• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Wednesday, July 1, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umugore n’umugabo we bakurikiranyweho kwicisha icyuma gishyushye umwana w’umuturanyi wabo

radiotv10by radiotv10
01/07/2026
in MU RWANDA, UBUTABERA
0
Umugore n’umugabo we bakurikiranyweho kwicisha icyuma gishyushye umwana w’umuturanyi wabo
Share on FacebookShare on Twitter

Umugore n’umugabo we bo Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi, bakurikiranyweho kwica umwana w’umuturanyi wabo w’imyaka ibiri bakoresheje icyuma gishyushye, bafite umugambi wo kumushyira aho bazajya batura inzoga, ibiryo, n’inyama abakurambere.

Ni dosiye y’umugore w’imyaka 35 n’umugabo we w’imyaka 42 y’amavuko, bo mu Mudugusu wa Bikimba, Akagari ka Gihara, Umurenge wa Runda, mu Karere ka Kamonyi.

Ni dosiye ifitwe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga, aho iki cyaha cyabaye tariki 19 Kamena 2026, ubwo uyu mugore n’umugabo we bo mu Karere ka Kamonyi biciraga uwo mwana w’imyaka ibiri bamwiciye mu rugo rwabo.

Ubushinjacyaha buvuga ko uyu mwana yishwe n’uyu mugore n’umugabo we ubwo yari yaje gukina n’abana babo mu rugo rw’aba bombi muri kariya gace batuyemo.

Ubushinjacyaha buvuga ko “Umugore amubonye yaramufashe amujyana mu gikoni ashyushya icyuma ku mbabura aramukatagura kugeza ashizemo umwuka ahita amujyana aho umugabo we yamweretse ngo azajya atura inzoga, ibiryo, n’inyama abakurambere.”

Bukomeza bugira buti “Mu ibazwa rye, umugore avuga ko igihe yakoraga iki gikorwa cy’ubugizi bwa nabi, umugabo we yari aryamye mu nzu. Ni mu gihe umugabo we mu ibazwa rye, yavuze ko muri icyo gitondo yabyutse ajya mu kazi bityo ko ibyo umugore we yakoze atari abizi.”

Icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake bakurikiranyweho giteganywa n’ingingo ya 107 y’Itegeko no 68/2018 ryo kuwa 30/8/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange. Nikibahama bazahanishwa igihano cy’igifungo cya burundu.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 1 =

Previous Post

Inama zigirwa Abaturarwanda ku ikoreshwa ry’amazi muri iki gihe yabaye imbonekarimwe

Related Posts

Inama zigirwa Abaturarwanda ku ikoreshwa ry’amazi muri iki gihe yabaye imbonekarimwe

Inama zigirwa Abaturarwanda ku ikoreshwa ry’amazi muri iki gihe yabaye imbonekarimwe

by radiotv10
01/07/2026
0

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Amazi, Isuku n'lsukura (WASAC Group) kirakangurira abafatabuguzi bacyo gukoresha neza amazi muri iki gihe cy’impeshyi, no gushaka...

Amakuru y’ingenzi wamenya ku Nama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame

Amakuru y’ingenzi wamenya ku Nama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame

by radiotv10
01/07/2026
0

Inama y’Abaminisitisi yayobowe na Perezida Paul Kagame, yasuzumiwemo ingingo zinyuranye zirimo ibirebana n’ubukungu bw’u Rwanda, kunoza amatora mu buyobozi bw'inzego...

Umugore akurikiranyweho gushaka kwica umugabo we amushyiriye ‘Super Glue’ mu nzoga amuziza kumwangira ko bimuka

Umugore akurikiranyweho gushaka kwica umugabo we amushyiriye ‘Super Glue’ mu nzoga amuziza kumwangira ko bimuka

by radiotv10
30/06/2026
0

Umugore wo Murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo, akurikiranyweho kugerageza kwica umugabo we amuhaye inzogo yashyizemo Super Glue, amuhoye...

Uko hatahuwe umusore ukekwaho gusambanya umwana mu ijoro amushukishije ibisuguti

Uko hatahuwe umusore ukekwaho gusambanya umwana mu ijoro amushukishije ibisuguti

by radiotv10
30/06/2026
0

Umusore w’imyaka 18 wo mu Murenge wa Manihira mu Karere ka Rutsiro, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gusanyambanya umwana...

Uburezi bw’u Rwanda bwungutse ishuri ryisumbuye rigezweho ry’inzira iganisha ku ntsinzi

Uburezi bw’u Rwanda bwungutse ishuri ryisumbuye rigezweho ry’inzira iganisha ku ntsinzi

by radiotv10
30/06/2026
0

Mu Murenge wa Mageragere mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, hafunguwe ku mugaragaro ishuri ryisumbuye 'Path to Success'...

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Umugore n’umugabo we bakurikiranyweho kwicisha icyuma gishyushye umwana w’umuturanyi wabo

Inama zigirwa Abaturarwanda ku ikoreshwa ry’amazi muri iki gihe yabaye imbonekarimwe

Amakuru y’ingenzi wamenya ku Nama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.