• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Irebere umukobwa w’ikizungerezi ukomeje kwanikira abandi mu bihembo birimo iby’ubwiza

radiotv10by radiotv10
14/10/2024
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Irebere umukobwa w’ikizungerezi ukomeje kwanikira abandi mu bihembo birimo iby’ubwiza
Share on FacebookShare on Twitter

Umukobwa uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Nene Treccy akomeje kwanikira bagenzi be mu matora yo kuri internet mu bihembo bizwi nka Diva Awards, aho ari imbere y’abarimo Shaddy Boo, Vanessa Hermajesty, Swalla Reponse n’abandi.

Aba bakobwa bahatanye muri Diva Award iri kuba ku nshuro ya kabiri, bahatanye mu cyiciro cy’umukiliya mwiza w’umwaka (Queen of beauty).

Muri iki cyiciro ahatanye n’abandi bakobwa barimo “Shaddy Boo, Vanessa Hermajesty, Umukundwa Cadette, Swalla, Nadia Mutesi, Ange Bae, Christa Mendes, Mimy La Diva na Nene Treccy.”

Amatora yo kuri internet yatangiye kuba taliki ya 25 Nzeri 2024, akaba azasozwa ku ya 25 Ukwakira.

Kugeza ubu muri iki cyiciro gihanzwe amaso n’abantu benshi uyu mukobwa witwa Nene Treccy akomeje kubaza imbere aho akurikirwa na Vanessa Hermajesty na Swalla Reponse. Uza ku mwanya wa nyuma muri bo ni uwitwa Mimy La Diva.

Iri tangwa ry’ibihembo rihemba abantu bakora ibintu by’ubwiza mu Rwanda biteganyijwe ko rizaba taliki ya 27 Ukwakira 2024.

Mu cyiciro cya Salon nziza iri imbere ni iyitwa ‘Saranda Beauty Salon’, mu bakora neza massage (Best Spa) abari imbere ni abitwa Cassa massage Spa.

Mu batunganya imisatsi y’abagore uyoboye abandi ni uwitwa ‘Frank Hairstyle’, mu cyiciro cy’abagabo naho mu bagore hakaba hayoboye uwitwa ‘Miss beauty Hair.’

Mu bogosha uri imbere mu bagabo ni ‘Lando Barber’ mugihe mu bagore ari ‘Esthercula the barber.’

Mu bakora inzara mu bagabo ukomeje kuza imbere ni Houssein Nails naho mu bagore akaba ari uwitwa ‘Cecile Nails.’

Mu bakora Make-Up uri imbere ni uwitwa Sauda Make-Up, mugihe abakora ingohe (lashes) bayobowe na Kigali Lash Pro. Mu bakora Tattoo uri imbere ni uwitwa Da Paul Tattoo.

Kuri iyi nshuro hajemo n’abakora ibintu by’ubwiza bo mu ntara, aho uwitwa Mama Keilla ukorera mu karere ka Huye ariwe uri imbere mu bakora Make-up, uwitwa Fils Noel Nails ukorera I Rubavu aza imbere mu bakora inzara mugihe salon nziza ari iyitwa Hollywood chic salon ikorera i Rusizi.

Amatora arakomeje, aho ushobora gutora unyuze hano…

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen + 7 =

Previous Post

Hemejwe amakuru y’ifungwa ry’Umuyobozi Mukuru wa SONARWA hatangazwa n’amamiliyoni akekwaho kunyereza

Next Post

Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

How people stay financially stable

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.