Monday, December 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

The Ben na Pamella bakomeje gutanga Isomo ry’urukundo

radiotv10by radiotv10
17/01/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
2
The Ben na Pamella bakomeje gutanga Isomo ry’urukundo
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi The Ben n’umugore we [basezeranye mu mategeko] Uwicyeza Pamella, bari kuvomerera urukundo rwabo mu munyenga w’ibyishimo bari gusangirira ahantu nyaburanga hatandukanye.

Kuva muri Kanama umwaka ushize wa 2022, The Ben na Pamella ubu ni umugore n’umugabo nkuko babyemererwa n’amategeko yo mu Rwanda dore ko ari bwo bombi berecyeje ku Biro by’Umurenge wa Kimihurura, bakarahira ko bombi nyuma yo kumva icyo amategeko asaba abashyingiranywe nta gahato biyemeje kubana nk’umugore n’umugabo.

Icyo gihe basezeranye bamaze igihe bari mu rukundo ndetse The Ben yaramaze gusaba Pamella ko bazashyingiranwa, amwambikira impeta y’urukundo mu bwato bw’agatangaza ubwo bari bagiye kwinezeza mu birwa bya Maldives mu kwezi k’Ukwakira 2021.

Ubu na bwo bari kubagarira urukundo rwabo, aho babanje kujya kwinezeza mu Birwa bya Zanzibar, ubundi bagahita berecyeza mu Birwa bya Maldives ahabumbatiye amateka y’urukundo rwabo dore ko ari ho bambikaniye impeta y’urukundo.

Ibi byose bari kubikora mu rwego rwo kwizihiza isabuku y’uyu muhanzi Mugisha Benjamin AKA The Ben isanzwe iba tariki 09 Mutarama.

Bari kwishimana
Umwaka ushize basezeranye imbere y’amategeko

RADIOTV10

Comments 2

  1. TWAGIRAYEZU DAVID says:
    3 years ago

    Imana ikomeze urukundo rwanyu

    Reply
  2. Landouard Kwizera says:
    3 years ago

    Yewe ntasomo mbonye ahangaha! Ubwose abakundana bitwara nkababana batarabana gute! Mbega! Biriya babyita uburaya! Nibajye Imbere y’Imana then basezerane bakore umuryango tubasure cg bagiraho babarizwa then nibashaka bage bagenda bateruranye mumuhanda! Nibwo tuzavuga nurukundo! Naho bino byokwishimisha ntakintu kirimo we! Wapi

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 4 =

Previous Post

Icyakorerwaga abasanzwe mu rugo rw’umuturage bazirikishije iminyururu n’ingufuri kiratangaje

Next Post

Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Related Posts

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

by radiotv10
12/12/2025
0

Umuhanzikazi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yizihije isabukuru y’amavuko kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025,...

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

by radiotv10
11/12/2025
0

Mu rubanza rw’abaregwa gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni, barimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, hasobanuwe ko uyu uzwi mu biganiro kuri YouTube,...

Uko byagenze ubwo umuhanzi Lionel Sentore yahuraga n’umubyeyi we baherukanaga mu myaka 13 ishize

Uko byagenze ubwo umuhanzi Lionel Sentore yahuraga n’umubyeyi we baherukanaga mu myaka 13 ishize

by radiotv10
11/12/2025
0

Umuhanzi mu njyana ya gakondo, Lionel Sentore, yagaragaje ibyishimo yatewe no kongera guhura n’umubyeyi we bari bamaze imyaka 13 batabonana,...

Bamporiki wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabiriye umuhango wo gusezerana w’Umuhanzi Niyo Bosco

Bamporiki wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabiriye umuhango wo gusezerana w’Umuhanzi Niyo Bosco

by radiotv10
11/12/2025
0

Edouard Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda, yagiye gushyigikira umuhanzi Niyo Bosco, mu muhango wo gusezerana imbere y’amategeko n’umugore...

Umva igisubizo umuhanzikazi Alyn Sano yasubije abajijwe niba akiri ISUGI

Umva igisubizo umuhanzikazi Alyn Sano yasubije abajijwe niba akiri ISUGI

by radiotv10
10/12/2025
0

Umuhanzikazi Alyn Sano yabajijwe niba akiri isugi, abanza gutungurwa no kuba uwari ubimubajije atinyuka kubimubaza, amusubiza na we amubaza niba...

IZIHERUKA

Amakuru mpamo aturuka mu biboneye abasirikare benshi b’u Burundi berecyeza muri Congo
AMAHANGA

Eng.-Burundian troops and heavy weapons have been deployed along the country’s border with Rwanda

by radiotv10
15/12/2025
0

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

15/12/2025
Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

15/12/2025
Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

15/12/2025
Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

15/12/2025
Australia yahise ifata icyemezo nyuma y’igitero gifatwa nk’igikomeye kibayeho mu myaka 30 ishize

Australia yahise ifata icyemezo nyuma y’igitero gifatwa nk’igikomeye kibayeho mu myaka 30 ishize

15/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Burundian troops and heavy weapons have been deployed along the country’s border with Rwanda

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.