Umufasha wa Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo kugira imitungo yabonye mu buryo bw’uburiganya....
Read moreDetailsBassirou Diomaye Faye uherutse gutorerwa kuyobora Senegal, yatangiye uruzinduko mu Bihugu bya Mali na Burkina Faso, byombi byabayemo ihirikwa ry’ubutegetsi...
Read moreDetailsUmutwe wa M23 wavuze ko mu mirwano iwuhanganishije n’igisirikare cya Congo gifatanyije n’abarimo ingabo z’u Burundi na SADC, wafashe imodoka...
Read moreDetailsDonald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, wifuza kugaruka muri White House, yahamijwe ibyaha 34 bishingiye ku...
Read moreDetailsIntumwa z'Ubuyobozi bw'Ingabo z'u Rwanda ziyobowe n'Umugaba Mukuru wazo, General Mabarakh Muganga zitabiriye imyitozo ikomatanyije ya gisirikare y’iminsi ibiri iri...
Read moreDetailsBamwe mu basirikare b’u Burundi bafatiwe ku rugamba ruhanganishije FARDC na M23, bavuga ko bajyanwa batazi aho bagiye ndetse ko...
Read moreDetailsInkubi y’umuyaga yiswe Tornado yibasiye ibice bitandukanye muri Leta Zunze Ubumwe za America, yahitanye abantu 21 biganjemo abo muri Leta...
Read moreDetailsGuverinoma ya Papua New Guinea yatangaje ko ifite impungenge z’ikindi kiza gishobora kuza, nyuma y’icyabaye mu cyumweru gishize ubwo umusozi...
Read moreDetailsImvura nyinshi yaguye muri Somalia yatumye bimwe mu bikorwa bihagarara amashuri, kubera imyuzure yangije ibyumba by’amashuri, ku buryo abanyeshyri barenga...
Read moreDetails