Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'umutungo wa leta (PAC) yasabye ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi isuku n’isukura (WASAC) ibusobanuro by'ibibazo bijyanye n'imicungire...
Read moreDetailsHari ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bukomatanyije bavuga ko bahangayikishijwe n’uko ntamashuri ahari yigisha aba bana bakifuza ko minisiteri y’uburezi...
Read moreDetailsHari umuturage utuye mu murenge wa Rusororo akagari ka Kabuga ya mbere uvuga ko amakimbirane ashingiye kubucuruzi afitanye n’umuyobozi w’umudugudu...
Read moreDetailsKu kibuga cy’indege cy’i Karthum muri Sudan hafatiwe intwaro zari ziturutse muri Ethiopia mu buryo butemewe n’amategeko, igihugu gituranyi cya...
Read moreDetailsHari bamwe mu bakenera amata mu buzima bwabo bwa buri munsi cyane cyane abo muri Kigali bavuga ko kuri ubu...
Read moreDetailsAbaturage bo mu karere ka Muhanga bakora ubucuruzi buciriritse bavuga ko batumva uburyo bazakoresha EBM kandi ibikoresho bisabwa binaruta igishoro...
Read moreDetailsAbimuwe muri Kangondo na Kibiraro bagatuzwa mu Busanza bongeye gusaba ababishinzwe gukurikirana impamvu isoko bemerewe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihuhu rikomeje...
Read moreDetailsN’ubwo hashize amezi atatu (3) ku gihe ntarengwa ngo u Rwanda na IMF bemeranije ko bagomba kugaragaza raporo ku mikoreshereze...
Read moreDetailsMu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo), igisasu cyaturikiye rwagati mu baturage umwe ahasiga ubuzima...
Read moreDetails