Mu rubanza rw’ubujurire ruregwamo Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid, noneho Ubushinjacyaha bwasabye ko rubera mu ruhame mu gihe amaburanisha...
Idamange Iryamugwiza Yvonnne wari wakatiwe gufungwa imyaka 15 ahamijwe ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda, yongerewe igihano nyuma yuko Ubushinjacyaha...
Nyuma yuko SACCO-Karangazi yo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare yibwe miliyoni 25 400 000 Frw nta rugi...
Rusesabagina Paul uherutse guhabwa imbabazi na Perezida Paul Kagame, agahita arekurwa ndetse akanafata rutemikirere asubira muri Leta Zunze Ubumwe za...
Amakuru y’ibihuha yavugaga ko Aimabe Karasira wabaye umwarimu muri Kaminuza ubu akaba afunzwe, yitabye Imana, yamaganiwe kure, ndetse muri iki...
Abantu 20 barimo Nsabimana Callixte baregwaga hamwe na Paul Rusesabagina, bakaba baherutse no guhererwa rimwe imbabazi, bahise bajyanwa i Mutobo,...
Niba nta mitungo afite iby’abaregeye indishyi bizaba birangiye Imbabazi za Perezida ntizihanagura ibyaha Umuhanga mu by’amategeko, avuga ko nubwo Paul...
Umugabo wo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango, arakekwaho kwica umugore we wari utwite inda y’amezi atanu (5)...
Nyuma yuko hatangajwe ko Rusesabagina Paul na Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara barekurwa ku bw’imbabazi za Perezida wa Repubulika, Paul...
Paul Rusesabagina na Nsabimana Callixte bari barahamijwe ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba bagakatirwa ibihano birimo igifungo cy’imyaka 25, barafungurwa ku bw’imbabazi...
© 2022 Radio TV 10 - Simply Rwandaful
© 2022 Radio TV 10 - Simply Rwandaful