Sunday, November 16, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Icyo polisi yasubije Uracyaryamye wayigaragarije Umupolisikazi wafotowe atambaye neza agapfukamunwa

radiotv10by radiotv10
28/01/2022
in MU RWANDA
0
Mukase wa Akeza wapfuye bigashengura benshi yagejejwe imbere y’Urukiko

Marie Chantal Mukanzabarushimanakurikiranywe hamwe n'umukozi wo mu rugo

Share on FacebookShare on Twitter

Umwe mu bakoresha Twitter wiyita Uracyaryamye, yashyizeho ifoto y’Umupolisikazi wafotowe atambaye neza agapfukamunwa ubwo yari aherekeje Mukase wa Akeza ubwo yajyaga ku rukiko kuburana ku ifungwa ry’agateganyo, ayisaba kwibutsa Abapolisi kujya bakambara neza.

Ni ubutumwa bwashyizweho n’uwitwa Sir Uracyaryamye wagize ati “Nshutsi Polisi y’u rwanda mwadufasha mukibutsa uyu mupolisi kwambara neza agapfukamunwa nka kumwe mujya mubitwibutsa?”

Ni ubutumwa buherekejwe n’ifoto yafashwe kuri uyu wa Kane tariki 27 Mutarama 2022 ubwo Marie Chantal Mukanzabarushimana Mukase wa Elsie Akeza, yagezwaga imbere y’Urukiko.

Uyu witwa Sir Uracyaryamye yakomeje agira ati “Birakwiye ko twafatanya mu kurandura icyorezo cya covid-19.”

Polisi y’u Rwanda yasubije ubutumwa bw’uyu muntu wari wayisangije aya makuru n’ifoto igaragaza Umupolisikazi wari wambaye agapfukamunwa katagera ku mazuru.

Mu butumwa bwa Polisi y’u Rwanda, yamusubije igira iti “Abantu bose basabwa kwambara neza agapfukamunwa mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Koronavirusi, turabikurikirana. Murakoze.”

Uyu witwa Sir Uracyaryamye yongeye kungamo agira ati “Na we muzamutwereke nka kumwe mujya mutwereka ba bastari bacu.” Arongera ati “Kandi nkuko uburinganire bwaje birakwiye ko yahanwa nk’uko abagabo bahanwa.”

Uwitwa Kabuhariwe na we yagize ati “Birababaje kubona abakabaye batanga urugero rwiza ari bo bafata iya mbere mu kwangiza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya covid-19 kandi abaye ari umuturage usanzwe yahanishwa amande no kwicazwa muri sitade, uyu na we bamunyuzeho akanyafu ubutaha ntazongera.Murakoze.”

Dear @Rwandapolice mwadufasha mukibutsa uyu mupolisi kwambara neza agapfukamunwa nka kumwe mujya mubitwibutsa?

Birakwiye ko twafatanya mu kurandura icyorezo cya covid-19🙏🙏🙏 pic.twitter.com/vRkV3SWQ6Z

— Sir. Uracyaryamye (@byukavuba) January 27, 2022

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 + 5 =

Previous Post

Kigali: Byagenze gute ngo umusore yigire kabushungwe ajye mu mitsi n’Abapolisi?

Next Post

Gicumbi: yahitanwe  na NGUVU GIN 12, ashaka kwesa agahigo

Related Posts

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

by radiotv10
15/11/2025
0

Minisiteri y’Ubuzima yasabye Abaturarwanda kwitwararika muri ibi bihe bikomeje kugaragaramo ibicurane, inatanga inama z’ibyo abantu bakwiye kubahiriza, birimo gukaraba intoki...

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

by radiotv10
15/11/2025
0

Abadepite basabye Minisitiri w’Ibikorwa Remezo Dr Jimmy Gasore gusobanura impamvu y’amafaranga basaba abaturage bafite ibibanza muri site mbere yo kubaka,...

Rusizi: Ubuyobozi ntibwumva kimwe n’abahinzi b’umuceri ikibazo cyabateye kwiheba

Hatangajwe umuti uri kuvugutirwa ikibazo gikunze gutuma bamwe mu bahinzi barira ayo kwarika

by radiotv10
15/11/2025
0

Hashize igihe bamwe mu bahinzi b’umuceri bagaragaza ko babangamiwe no kuba beza ariko umusaruro wabo ukabura isoko, mu gihe Minisiteri...

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

by radiotv10
14/11/2025
0

Umushoramari Eugene Nyagahene washinze Sosiyete y'ubucuruzi ya Tele 10 Group, usanzwe anafite Hoteli y’inyenyeri eshanu mu Karere ka Karongi, yatangaje...

Eng.-Eugene Nyagahene, Owner of a Five-Star Hotel in Karongi, plans to build 100 apartments

Eng.-Eugene Nyagahene, Owner of a Five-Star Hotel in Karongi, plans to build 100 apartments

by radiotv10
14/11/2025
0

Investor Eugene Nyagahene, founder of Tele 10 Group and owner of a five-star hotel in Karongi District, has announced a...

IZIHERUKA

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi
AMAHANGA

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi

by radiotv10
15/11/2025
0

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

15/11/2025
Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

15/11/2025
Rusizi: Ubuyobozi ntibwumva kimwe n’abahinzi b’umuceri ikibazo cyabateye kwiheba

Hatangajwe umuti uri kuvugutirwa ikibazo gikunze gutuma bamwe mu bahinzi barira ayo kwarika

15/11/2025
Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

14/11/2025
Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

14/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Gicumbi: yahitanwe  na NGUVU GIN 12, ashaka kwesa agahigo

Gicumbi: yahitanwe  na NGUVU GIN 12, ashaka kwesa agahigo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.