Monday, May 25, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Amakuru mashya: Uganda yemeje abandi barwayi bashya b’icyorezo cya Ebola batumye umubare wiyongera

radiotv10by radiotv10
25/05/2026
in AMAHANGA
0
Amakuru mashya: Uganda yemeje abandi barwayi bashya b’icyorezo cya Ebola batumye umubare wiyongera
Share on FacebookShare on Twitter

Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yatangaje ko hari abandi bantu babiri bemejwe ko banduye Ebola, bitumye umubare w’abanduye bose bamenyekanye muri iki Gihugu ugera ku bantu barindwi.

Aba bantu babiri bashya ni abakozi b’ubuzima mu kigo nderabuzima cyigenga kiri mu murwa mukuru Kampala kandi bombi ni Abanya-Uganda, nk’uko Minisiteri yabitangaje mu itangazo.

Minisiteri yagize iti “Abarwayi bombi bashyizwe mu kigo cyita ku barwayi kandi ubu bari kuvurwa.” yongeraho ko amatsinda y’ubutabazi arimo gukurikirana abantu bose bahuye n’abo bantu bombi.

Aba bantu babiri bemejwe nyuma yuko ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, Abayobozi muri Uganda bari bemeje abandi bantu batatu bashya banduye Ebola.

Iki cyorezo cya Ebola bivugwa ko cyageze muri Uganda nyuma yuko kigaragaye mu Ntara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ihana imbibi na Uganda.

Ishami ry’Umuryango w’Ubibumbye ryita ku Buzima, ryatangaje ko icyorezo cya Ebola kidasanzwe cya Bundibugyo ari ikibazo kidasanzwe ku buzima rusange gihangayikishije amahanga.

Umuyobozi wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus yavuze ku Cyumweru ko hakekwa ko hari abantu barenga 900 bakekwaho iki cyorezo kugeza ubu, harimo n’abantu 101 bemejwe ko banduye.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × 4 =

Previous Post

Small Health Habits That Are Quietly Costing You More Than You Think

Related Posts

Haravugwa umwuka w’ubwoba n’urujijo nyuma y’igitero cyageragejwe ku kibuga cy’Indege i Kisangani

Haravugwa umwuka w’ubwoba n’urujijo nyuma y’igitero cyageragejwe ku kibuga cy’Indege i Kisangani

by radiotv10
25/05/2026
0

Igitero cy’indege zitagira abapilote cyageragejwe ku Kibuga cy’Indege cya Bangboka i Kisangani mu Ntara ya Tshopo muri Repubulika Iharanira Demokarasi...

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byahise bigabanuka nyuma y’itangazwa ry’igitanga icyizere cy’amahoro

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byahise bigabanuka nyuma y’itangazwa ry’igitanga icyizere cy’amahoro

by radiotv10
25/05/2026
0

Igiciro cy’ibikomoka kuri Peteroli cyagabanutse kigera munsi y’amadolari 100 ku kagunguru nyuma yuko habonetse icyizere ko hashobora kuboneka amahoro mu...

Umujenerali wo muri Wazalendo byavugwaga ko yishwe na AFC/M23 yagaragaye ari muzima yishongora

Umujenerali wo muri Wazalendo byavugwaga ko yishwe na AFC/M23 yagaragaye ari muzima yishongora

by radiotv10
25/05/2026
0

Obedi Ngabo Patrick uvuga ko ari General mu mutwe wa Wazalendo ukorana na FARDC, yagaragaye avuga ko atarapfa nk’uko byatangajwe...

Impanuka yatewe n’inzovu yahitanye abakozi batatu b’Ikigo cy’Igihugu muri Uganda

Impanuka yatewe n’inzovu yahitanye abakozi batatu b’Ikigo cy’Igihugu muri Uganda

by radiotv10
25/05/2026
0

Imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yari itwaye abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro muri Uganda, yakoreye impanuka mu muhanda...

Igishobora gukurikira iyegura rya Perezida w’Inteko muri Senegal ribayeho hatutumba umwuka mubi muri Politiki

Igishobora gukurikira iyegura rya Perezida w’Inteko muri Senegal ribayeho hatutumba umwuka mubi muri Politiki

by radiotv10
25/05/2026
0

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Senegal, El Malick Ndiaye, yatangaje ko yeguye mu gihe hari byinshi bikiri urwijiji muri politiki...

IZIHERUKA

Amakuru mashya: Uganda yemeje abandi barwayi bashya b’icyorezo cya Ebola batumye umubare wiyongera
AMAHANGA

Amakuru mashya: Uganda yemeje abandi barwayi bashya b’icyorezo cya Ebola batumye umubare wiyongera

by radiotv10
25/05/2026
0

Small Health Habits That Are Quietly Costing You More Than You Think

Small Health Habits That Are Quietly Costing You More Than You Think

25/05/2026
Haravugwa umwuka w’ubwoba n’urujijo nyuma y’igitero cyageragejwe ku kibuga cy’Indege i Kisangani

Haravugwa umwuka w’ubwoba n’urujijo nyuma y’igitero cyageragejwe ku kibuga cy’Indege i Kisangani

25/05/2026
Perezida Kagame yasoje uruzinduko yagiriraga muri Qatar

Perezida Kagame yasoje uruzinduko yagiriraga muri Qatar

25/05/2026
Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byahise bigabanuka nyuma y’itangazwa ry’igitanga icyizere cy’amahoro

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byahise bigabanuka nyuma y’itangazwa ry’igitanga icyizere cy’amahoro

25/05/2026
Umujenerali wo muri Wazalendo byavugwaga ko yishwe na AFC/M23 yagaragaye ari muzima yishongora

Umujenerali wo muri Wazalendo byavugwaga ko yishwe na AFC/M23 yagaragaye ari muzima yishongora

25/05/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru mashya: Uganda yemeje abandi barwayi bashya b’icyorezo cya Ebola batumye umubare wiyongera

Small Health Habits That Are Quietly Costing You More Than You Think

Haravugwa umwuka w’ubwoba n’urujijo nyuma y’igitero cyageragejwe ku kibuga cy’Indege i Kisangani

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.