Wednesday, August 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Icyo polisi yasubije Uracyaryamye wayigaragarije Umupolisikazi wafotowe atambaye neza agapfukamunwa

radiotv10by radiotv10
28/01/2022
in MU RWANDA
0
Mukase wa Akeza wapfuye bigashengura benshi yagejejwe imbere y’Urukiko

Marie Chantal Mukanzabarushimanakurikiranywe hamwe n'umukozi wo mu rugo

Share on FacebookShare on Twitter

Umwe mu bakoresha Twitter wiyita Uracyaryamye, yashyizeho ifoto y’Umupolisikazi wafotowe atambaye neza agapfukamunwa ubwo yari aherekeje Mukase wa Akeza ubwo yajyaga ku rukiko kuburana ku ifungwa ry’agateganyo, ayisaba kwibutsa Abapolisi kujya bakambara neza.

Ni ubutumwa bwashyizweho n’uwitwa Sir Uracyaryamye wagize ati “Nshutsi Polisi y’u rwanda mwadufasha mukibutsa uyu mupolisi kwambara neza agapfukamunwa nka kumwe mujya mubitwibutsa?”

Ni ubutumwa buherekejwe n’ifoto yafashwe kuri uyu wa Kane tariki 27 Mutarama 2022 ubwo Marie Chantal Mukanzabarushimana Mukase wa Elsie Akeza, yagezwaga imbere y’Urukiko.

Uyu witwa Sir Uracyaryamye yakomeje agira ati “Birakwiye ko twafatanya mu kurandura icyorezo cya covid-19.”

Polisi y’u Rwanda yasubije ubutumwa bw’uyu muntu wari wayisangije aya makuru n’ifoto igaragaza Umupolisikazi wari wambaye agapfukamunwa katagera ku mazuru.

Mu butumwa bwa Polisi y’u Rwanda, yamusubije igira iti “Abantu bose basabwa kwambara neza agapfukamunwa mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Koronavirusi, turabikurikirana. Murakoze.”

Uyu witwa Sir Uracyaryamye yongeye kungamo agira ati “Na we muzamutwereke nka kumwe mujya mutwereka ba bastari bacu.” Arongera ati “Kandi nkuko uburinganire bwaje birakwiye ko yahanwa nk’uko abagabo bahanwa.”

Uwitwa Kabuhariwe na we yagize ati “Birababaje kubona abakabaye batanga urugero rwiza ari bo bafata iya mbere mu kwangiza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya covid-19 kandi abaye ari umuturage usanzwe yahanishwa amande no kwicazwa muri sitade, uyu na we bamunyuzeho akanyafu ubutaha ntazongera.Murakoze.”

Dear @Rwandapolice mwadufasha mukibutsa uyu mupolisi kwambara neza agapfukamunwa nka kumwe mujya mubitwibutsa?

Birakwiye ko twafatanya mu kurandura icyorezo cya covid-19🙏🙏🙏 pic.twitter.com/vRkV3SWQ6Z

— Sir. Uracyaryamye (@byukavuba) January 27, 2022

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen − fifteen =

Previous Post

Kigali: Byagenze gute ngo umusore yigire kabushungwe ajye mu mitsi n’Abapolisi?

Next Post

Gicumbi: yahitanwe  na NGUVU GIN 12, ashaka kwesa agahigo

Related Posts

Amashuri azafungwa n’abakozi bakorere mu rugo-Ibiteganyijwe ubwo i Kigali hazaba habera irushanwa ry’Isi mu magare

Amashuri azafungwa n’abakozi bakorere mu rugo-Ibiteganyijwe ubwo i Kigali hazaba habera irushanwa ry’Isi mu magare

by radiotv10
13/08/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ingamba ziteganyijwe ubwo iki Gihugu kizaba cyakiririye Shampiyona y’Isi y’umukino w’Amagare ya 2025, zirimo ifungwa ry’amashuri...

