Wednesday, November 5, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or, Cristiano Ronaldo aza ku mwanya wa 7 (Amafoto)

radiotv10by radiotv10
30/11/2021
in SIPORO
0
Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or, Cristiano Ronaldo aza ku mwanya wa 7 (Amafoto)
Share on FacebookShare on Twitter

Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or ye ya karindwi mu mateka, ahigitse abo bari bahanganye barimo Benzema, Cristiano Ronaldo na Robert Lewandowski.

Byari ibirori ubwo Lionel Messi yahabwaga Ballon d’Or ya karindwi mu mateka nk’umukinnyi wahize abandi mu mwaka w’imikino wa 2020/21, ibirori byabereye mu mujyi wa Paris.

Mbere y’umuhango wo gutanga ibi bihembo Lionel Messi waje uherekejwe n’umuryango we ni we wahabwaga amahirwe yo kwegukana Ballon d’Or nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu ya Argentine, abeye Kapiteni kwegukana igikombe cya Copa America.

Lionel Messi wegukanye Ballon d’Or yaherukaga kuyitwara muri 2019 ahigitse Rutahizamu wa Man United, akaba na mucyeba we Criastono Ronaldo.
Messi amaze gutwara Ballon d’Or zirindwi mu myaka itandukanye harimo esheshatu yatwaye akinira FC Barcelona, n’imwe yatwaye ari umukinnyi wa PSG. Yagiye azitwara mu myaka itandukanye ariyo : 2009, 2010, 2011, 2012, 2015, 2019 na 2021.
Mu bagore Kapiteni wa FC Barcelona akaba na Rutahizamu w’iyi kipe, Alexia Putellas, yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umugore mu mwaka wa 2020/21, yegukana Ballon d’Or.

                                           Alexia Putellas ukinira FC Barcelone

Uko ibihembo byatanzwe by’abakinnyi bitwaye neza muri 2020/21

Usibye Messi wegukanye Ballon d’Or, Umutaliyani Gianluigi Donnarumma ukinira Paris Saint-Germain yegukanye ‘Trophée Yachine’ nk’umuzamu mwiza w’umwaka 2020/21.
Alexia Putellas ukinira FC Barcelone yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umugore mu mwaka wa 2020/21, yegukana Ballon d’Or.

Robert Lewandowski yatowe nka rutahizamu w’umwaka 2020/21 mu birori byo gutanga Ballon d’Or biri kubera mu Bufaransa.

Pedro González López ‘Pedri’ ukinira FC Barcelone yatowe nk’umukinnyi mwiza mu batarengeje imyaka 21, ahabwa igihembo cyitwa ‘Kopa’. Pedro González López ukinira FC Barcelone niwe watowe nk’umukinnyi mwiza mubatarengeje imyaka 21

Ikipe ya Chelsea FC yo mu Bwongereza, iheruka gutwara igikombe cyo ku mugabane w’Uburayi “Champions League”  niyo yahawe igihembo cy’ikipe y’umwaka 2020/21.

                                                     Gianluigi Donnarumma yegukanye ‘Trophée Yachine’ Lewandowski yatowe nka rutahizamu w’umwaka 2020/21                       Chelsea FC yo mu Bwongereza niyo kipe nziza y’umwaka wa 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 2 =

Previous Post

Ni Messi cyangwa Robert Lewandowski- Ballon d’Or 2021 irarara mu maboko yande?

Next Post

COVID-19: Kuki Abaturarwanda bagiye guterwa urukingo rwa gatatu? Hari impungenge biteye?

Related Posts

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya APR FC izakira umukino uzayihuza na mucyeba wayo Rayon Sports, yatangaje ibiciro byo kuwinjiramo, aho itike ya macye...

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

by radiotv10
31/10/2025
0

Abakinnyi b’ikipe ya Manchester United bagaragaye bambaye barimbye mu myambaro inogeye ijisho, ubwo bari bitabiriye imyitozo bitegura umukino bafite muri...

Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

by radiotv10
31/10/2025
0

Cristiano Ronaldo Junior, imfura ya rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yerekanye imodoka ye ya mbere atunze ku myaka 15...

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abakinnyi 2 ba APR bagaragaje imyitwarire igayitse hanashyirwa hanze ibyo bakoze

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abakinnyi b’ingenzi ba APR bakorwagaho iperereza ku myitwarire idahwitse bagaragaje

by radiotv10
31/10/2025
0

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko iperereza ryakorwaga ku bakinnyi b'iyi kipe, Dauda Yussif na Sy Mamadou ku myitwarire idahwite...

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
30/10/2025
0

Ikipe ya El Hilal iri mu ziherutse kwemererwa kuzakina Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yafashe urugendo iza muri iki Gihugu,...

IZIHERUKA

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana
MU RWANDA

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

by radiotv10
05/11/2025
0

Igihugu cy’u Bushinwa n’icy’u Burusiya birishimira uko umubano wabyo uhagaze bikaniyemeza ibirenzeho

Igihugu cy’u Bushinwa n’icy’u Burusiya birishimira uko umubano wabyo uhagaze bikaniyemeza ibirenzeho

05/11/2025
AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

04/11/2025
Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

04/11/2025
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

04/11/2025
DRC: Abashyigikiye Umunyapolitiki ufungiwe kubahuka Perezida bateguye imyigaragambyo

Uwari inkoramutima ya Tshisekedi wiyemeje kumurwanya yagarukanye imbaraga anatangaza umugambi adashobora kwihanganira

04/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
COVID-19: Kuki Abaturarwanda bagiye guterwa urukingo rwa gatatu? Hari impungenge biteye?

COVID-19: Kuki Abaturarwanda bagiye guterwa urukingo rwa gatatu? Hari impungenge biteye?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

Igihugu cy’u Bushinwa n’icy’u Burusiya birishimira uko umubano wabyo uhagaze bikaniyemeza ibirenzeho

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.