• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Undi muhanzi Nyarwanda agiye kwerecyeza muri Canada

radiotv10by radiotv10
29/10/2024
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Undi muhanzi Nyarwanda agiye kwerecyeza muri Canada
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Kenny Sol aritegura kwerecyeza muri Canada kuhakorera ibitaramo azamaramo ukwezi, agasangayo mugenzi we Bruce Melodie basanzwe banabana muri Label imwe ya 1:55 AM.

Kenny Sol aritegura kujya muri Canada, ku nshuro ya kabiri, dore ko atari ku nshuro ya mbere agiye gutaramira muri iki Gihugu.

Avuga ko yiteguye kujya guha ibyishimo Abanyarwanda n’abandi bose baba muri Canada bakunda umuziki we, kuko amaze iminsi ari mu myiteguro.

Agaruka ku myiteguro ye no kuba asubiye muri Canada, Kenny Sol yagize ati “Canada ntabwo ari ubwa mbere ngiye kuhataramira, ubwo mperukayo nabonye hari abantu bafite ibyishimo, no kuri iyi nshuro niteguye kubaha ibyishimo.”

Igitaramo cya mbere azakorera muri iki Gihugu cya Canada, kizaba tariki 15 Ugushyingo 2024, akazanakomeza ibindi bitaramo muri iki Gihugu afitemo igihe kirenga ukwezi.

Agiye kwerecyezayo asangayo Bruce Melodie, we wamaze no gutangira ibitaramo afite muri iki Gihugu cya Canada, kimaze iminsi kigaragaza ko hari abakunzi ba muzika Nyarwanda benshi.

Aba bombi bagiye gutaramira mu Gihugu cya hanze y’u Rwanda nyuma yuko banagaragaye mu iserukiramuco rya Iwacu Muzika Festival ryateguwe na Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda, byazengurutse Igihugu cyose.

Khamiss SANGO
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

ten − 9 =

Previous Post

Basketball: Amakipe ahagarariye u Rwanda mu mikino ibera Zanzibar akomeje gukurirwa ingofero

Next Post

Amakuru mpamo ku ifoto ya Perezida Kagame yagaragaye i Burundi

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Amakuru mpamo ku ifoto ya Perezida Kagame yagaragaye i Burundi

Amakuru mpamo ku ifoto ya Perezida Kagame yagaragaye i Burundi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.