Saturday, April 4, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi na Madamu we bitabiriye Inzira y’Umusaraba

radiotv10by radiotv10
04/04/2026
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi na Madamu we bitabiriye Inzira y’Umusaraba
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye na Madamu we Angeline Ndayishimiye Ndayubaha basanzwe ari Abakristu Gatulika, bitabiriye Inzira y’Umusaraba yo kuzirikana ububabare bwa Yezu, banaheka umusaraba.

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 03 Mata 2026, aho Abakristu bizihije uwa Gatanu Mutagatifu wo kuzirikana ububabare bwa Yezu Kristu nk’umunsi uyu mwana w’Imana yapfiriyeho.

Mu butumwa bwe, Perezida Ndayishimiye yavuze ko we n’umuryango we bifatanyije n’abakristu bo ku Isi yose muri iki gikorwa cy’inzira y’Umusaraba.

Ati “Ni umwanya mwiza utwibutsa ukubabara n’ugupfa kw’Umwami wacu Yezu Kristu, ukatwigisha kwihangana no kuzirikana ko kugira ngo ugere ku byiza, unyura mu bikomeye.”

Ubu butumwa bwa Perezida Ndayishimiye kandi buherekejwe n’amaforo agaragaza we n’umugore we bari muri iyi nzira y’umusaraba, aho na bo ubwabo bageze aho baheka umusaraba.

Uwa Gatanu Mutagatifu, ni umunsi ukomeye muri Kiliziya Gatulika, kuko ari wo ubibutsa ububare bwa Yezu Kristu wemeye gupfira abantu kugira ngo abacungure.

Mu Bihugu binyuranye cyane cyane ibirimo abakristu gatulika benshi, hanatangwa umunsi w’ikiruhuko, kugira ngo abantu babone uko bizihiza uyu munsi, urangwa n’ibikorwa binyuranye, birimo iki cy’inzira y’umusaraba, no kuzirikana ububabare bwa Yezu Kristu.

Madamu wa Perezida Ndayishimiye na we yahetse umusaraba
N’abo mu muryango wabo
Bahise bajya gukurikira inyigisho z’ijambo ry’Imana

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven + 13 =

Previous Post

The Difference Between ‘Good’ and ‘Bad’ Procrastination

Related Posts

Capt.Ibrahim Traoré yemeza ko Demokarasi yazaniwe Abanyafurika ari yo yangije byinshi

Capt.Ibrahim Traoré yemeza ko Demokarasi yazaniwe Abanyafurika ari yo yangije byinshi

by radiotv10
03/04/2026
0

Perezida Ibrahim Traoré wa Burkina Faso, wafashe ubutegetsi binyuze muri coup d’etat yabaye mu 2022, yasabye abaturage kwikuramo amahame ya demokarasi, avuga ko...

Icyo Perezida Macron avuga ku magambo Trump yamuvuzeho yumvikanamo kumwibasira

Icyo Perezida Macron avuga ku magambo Trump yamuvuzeho yumvikanamo kumwibasira

by radiotv10
02/04/2026
0

Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko ntacyo yasubiza ku byatangajwe na mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za America...

Perezida Tshisekedi yagiriye uruzinduko muri Qatar isanzwe ari umuhuza mu bya DRC na AFC/M23

Perezida Tshisekedi yagiriye uruzinduko muri Qatar isanzwe ari umuhuza mu bya DRC na AFC/M23

by radiotv10
02/04/2026
0

Perezida Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagiriye uruzinduko mu Gihugu cya Qatar kiyoboye ibiganiro by’ubuhuza buhua...

Eng.-Tshisekedi and Ndayishimiye Accused of Atrocities Against Banyamulenge

Eng.-Tshisekedi and Ndayishimiye Accused of Atrocities Against Banyamulenge

by radiotv10
02/04/2026
0

Moïse Nyarugabo, a former senior official in the government of the Democratic Republic of Congo, has condemned drone attacks by...

Igitero cy’uwitwaje umuhoro yagabye ku ishuri muri Uganda cyahitanye abana bane cyasize amarira menshi

Igitero cy’uwitwaje umuhoro yagabye ku ishuri muri Uganda cyahitanye abana bane cyasize amarira menshi

by radiotv10
02/04/2026
0

Abana bane baburiye ubuzima mu gitero cy’umuntu witwaje umuhoro wakigabye ku ishuri ry'incuke ryo mu gace ka Ggaba i Kampala...

IZIHERUKA

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi na Madamu we bitabiriye Inzira y’Umusaraba
AMAHANGA

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi na Madamu we bitabiriye Inzira y’Umusaraba

by radiotv10
04/04/2026
0

The Difference Between ‘Good’ and ‘Bad’ Procrastination

The Difference Between ‘Good’ and ‘Bad’ Procrastination

04/04/2026
Capt.Ibrahim Traoré yemeza ko Demokarasi yazaniwe Abanyafurika ari yo yangije byinshi

Capt.Ibrahim Traoré yemeza ko Demokarasi yazaniwe Abanyafurika ari yo yangije byinshi

03/04/2026
Abavuga ko ingamba z’ubwirinzi ari ukuba RDF iri muri Congo, kuzumvikana na Tshisekedi,…Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro

Abavuga ko ingamba z’ubwirinzi ari ukuba RDF iri muri Congo, kuzumvikana na Tshisekedi,…Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro

03/04/2026
Menya Abayobozi bashyizwe mu myanya barimo CP Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda

Menya Abayobozi bashyizwe mu myanya barimo CP Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda

03/04/2026
Inkubiri yo kwegura muri ruhago y’u Butaliyani nyuma yuko Ikipe y’Igihugu ibuze itike y’icy’Isi irakomeje

Inkubiri yo kwegura muri ruhago y’u Butaliyani nyuma yuko Ikipe y’Igihugu ibuze itike y’icy’Isi irakomeje

03/04/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi na Madamu we bitabiriye Inzira y’Umusaraba

The Difference Between ‘Good’ and ‘Bad’ Procrastination

Capt.Ibrahim Traoré yemeza ko Demokarasi yazaniwe Abanyafurika ari yo yangije byinshi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.