Monday, November 3, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Nyanza: Umugabo arakekwaho kwiyahuza umuti wica udukoko abitewe n’isindwe

radiotv10by radiotv10
27/12/2021
in MU RWANDA
0
Nyanza: Umugabo arakekwaho kwiyahuza umuti wica udukoko abitewe n’isindwe
Share on FacebookShare on Twitter

Umugabo w’imyaka 23 y’amavuko wakoraga mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza, arakekwaho kwicwa n’umuti wica udukoko yiyahuje nyuma yo kunywa inzoga nyinshi

Uyu mugabo witwa Emmanuel arakekwaho kwicwa n’umuti wica udukoko uzwi nka Roket yanyoye abigambiriye ashaka kwiyambura ubuzima.

Uyu Emmenuel yari asanzwe akora akazi ko kwita ku matungo magufi y’ingurube y’umuturage witwa Valens Nzeyimana utuye muri aka gace.

Uyu Valens Nzeyimana wari umukoresha wa nyakwigendera, yatangaje ko amakuru bayamenye bayabwiwe na mugezi wa nyakwigendera bakoranaga ubwo yabahuruzaga saa cyenda z’ijoro.

Yagize ati “Yari kumwe n’abandi baturage babiri bambwira ko arembye kuko hakekwaga ko yanyoye umuti ushyirwa ku myaka wica udusimba witwa roket.”

Uyu wari umukoresha wa nyakwigendera avuga ko gukeka ko yiyahuje umuti wa Roket ngo ni uko barebye mu icupa wari urimo bagasanga washizemo.

Valens uvuga ko bihutiye kumuha amata ariko bikaba iby’ubusa kuko yaje gushiramo umwuka, avuga ko nyakwigendera yari yanyoye inzoga nyinshi.

Ati “Ikigaragara yari yanyoye inzoga nyinshi ariko ibyo ntibyari gutuma yiyahura.” Gusa akavuga ko yari afite amakimbirane n’umugore we dore ko yari yanamuhembye agira ngo bajye gusangira iminsi mikuru ariko ntiyajyayo.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × 3 =

Previous Post

AMAFOTO: Uburanga n’ikimero by’umukobwa uri mu rukundo n’Umunyamakuru Yago bateranye imitoma bigatinda

Next Post

Somalia: Perezida yahagaritse Minisitiri w’Intebe arinangira akomeza akazi

Related Posts

Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare

Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare

by radiotv10
02/11/2025
0

Mu irushanwa ry'imibare, hahembwe abanyeshuri, abarimu n'ibigo by'amashuri, bitwaye neza mu Gihugu hose, aho Ishuri ryabaye irya Mbere ari École...

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

by radiotv10
01/11/2025
0

The nationwide identity verification and photo registration exercise for Rwanda’s new digital ID system began in Huye, Gisagara and Nyanza...

Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

by radiotv10
01/11/2025
0

There’s a growing buzz and growing worry about internships in Rwanda that pay little or nothing. For many graduates, internships...

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

by radiotv10
01/11/2025
0

Umugabo w’imyaka 62 y’amavuko ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yafatiwe ku Biro by'Umurenge wa Rubengera mu Karere ka...

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding

by radiotv10
01/11/2025
0

A 62-year-old man suspected of taking part in the 1994 Genocide against the Tutsi was arrested at the Rubengera Sector...

IZIHERUKA

Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare
MU RWANDA

Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare

by radiotv10
02/11/2025
0

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

02/11/2025
Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

01/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

01/11/2025
BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

01/11/2025
Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

01/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Somalia: Perezida yahagaritse Minisitiri w’Intebe arinangira akomeza akazi

Somalia: Perezida yahagaritse Minisitiri w’Intebe arinangira akomeza akazi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.