Saturday, January 3, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kigali: Ibiceri bya 100Frw byabaye idolari none ababikenera cyane bari kubigura

radiotv10by radiotv10
02/03/2022
in MU RWANDA
0
Kigali: Ibiceri bya 100Frw byabaye idolari none ababikenera cyane bari kubigura
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Kigali biganjemo abacuruzi, bavuga ko ibiceri by’ijana (100) byabuze ku buryo kubona amafaranga yo kugarurira abaguzi biri kugorana ndetse ubu ushaka ibiceri akaba asabwa kubigura.

Abacuruzi baganiriye na RADIOTV10 bavuga ko ibura ry’ibi biceri, ryatangiye mu ntangiro z’uyu mwaka wa 2022.
yaba abacuruzi bo ku mihanda, abo mu mazu, abatwara abantu mu modoka no kuri moto, bahurirza ku kikabzo cy’ibura ry’ibiceri by’ubyumwiharika iby’100.
umwe muri aba bacuruzi avuga ko akunze kubura abakiliya kubera kutabona ibiceri byo kubagarurira, akavuga ko ubu kugira ngo umucuruzi abone ibiceri bimusaba kubigura.

Ati “Mbona babigurisha, nk’iyo ufite ibihumbi makumyabiri by’ibiceri ubonaho nk’ibihumbi bitatu cyangwa bine.”
Kimwe n’abaturage bagana aba bacuruzi, na bo bavuga ko umuntu ashobora kuzenguruka agasantere ashaka kugura ikintu ariko ntagihabwe kuko nta mafaranga avunje afite.

Umwe yagize ati “Wenda ugiye kugura biswi y’umwana uramuhetse, bakakubwira bati ‘zana ibiceri bivunje’, ukabibura bati ‘genda’, ubwo umwana aricwa n’inzara.”
Abahanga mu bukungu bavuga ko  uko byagenda kose ubwoko bumwe bw’amafaranga butabura ntacyabiteye, bakavuga ko Banki Nkuru y’u Rwanda ikwiye guhagukuruka igakurikirana iki kibazo.

Dr Fidele Mutemberezi ati “Ni ukuvuga ngo ugukenerwa kw’ibiceri kwarazamutse, wenda ntabwo bakongera ingano y’amafaranga ari gukoreshwa ariko wenda ibiceri bakabyongera inote bakazigabanyaho gato.”

Kugeza uyu munsi umuntu ubasha kubona ibiceri aba yakora ubucuruzi nk’abandi bacuruzi kuko abigurisha nk’ugurisha ikindi gicuruzwa, gusa abahanga mu bukungu bavuga ko mu gihe iki kibazo kitakurikiranwa bishobora kugira ingaruka ku bukungu  ku buryo ubucuruzi n’ibindi bikorwa byasubira inyuma ndetse bikanatesha agaciro inoti.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

16 + 14 =

Previous Post

Uganda: Umudepite ati “Nzazana urutonde rw’abahinga urumogi”, Minisitiri ati “Uzazane n’urw’abarunywa”

Next Post

Ibihembo muri Mr Rwanda hiyongereyemo Inka: Rudasumbwa n’ibisonga bye bazagabirwa

Related Posts

BREAKING: Herekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo izihenze

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

by radiotv10
03/01/2026
0

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry yavuze ko umuntu wagira icyo agurira umukozi w’uru Rwego amushimira serivisi...

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

by radiotv10
03/01/2026
0

Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziratangaza ko hatangijwe gahunda yo gutanga urukingo rw’indwara y’Umwijima wo mu bwoko bwa B rwiyongereye mu...

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

by radiotv10
03/01/2026
0

Abortion is a topic that often makes people feel strongly, and it can be hard to talk about. Today, let’s...

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

by radiotv10
02/01/2026
0

“Abagore b’Abatutsi turubaha kandi turi indahemuka.” Ni bumwe mu butumwa bw’Impunzi z’Abanyekongo ziri mu nkambi zinyuranye mu Rwanda, zongeye gukora...

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

by radiotv10
02/01/2026
0

Congolese refugees living in Rwanda have sent a message to FARDC Major General Sylvain Ekenge, who recently used language that...

IZIHERUKA

Ibyo twamenye ku isakara ry’amashusho agaragaramo umuhanzi Nyarwanda akomeje kurikoroza
IBYAMAMARE

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

by radiotv10
03/01/2026
0

BREAKING: Herekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo izihenze

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

03/01/2026
Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

03/01/2026
Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

03/01/2026
Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

02/01/2026
Umunyamakuru umaze imyaka ine asezeye igitangazamakuru yakoreraga agiye kumvikana ku yindi radio mu Rwanda

Umunyamakuru umaze imyaka ine asezeye igitangazamakuru yakoreraga agiye kumvikana ku yindi radio mu Rwanda

02/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibihembo muri Mr Rwanda hiyongereyemo Inka: Rudasumbwa n’ibisonga bye bazagabirwa

Ibihembo muri Mr Rwanda hiyongereyemo Inka: Rudasumbwa n’ibisonga bye bazagabirwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.