Umuhanzi w’indirimbo za gakondo, Cyusa Ibrahim, ubu ni umwe mu batunze inzu zigeretse mu Rwanda, akaba anitegura gushaka umugore uzaza...
Read moreDetailsItsinda rya The Heaven Family Drama Team risanzwe rizwiho gususurutsa abantu mu mbyino, rikaba riri gutegura igitaramo kizinjiza abantu muri...
Read moreDetailsUmukundwa Clemence witabiriye irushanwa ry’ubwiza rizwi nka Miss Rwanda, ari mu byishimo nyuma y’uko abashije kugura imodoka yo mu bwoko...
Read moreDetailsUmunyamakuru akaba n'umushyushyarugamba, Uwizeye Ally, wamamaye nka Ally Soudy usanzwe atuye muri Leta Zunze Ubumwe za America yavuze ko mu...
Read moreDetailsHazamutse urunturuntu hagati ya Gateka Esther Briane wamenyekanye nka DJ Briane na Nyarwaya Innocent wamenyekanye nka Yago, nyuma y’uko umwe...
Read moreDetailsUmubyinnyikazi Sherrie Silver uri mu bafite izina rikomeye ku Isi, yateze moto ubwo yari avuye mu gitaramo yasusurukijemo abantu muri...
Read moreDetailsUmuhanzi w’indirimbo zo guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, ukunzwe n’abatari bacye mu Rwanda, yaciye agahigo aba umuhanzi w’icyumweru ukunzwe mu Gihugu...
Read moreDetailsUmuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za America, Kendrick Lamar wari uterejwe mu Rwanda, yahageze azanywe n’indege ye bwite. Kendrick...
Read moreDetailsUmuhanzi Bruce Melodie ukunze kwiyita Munyakazi, umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za America, ukinahafite ibitaramo by’iminsi mikuru, yagarutse mu...
Read moreDetails