Saturday, May 10, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ndoli yahishuye uko Bakame basangiraga akabisi n’agahiye yagize uruhare mu gutundukana n’umugore

radiotv10by radiotv10
23/06/2022
in Uncategorized
0
Ndoli yahishuye uko Bakame basangiraga akabisi n’agahiye yagize uruhare mu gutundukana n’umugore
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyezamu w’umunyabigwi mu Rwanda, Ndoli Jean Claude wamaze guhagarika ruhago, yahishuye ko Jean-Luc Eric Ndayishimiye [Bakame] bigeze kuba inshuti magara, yagize uruhare mu itandukana rye n’umugore we.

Ndoli wagarutse ku bucuti bwe na Bakame, yavugze ko ubwo we na Bakame bari bamaze kugera ku rwego rw’abanyezamu bakomeye mu Rwanda, kubera ubucuti bari bafitanye, bumvikanye uburyo bombi bazajya babona umwanya wo gukina mu ikipe y’Igihugu ku buryo umwe atazajya akomeza kwicaza undi.

Ati “Mpura na Bakame twese tukiri bato, turavuga tuti ‘reka dukore ikintu ku buryo umwe azajya akina uyu munsi undi akine ejo’.”

Ndoli avuga ko Bakame bari inshuti magara ku buryo bahoranaga, ariko ko ubucuti bwabo bwajemo kuzamo kirogoye biturutse kuri iryo shyaka ryo gukunda gukina.

Avuga ko uyu mwuka mubi hagati ye na Bakame watangiye kuza hagati ya 2009 na 2010 ubwo ikipe y’u Rwanda yiteguraga amarushanwa mpuzamahanga.

Avuga ko ari bwo Bakame yamuroze, ati “Muri icyo gihe narwaye umugongo umwaka wose, umugongo waje tugiye gukina na Cote d’Ivoire.”

Ndoli avuga ko kuva icyo gihe abantu bakomeje kumubwira ko Bakame yamuroze ariko “Nkanga kubyemera nti ‘oya, inshuti yanjye magara!’.”

Avuga ko ubwo bajyaga muri CECAFA 2012, ari bwo yaje kwemera ko Bakame ari we uri inyuma y’ibi bibazo byamubagaho.

Ngo icyo gihe bari kwitegura kujya muri Tanzania, babahaye uruhushya rwo kujya mu rugo ariko akabwira Bakame ko we adahita ajya mu rugo, ariko ko yamubeshyaga kuko yatashye ariko nyuma Bakame yabwiye umugore we [wa Ndoli] ko Bakame yagiye mu gasozi.

Ngo yarabyihore, baza kujya muri Tanzania bagezeyo bagakoresha telefone ya Ndoli kuko ari yo yabashaga gufata ihuzanzira ryo muri iki Gihugu.

Ati “Ngiye kubona mbona message y’umugore we bari bamaze kuvugana, umugore wa Bakame amwoherereza message amubwira ati ‘rero iyi message uhite uyisiba, umugore wa Ndoli maze kumubwira ko Ndoli ejobundi ataraye iwe.”

Ndoli avuga ko ibi byamugizeho ingaruka zikomeye kuko umugore we byanatumye amwijundika bikaza no gutuma nyuma y’umwaka batandukana.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − eight =

Previous Post

Kajugujugu yazanye Museveni yamusize hakurya yinjira mu Rwanda n’iy’ubutaka aramutsa Abanyarwanda…Bisobanuye iki?

Next Post

AMAFOTO: Museveni i Nyabugogo na Muhima yakiranywe ubwuzu n’imbaga y’Abanyarwanda

Related Posts

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

by radiotv10
20/03/2025
0

Comité National du Kivu (CNKI): CNKI was a colonial-era organization created by the Belgians to manage resources and economic activities...

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

by radiotv10
04/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko ibyatangajwe n’iya Canada mu itangazo ry’ingamba yafatiye u Rwanda ku birebana n’ibibazo biri mu burasirazuba...

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

by radiotv10
31/01/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, na mugenzi we wa Afurika, Ronald Lamola bagiranye ikiganiro kuri telefone,...

IZIHERUKA

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda
Uncategorized

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO: Museveni i Nyabugogo na Muhima yakiranywe ubwuzu n’imbaga y’Abanyarwanda

AMAFOTO: Museveni i Nyabugogo na Muhima yakiranywe ubwuzu n’imbaga y’Abanyarwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.