• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Harimo abakiniraga amakipe yoroheje berecyeza mu yihagazeho: Dutere ijisho ku bakinnyi 10 bamaze kugurwa

radiotv10by radiotv10
22/06/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Harimo abakiniraga amakipe yoroheje berecyeza mu yihagazeho: Dutere ijisho ku bakinnyi 10 bamaze kugurwa
Share on FacebookShare on Twitter

Abakinnyi 10 b’umupira w’amaguru mu Rwanda, bamaze kubona amakipe mashya, bazakinira mu mwaka w’imikino wa 2023-2024, barimo abitwaye neza mu mwaka wasojwe, bitezweho kuzaha umusaruro amakipe yabaguze.

Barimo abarangije shampiyona bigaragaza, ku buryo amakipe yabaguze yebigendeyeho, ibona ko hari icyo abazayaha muri uyu mwaka w’imikino.

URUTONDE

1.NDIKUMANA DANNY:

Yakiniraga ya Rukinzo FC yo mu Burundi, ubu yamaze gusinyira ikipe ya APR FC azayikinira umwaka utaha w’imikino. Uyu mukinnyi akina asatira ariko aca ku ruhande.

2. BUGINGO HAKIM:

Yakiniraga ikipe ya Gasogi Utd, ariko ubu ni umukinnyi mushya uzakinira ikipe ya Rayon Sports umwaka mushya w’imikino. Uyu mukinnyi akina inyuma ku ruhande rw’ibumoso.

3. HAKIZIMANA MUHADJIRI:

Yari asoje amasezerano muri Police FC, nyuma yo Gusoza umukino w’Amavubi na Mozambique yahise yongera amasezerano y’umwaka umwe muri Police FC.

4.MUGENZI BIENVENUE:

Mugenzi Bienvenue ubu ni umukinnyi mushya wa Police FC, yakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports, ariko yamaze gusinyira ikipe ya Police FC imyaka 2. Uyu ni umukinnyi ukina asatira.

5. KWITONDA ALLY:

Ni umukinnyi mushya wa Police FC yagiyemo avuye muri AS Kigali. Uyu mukinnyi yamaze gusinyira ikipe ya Police FC imyaka 2. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

6.NDIZEYE SAMUEL:

Ubu ni umukinnyi mushya wa Police FC mu gihe cy’ imyaka 2. yakiniraga ikipe ya Rayon Sports. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

7. Guy KAZINDU:

Uyu ni umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports mu gihe cy’imyaka 2, yajemo avuye Gasogi Utd. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

8.KOUKOURS PETROS:

Uyu mugabo ukomoka mu Bugiliki, akaba ari we mutoza mushya uzatoza ikipe ya Kiyovu Sports mu mwaka utaha w’imikino.

9. MUHOZA TRESOR:

Uyu ni umukinnyi mushya wa Bugesera FC, mu gihe cy’imyaka 2 yajemo avuye muri Mukura VS. uyu mukinnyi akina inyuna ku ruhande rw’ibumoso.

10. NTWALI FIACRE:

Uyu munyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, yamaze kumvikana na Police FC iby’ibanze byose ku kigero cya 90%, azakinira imyaka 2. Yari yasoje amasezerano mu ikipe ya AS Kigali.

Muhadjiri yamaze kubona indi kipe
Ndizeye avuye muri Rayon
Ntwali Fiacre agiye kwerecyeza muri Police FC

Wasili UWIZEYE
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × one =

Previous Post

Nyuma y’amezi 9 Minisitiri yemereye P.Kagame ko ibya ‘assurance’ bizakemuka vuba haravugwa ibitari byitezwe

Next Post

Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Related Posts

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya RRA mu bagore ndetse na Police VC mu bagabo ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Climate Action Volleyball...

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

by radiotv10
29/05/2026
0

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Roberto Martínez yavuze ko Cristiano Ronaldo ashobora no kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2030 nubwo icyo...

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

by radiotv10
28/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wahuje RSSB Tigers ihagararriye u Rwanda muri Basketball Africa League na Al Ahly yo mu...

Next Post
Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.