Wednesday, April 1, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi

radiotv10by radiotv10
01/04/2026
in AMAHANGA
0
Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi
Share on FacebookShare on Twitter

Iturika ry’ububiko bw’intwaro bw’ikigo cya Gisirikare cya cya Musaga i Bujumbura mu Burundi, ryateye inkongi y’umuriro ikomeye, ryahitanye abantu benshi, abandi barakomereka.

Iri turika ryabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 31 Werurwe 2026, bivugwa ko ryatewe n’ibibazo byabaye mu mashyanyarazi, aho intwaro zarimo zakongotse, ndetse amasasu yarimo agaturika amwe akagwa mu baturage.

Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa AFP, biravuga ko :abantu benshi baburiye ubuzima muri iri turika ryateye inkongi y’umuriro” yibasiye ububiko bw’intwaro i Bujumbura.

Gusa ubuyobozi bw’inzego nkuru z’u Burundi ntiburatangaza umubare w’ibyangijwe n’iri turika, n’abantu baburiyemo ubuzima.

AFP ivuga ko umwe mu bapolisi bo hejuru mu gipolisi cy’u Burundi wari mu bikorwa by’ubutabazi ubwo ririya turika ryabaga yavuze ko “Hari ababarirwa muri mirongo bapfuye, ariko umubare wa nyawo ushobora kwiyongera.”

Nanone kandi umwe mu basirikare bo hejuru mu gisirikare cy’u Burundi, na we yavuze ko “hari ababarirwa muri za mirongo bishwe na ririya turika, abantu babarirwa muri Magana bakomeretse.”

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, mu butumwa yatanze mu ijoro ryacyeye ubwo iri turika ryari rikimara kuba, yihanganishije abagizweho ingaruka n’iriya nkongi y’umuriro yatewe na ririya turika ry’ububiko bw’intwaro za Gisirikare.

Yagize ati “Turahumurije Abarundi bose: inzego z’Igihugu ziri mu kazi kugira zitabare kandi zikore ibishobozi zisubize ibintu mu buryo.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 + seventeen =

Previous Post

Igitero cy’udutsiko tudasanzwe muri Haiti cyahitanye abantu benshi

Related Posts

Igitero cy’udutsiko tudasanzwe muri Haiti cyahitanye abantu benshi

Igitero cy’udutsiko tudasanzwe muri Haiti cyahitanye abantu benshi

by radiotv10
01/04/2026
0

Abantu 70 bapfuye, abandi 30 bakomerekera mu gitero cyagabwe n’udutsiko tw’abagizi ba nabi mu Karere ka Artibonite muri Haiti, nk’uko...

Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

by radiotv10
01/04/2026
0

Ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bw'ikigo cya Musaga i Bujumbura, bwahuye n'iturika rikomeye, burashya burakongoka n’intwaro zarimo, bitewe n’ibibazo byaturutse...

Habaye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye Minisitiri muri Guverinoma ya Uganda

Habaye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye Minisitiri muri Guverinoma ya Uganda

by radiotv10
01/04/2026
0

Imodoka yari itwaye Minisitiri w’Ubutaka muri Uganda, Judith Nabakooba; yakoze impanuka ikomeye yabereye mu gishanga cya Kibukuta mu Karere ka...

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

AFC/M23 yatangaje uko byifashe mu mirwano iyihanganishije n’abarimo FARDC na FDLR

by radiotv10
31/03/2026
0

Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko uruhande bahanganye rugizwe na FARDC, FDLR ndetse n’ingabo z’u Burundi, rwaguye imirwano mu bice binyuranye rukoresheje...

Harumvikana gushidikanya ku gihe intambara ya Iran izarangirira

Harumvikana gushidikanya ku gihe intambara ya Iran izarangirira

by radiotv10
31/03/2026
0

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko intego y’iki Gihugu mu ntambara ya Iran, bayigeze ku gipimo kirenga kimwe...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi
AMAHANGA

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi

by radiotv10
01/04/2026
0

Igitero cy’udutsiko tudasanzwe muri Haiti cyahitanye abantu benshi

Igitero cy’udutsiko tudasanzwe muri Haiti cyahitanye abantu benshi

01/04/2026
Moses Turahirwa wari wajuriye atakambira Urukiko ngo rumurekure yagumishirijweho igihano

Moses Turahirwa wari wajuriye atakambira Urukiko ngo rumurekure yagumishirijweho igihano

01/04/2026
Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe

Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe

01/04/2026
Ruracyageretse hagati y’umunyamakuru n’umukinnyikazi wa filimi bapfa imodoka yagaragajwe n’umwe

Hemejwe ifungwa ry’umunyamakuru DC Clement hanasobanurwa imiterere y’icyabiteye

01/04/2026
Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

01/04/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi

Igitero cy’udutsiko tudasanzwe muri Haiti cyahitanye abantu benshi

Moses Turahirwa wari wajuriye atakambira Urukiko ngo rumurekure yagumishirijweho igihano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.