Monday, February 23, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kayonza: Bari mu rujijo nyuma yo kumara 1/2 cy’umwaka badahembwa

radiotv10by radiotv10
23/02/2026
in MU RWANDA
0
Kayonza: Bari mu rujijo nyuma yo kumara 1/2 cy’umwaka badahembwa
Share on FacebookShare on Twitter

Abagize itsinda Tube Heza rikora isuku ku muhanda wa kaburimbo ku gice cy’Umurenge wa Kabare mu Karere ka Kayoza, bavuga ko bamaze amezi atandatu badahembwa, bagasaba ubuyobozi kubafasha bagahabwa amafaranga yabo.

Abagize itsinda Tube Heza ryo mu Murenge wa Kabare bakora isuku ku muhanda wa kaburimbo muri uyu murenge bavuga ko bamaze amezi atandatu nta mafaranga barahabwa, mu gihe ngo byari bimenyerewe ko bayahabwa buri mezi atatu. Icyo bose bahurizaho ni uko bakwishyurwa amafaranga bakoreye, kuko ngo bikomeje kubashyira mu mibereho mibi.

Uwitwa Nyiransabimana Sarah ati: “Tumaze imyaka itandatu dukora mu muhanda. Kanyabutaka yaduhaye akazi, buri mezi atatu tugahembwa, none amezi abaye atandatu bataraduhemba. Ubu rero batubwira ko amafaranga yaraje, ariko ko ikibazo gihari ari Gitifu utarasinyira kuri iyo fishi ngo tubone amafaranga.”

Undi witwa Dushimimana Claudine yunzemo ati: “Ubukene buratwishe, abana barirukanywe ku ishuri kuko turimo gushaka amafaranga yo kwishyura amafaranga y’ishuri.”

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kabare, Djafari Bagirigomwa, yabwiye RadioTV10 ko ikibazo bakizi, ko hari ibiri gutunganywa, ariko ko bitarenze icyumweru gitaha bazaba bayabonye. Yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’iki kinyamakuru kuri telefoni.

Ati: “Iyi dosiye ndayizi. Hari ibiri kunozwa mu mibyizi bakoze, ariko ikibazo cyabo kirakemuka vuba. Icyumweru gitaha biraba biri ku murongo.”

Itsinda Tube Heza rigizwe n’abaturage 21, bahuriza ku gusaba ko bakwishyurwa amafaranga bakoreye, kuko ngo bikomeje kubashyira mu bukene ndetse no kubura ikibatunga, nk’uko bavuga ko ari ho bakura amaramuko.

Bavuga ko baba bakoze isuku uko bikwiye
Gusa ngo amezi abaye atandatu badahembwa
Umuhanda wo baba bawukesheje

Youssuf UBONABAGENDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 1 =

Previous Post

Ufite inkomoko mu Rwanda wageze mu cyiciro cya nyuma cya Miss Belgium ntiyahiriwe

Next Post

Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy’ingirakamaro cyabasigiye akaga

Related Posts

Nyuma yuko inzoga z’inkorano zikomeje guhitana bamwe mu Rwanda inzego zazihagurukiye

Nyuma yuko inzoga z’inkorano zikomeje guhitana bamwe mu Rwanda inzego zazihagurukiye

by radiotv10
23/02/2026
0

Nyuma yuko abatuye mu Murenge wa Jenda batabaje bavuga ko barembejwe n’inzoga z’inkorano zirimo iyamamaye cyane ku izina ry’Igisabasaba ubuyobozi...

Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza

Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza

by radiotv10
23/02/2026
0

Richard Kamanzi, wahoze afite ipeti rya CSP (Chief Superintendent of Police) muri Polisi y'u Rwanda wari mu kiruhuko, yitabye Imana...

Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy’ingirakamaro cyabasigiye akaga

Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy’ingirakamaro cyabasigiye akaga

by radiotv10
23/02/2026
0

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza, baravuga ko ikorwa ry’umuhanda uhuza uwa kaburimbo munini ugana...

What to activate in yourself to make 2026 your best year yet

What to activate in yourself to make 2026 your best year yet

by radiotv10
23/02/2026
0

We are only a few days away from entering the new month of March, and maybe you have already noticed...

The End of Passwords: Welcome to the Age of Biometric Security

The End of Passwords: Welcome to the Age of Biometric Security

by radiotv10
21/02/2026
0

For years, passwords have been the guards of our digital lives. We use them to unlock our phones, check our...

IZIHERUKA

Nyuma yuko inzoga z’inkorano zikomeje guhitana bamwe mu Rwanda inzego zazihagurukiye
MU RWANDA

Nyuma yuko inzoga z’inkorano zikomeje guhitana bamwe mu Rwanda inzego zazihagurukiye

by radiotv10
23/02/2026
0

Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi

Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi

23/02/2026
Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza

Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza

23/02/2026
Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy’ingirakamaro cyabasigiye akaga

Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy’ingirakamaro cyabasigiye akaga

23/02/2026
Kayonza: Bari mu rujijo nyuma yo kumara 1/2 cy’umwaka badahembwa

Kayonza: Bari mu rujijo nyuma yo kumara 1/2 cy’umwaka badahembwa

23/02/2026
Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

Ufite inkomoko mu Rwanda wageze mu cyiciro cya nyuma cya Miss Belgium ntiyahiriwe

23/02/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy’ingirakamaro cyabasigiye akaga

Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy'ingirakamaro cyabasigiye akaga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyuma yuko inzoga z’inkorano zikomeje guhitana bamwe mu Rwanda inzego zazihagurukiye

Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi

Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.