Agezweho: Icyatumye urubanza rw’abarimo Abofisiye ba RDF na RCS n’abanyamakuru batatu rushyirwa mu muhezo

Agezweho: Icyatumye urubanza rw’abarimo Abofisiye ba RDF na RCS n’abanyamakuru batatu rushyirwa mu muhezo

by radiotv10
13/08/2025
0

Urukiko rwa Gisirikare rwafashe icyemezo cyo gushyira mu muhezo urubanza ruregwamo abantu 28 barimo Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Igorora (RCS) n’abasirikare...

Hamenyekanye abandi baregwa muri dosiye y’Abofisiye babiri ba RDF n’abanyamakuru bazwi mu Rwanda

Hamenyekanye abandi baregwa muri dosiye y’Abofisiye babiri ba RDF n’abanyamakuru bazwi mu Rwanda

by radiotv10
13/08/2025
0

Hatangiye kuburanishwa urubanza ruregwamo abantu barenga 20 barimo abasirikare babiri bo ku rwego rw’Abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda ndetse n’abanyamakuru...

Kigali: Umugabo ushinja umugore we kumusohora mu nzu akayihindura urusengero aragira icyo asaba

Kigali: Umugabo ushinja umugore we kumusohora mu nzu akayihindura urusengero aragira icyo asaba

by radiotv10
13/08/2025
0

Umugabo wo mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo, aravuga ko ababazwa no kuba inzu ye yasohowemo n'umugore we...

From teacher to TikTok star: The inspiring journey of Bizumuremyi, Rwanda’s favorite “motari”

From teacher to TikTok star: The inspiring journey of Bizumuremyi, Rwanda’s favorite “motari”

by radiotv10
13/08/2025
0

In Kigali’s busy streets, motorcycles are everywhere, but few riders have made a name quite like Sadi Bizumuremyi better known...

IZIHERUKA

Amashuri azafungwa n’abakozi bakorere mu rugo-Ibiteganyijwe ubwo i Kigali hazaba habera irushanwa ry’Isi mu magare
MU RWANDA

Amashuri azafungwa n’abakozi bakorere mu rugo-Ibiteganyijwe ubwo i Kigali hazaba habera irushanwa ry’Isi mu magare

by radiotv10
13/08/2025
0

Gen.Muhoozi yongeye gushimangira ko UPDF na RDF ari abavandimwe anahishura gahunda bafitanye

Gen.Muhoozi yongeye gushimangira ko UPDF na RDF ari abavandimwe anahishura gahunda bafitanye

13/08/2025
Agezweho: Icyatumye urubanza rw’abarimo Abofisiye ba RDF na RCS n’abanyamakuru batatu rushyirwa mu muhezo

Agezweho: Icyatumye urubanza rw’abarimo Abofisiye ba RDF na RCS n’abanyamakuru batatu rushyirwa mu muhezo

13/08/2025
Hamenyekanye abandi baregwa muri dosiye y’Abofisiye babiri ba RDF n’abanyamakuru bazwi mu Rwanda

Hamenyekanye abandi baregwa muri dosiye y’Abofisiye babiri ba RDF n’abanyamakuru bazwi mu Rwanda

13/08/2025
Kigali: Umugabo ushinja umugore we kumusohora mu nzu akayihindura urusengero aragira icyo asaba

Kigali: Umugabo ushinja umugore we kumusohora mu nzu akayihindura urusengero aragira icyo asaba

13/08/2025
Hatangajwe ibyemeza ko u Burundi bwongeye kwinjira mu mirwano itutumba muri Congo

Hatangajwe ibyemeza ko u Burundi bwongeye kwinjira mu mirwano itutumba muri Congo

13/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Gicumbi: yahitanwe  na NGUVU GIN 12, ashaka kwesa agahigo

Gicumbi: yahitanwe  na NGUVU GIN 12, ashaka kwesa agahigo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amashuri azafungwa n’abakozi bakorere mu rugo-Ibiteganyijwe ubwo i Kigali hazaba habera irushanwa ry’Isi mu magare

Gen.Muhoozi yongeye gushimangira ko UPDF na RDF ari abavandimwe anahishura gahunda bafitanye

Agezweho: Icyatumye urubanza rw’abarimo Abofisiye ba RDF na RCS n’abanyamakuru batatu rushyirwa mu muhezo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.