Wednesday, April 1, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Igitero cy’udutsiko tudasanzwe muri Haiti cyahitanye abantu benshi

radiotv10by radiotv10
01/04/2026
in AMAHANGA
0
Igitero cy’udutsiko tudasanzwe muri Haiti cyahitanye abantu benshi
Share on FacebookShare on Twitter

Abantu 70 bapfuye, abandi 30 bakomerekera mu gitero cyagabwe n’udutsiko tw’abagizi ba nabi mu Karere ka Artibonite muri Haiti, nk’uko umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, “Défenseurs Plus”, wabitangaje kuri uyu wa 31 Werurwe 2026.

Al Jazeera yatangaje ko ibyo bitero byatangiye mu mpera z’icyumweru gishize bikomereza ku wa 30 Werurwe 2026, aho abo bagizi ba nabi banatwitse inzu z’abaturage.

Uwo muryango watangaje ko abantu 6,000 bamaze kuvanwa mu byabo n’ibi bitero, mu gihe abandi 2,000 bahunze mu minsi yabanje.

Gatsiko k’amabandi kazwi nka Gran Grif kigambye icyo gitero, kavuga ko cyari kigamije kwihorera ku bagabye ibitero ku birindiro byabo mu minsi ishize. Gusa, inzego z’umutekano za Haiti zatangaje ko zigiye gukora iperereza kuri ako gatsiko no guhiga abakarimo bose kugira ngo babiryozwe.

Haiti, iyobowe by’agateganyo na Alix Didier Fils-Aimé, isanzwe ifite ibibazo by’umutekano muke imaranye imyaka myinshi, biterwa n’udutsiko twitwaje intwaro tugaba ibitero mu bice bitandukanye by’icyo gihugu.

Shemsa UWIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × one =

Previous Post

Icyo Min.Nduhungirehe avuga ku byatangajwe na FARDC ko igiye kwambura intwaro FDLR no kuyirandura

Next Post

Ibyamenyekanye ku cyaha cyo kwangiza ikintu cy’undi kiri mu bishinjwa umunyamakuru DC Clément wafunzwe

Related Posts

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi

by radiotv10
01/04/2026
0

Iturika ry’ububiko bw’intwaro bw’ikigo cya Gisirikare cya cya Musaga i Bujumbura mu Burundi, ryateye inkongi y'umuriro ikomeye, ryahitanye abantu benshi,...

Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

by radiotv10
01/04/2026
0

Ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bw'ikigo cya Musaga i Bujumbura, bwahuye n'iturika rikomeye, burashya burakongoka n’intwaro zarimo, bitewe n’ibibazo byaturutse...

Habaye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye Minisitiri muri Guverinoma ya Uganda

Habaye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye Minisitiri muri Guverinoma ya Uganda

by radiotv10
01/04/2026
0

Imodoka yari itwaye Minisitiri w’Ubutaka muri Uganda, Judith Nabakooba; yakoze impanuka ikomeye yabereye mu gishanga cya Kibukuta mu Karere ka...

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

AFC/M23 yatangaje uko byifashe mu mirwano iyihanganishije n’abarimo FARDC na FDLR

by radiotv10
31/03/2026
0

Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko uruhande bahanganye rugizwe na FARDC, FDLR ndetse n’ingabo z’u Burundi, rwaguye imirwano mu bice binyuranye rukoresheje...

Harumvikana gushidikanya ku gihe intambara ya Iran izarangirira

Harumvikana gushidikanya ku gihe intambara ya Iran izarangirira

by radiotv10
31/03/2026
0

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko intego y’iki Gihugu mu ntambara ya Iran, bayigeze ku gipimo kirenga kimwe...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi
AMAHANGA

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi

by radiotv10
01/04/2026
0

Moses Turahirwa wari wajuriye atakambira Urukiko ngo rumurekure yagumishirijweho igihano

Moses Turahirwa wari wajuriye atakambira Urukiko ngo rumurekure yagumishirijweho igihano

01/04/2026
Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe

Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe

01/04/2026
Ruracyageretse hagati y’umunyamakuru n’umukinnyikazi wa filimi bapfa imodoka yagaragajwe n’umwe

Hemejwe ifungwa ry’umunyamakuru DC Clement hanasobanurwa imiterere y’icyabiteye

01/04/2026
Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

01/04/2026
Habaye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye Minisitiri muri Guverinoma ya Uganda

Habaye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye Minisitiri muri Guverinoma ya Uganda

01/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibyamenyekanye ku cyaha cyo kwangiza ikintu cy’undi kiri mu bishinjwa umunyamakuru DC Clément wafunzwe

Ibyamenyekanye ku cyaha cyo kwangiza ikintu cy'undi kiri mu bishinjwa umunyamakuru DC Clément wafunzwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi

Moses Turahirwa wari wajuriye atakambira Urukiko ngo rumurekure yagumishirijweho igihano

Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.