZIHERUKA

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda
AMAHANGA

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

by radiotv10
01/11/2025
0

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

01/11/2025
BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

01/11/2025
Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

01/11/2025
Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

01/11/2025
Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

31/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amakuru mpamo ku ifoto ya Perezida Kagame yagaragaye i Burundi

Amakuru mpamo ku ifoto ya Perezida Kagame yagaragaye i Burundi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.