Saturday, July 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Harimo abakiniraga amakipe yoroheje berecyeza mu yihagazeho: Dutere ijisho ku bakinnyi 10 bamaze kugurwa

radiotv10by radiotv10
22/06/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Harimo abakiniraga amakipe yoroheje berecyeza mu yihagazeho: Dutere ijisho ku bakinnyi 10 bamaze kugurwa
Share on FacebookShare on Twitter

Abakinnyi 10 b’umupira w’amaguru mu Rwanda, bamaze kubona amakipe mashya, bazakinira mu mwaka w’imikino wa 2023-2024, barimo abitwaye neza mu mwaka wasojwe, bitezweho kuzaha umusaruro amakipe yabaguze.

Barimo abarangije shampiyona bigaragaza, ku buryo amakipe yabaguze yebigendeyeho, ibona ko hari icyo abazayaha muri uyu mwaka w’imikino.

URUTONDE

1.NDIKUMANA DANNY:

Yakiniraga ya Rukinzo FC yo mu Burundi, ubu yamaze gusinyira ikipe ya APR FC azayikinira umwaka utaha w’imikino. Uyu mukinnyi akina asatira ariko aca ku ruhande.

2. BUGINGO HAKIM:

Yakiniraga ikipe ya Gasogi Utd, ariko ubu ni umukinnyi mushya uzakinira ikipe ya Rayon Sports umwaka mushya w’imikino. Uyu mukinnyi akina inyuma ku ruhande rw’ibumoso.

3. HAKIZIMANA MUHADJIRI:

Yari asoje amasezerano muri Police FC, nyuma yo Gusoza umukino w’Amavubi na Mozambique yahise yongera amasezerano y’umwaka umwe muri Police FC.

4.MUGENZI BIENVENUE:

Mugenzi Bienvenue ubu ni umukinnyi mushya wa Police FC, yakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports, ariko yamaze gusinyira ikipe ya Police FC imyaka 2. Uyu ni umukinnyi ukina asatira.

5. KWITONDA ALLY:

Ni umukinnyi mushya wa Police FC yagiyemo avuye muri AS Kigali. Uyu mukinnyi yamaze gusinyira ikipe ya Police FC imyaka 2. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

6.NDIZEYE SAMUEL:

Ubu ni umukinnyi mushya wa Police FC mu gihe cy’ imyaka 2. yakiniraga ikipe ya Rayon Sports. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

7. Guy KAZINDU:

Uyu ni umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports mu gihe cy’imyaka 2, yajemo avuye Gasogi Utd. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

8.KOUKOURS PETROS:

Uyu mugabo ukomoka mu Bugiliki, akaba ari we mutoza mushya uzatoza ikipe ya Kiyovu Sports mu mwaka utaha w’imikino.

9. MUHOZA TRESOR:

Uyu ni umukinnyi mushya wa Bugesera FC, mu gihe cy’imyaka 2 yajemo avuye muri Mukura VS. uyu mukinnyi akina inyuna ku ruhande rw’ibumoso.

10. NTWALI FIACRE:

Uyu munyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, yamaze kumvikana na Police FC iby’ibanze byose ku kigero cya 90%, azakinira imyaka 2. Yari yasoje amasezerano mu ikipe ya AS Kigali.

Muhadjiri yamaze kubona indi kipe
Ndizeye avuye muri Rayon
Ntwali Fiacre agiye kwerecyeza muri Police FC

Wasili UWIZEYE
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 + fifteen =

Previous Post

Nyuma y’amezi 9 Minisitiri yemereye P.Kagame ko ibya ‘assurance’ bizakemuka vuba haravugwa ibitari byitezwe

Next Post

Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Related Posts

Iby’ingenzi wamenya ku mukinnyi w’Umunyekongo wasinyiye Rayon Sports

Iby’ingenzi wamenya ku mukinnyi w’Umunyekongo wasinyiye Rayon Sports

by radiotv10
09/07/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports FC yasinyishije rutahizamu w’Umunyekongo, Chadrack Bingi Belo, aba umukinnyi mushya wa 6 uyisinyiye iyi kipe avuye...

Uwayezu wayoboye Rayon yongeye kugaragarizwa ibyishimo n’abakunzi b’iyi kipe

Uwayezu wayoboye Rayon yongeye kugaragarizwa ibyishimo n’abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
09/07/2025
0

Uwayezu Jean Fidèle wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports akaza kwegura, yagaragarijwe urukundo n’abakunzi b’iyi kipe, bamweretse ko bazirikana ibyo...

Rwanda welcomes three internation women football players following the visit of other legends

Rwanda welcomes three internation women football players following the visit of other legends

by radiotv10
08/07/2025
0

Rwanda is delighted to welcome three Arsenal Women Football Club Players Katie McCabe, Caitlin Foord and Laia Codina who landed...

APR FC yamanuye rutahizamu wari umaze iminsi ategerejwe wanakinnye i Burayi

APR FC yamanuye rutahizamu wari umaze iminsi ategerejwe wanakinnye i Burayi

by radiotv10
07/07/2025
0

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC yasinyishije rutahizamu w’Umunya- Côte d'Ivoire, William Togui Mel wari umaze iminsi avugwaho kuzinjira muri...

We are here to showcase how beautiful Rwanda is- Legend Jay-Jay Okocha after arriving in Rwanda

We are here to showcase how beautiful Rwanda is- Legend Jay-Jay Okocha after arriving in Rwanda

by radiotv10
07/07/2025
0

Two football icons with global recognition, Jay-Jay Okocha and Didier Domi, have arrived in Rwanda as part of a five-day...

IZIHERUKA

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo
MU RWANDA

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

by radiotv10
12/07/2025
0

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

12/07/2025
LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

11/07/2025
Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

11/07/2025
Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

11/07/2025
Amafoto ya mbere y’umuhanzikazi Clarisse Karasira ateruye ubuheta bwe

Amafoto ya mbere y’umuhanzikazi Clarisse Karasira ateruye ubuheta bwe

11/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.