Monday, November 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kigali: Ibiceri bya 100Frw byabaye idolari none ababikenera cyane bari kubigura

radiotv10by radiotv10
02/03/2022
in MU RWANDA
0
Kigali: Ibiceri bya 100Frw byabaye idolari none ababikenera cyane bari kubigura
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Kigali biganjemo abacuruzi, bavuga ko ibiceri by’ijana (100) byabuze ku buryo kubona amafaranga yo kugarurira abaguzi biri kugorana ndetse ubu ushaka ibiceri akaba asabwa kubigura.

Abacuruzi baganiriye na RADIOTV10 bavuga ko ibura ry’ibi biceri, ryatangiye mu ntangiro z’uyu mwaka wa 2022.
yaba abacuruzi bo ku mihanda, abo mu mazu, abatwara abantu mu modoka no kuri moto, bahurirza ku kikabzo cy’ibura ry’ibiceri by’ubyumwiharika iby’100.
umwe muri aba bacuruzi avuga ko akunze kubura abakiliya kubera kutabona ibiceri byo kubagarurira, akavuga ko ubu kugira ngo umucuruzi abone ibiceri bimusaba kubigura.

Ati “Mbona babigurisha, nk’iyo ufite ibihumbi makumyabiri by’ibiceri ubonaho nk’ibihumbi bitatu cyangwa bine.”
Kimwe n’abaturage bagana aba bacuruzi, na bo bavuga ko umuntu ashobora kuzenguruka agasantere ashaka kugura ikintu ariko ntagihabwe kuko nta mafaranga avunje afite.

Umwe yagize ati “Wenda ugiye kugura biswi y’umwana uramuhetse, bakakubwira bati ‘zana ibiceri bivunje’, ukabibura bati ‘genda’, ubwo umwana aricwa n’inzara.”
Abahanga mu bukungu bavuga ko  uko byagenda kose ubwoko bumwe bw’amafaranga butabura ntacyabiteye, bakavuga ko Banki Nkuru y’u Rwanda ikwiye guhagukuruka igakurikirana iki kibazo.

Dr Fidele Mutemberezi ati “Ni ukuvuga ngo ugukenerwa kw’ibiceri kwarazamutse, wenda ntabwo bakongera ingano y’amafaranga ari gukoreshwa ariko wenda ibiceri bakabyongera inote bakazigabanyaho gato.”

Kugeza uyu munsi umuntu ubasha kubona ibiceri aba yakora ubucuruzi nk’abandi bacuruzi kuko abigurisha nk’ugurisha ikindi gicuruzwa, gusa abahanga mu bukungu bavuga ko mu gihe iki kibazo kitakurikiranwa bishobora kugira ingaruka ku bukungu  ku buryo ubucuruzi n’ibindi bikorwa byasubira inyuma ndetse bikanatesha agaciro inoti.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

6 + 16 =

Previous Post

Uganda: Umudepite ati “Nzazana urutonde rw’abahinga urumogi”, Minisitiri ati “Uzazane n’urw’abarunywa”

Next Post

Ibihembo muri Mr Rwanda hiyongereyemo Inka: Rudasumbwa n’ibisonga bye bazagabirwa

Related Posts

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

by radiotv10
24/11/2025
0

Umuturage wo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, avuga ko amaze imyaka 14 abariwe inguranye y’ubutaka bwe bwubatsweho...

10 Reasons why you should visit Rwanda

10 Reasons why you should visit Rwanda

by radiotv10
24/11/2025
0

Rwanda has become one of Africa’s most inspiring destinations, a place where natural beauty, safety, culture, and progress blend into...

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

by radiotv10
24/11/2025
0

Umugabo w’imyaka 47 y’amavuko wo mu Murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro, wari ufitanye amakimbirane n’umugore we amushinja kumuca...

Perezida Kagame na Touadéra wa Centrafrique bagiranye ibiganiro

Perezida Kagame na Touadéra wa Centrafrique bagiranye ibiganiro

by radiotv10
24/11/2025
0

Perezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we Faustin Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrique, bagirana ibiganiro byagarutse ku mikoranire irimo...

Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Key updates and progress on Rwanda’s New Digital ID you should know

by radiotv10
22/11/2025
0

Rwanda  is actively rolling out its new Single Digital ID (SDID) system nationwide,a major initiative for digital transformation. The registration and data...

IZIHERUKA

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho
IMIBEREHO MYIZA

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

by radiotv10
24/11/2025
0

10 Reasons why you should visit Rwanda

10 Reasons why you should visit Rwanda

24/11/2025
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

24/11/2025
Perezida Kagame na Touadéra wa Centrafrique bagiranye ibiganiro

Perezida Kagame na Touadéra wa Centrafrique bagiranye ibiganiro

24/11/2025
Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Key updates and progress on Rwanda’s New Digital ID you should know

22/11/2025
Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

22/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibihembo muri Mr Rwanda hiyongereyemo Inka: Rudasumbwa n’ibisonga bye bazagabirwa

Ibihembo muri Mr Rwanda hiyongereyemo Inka: Rudasumbwa n’ibisonga bye bazagabirwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

10 Reasons why you should visit Rwanda

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.