Saturday, December 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

The Ben na Pamella bakomeje gutanga Isomo ry’urukundo

radiotv10by radiotv10
17/01/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
2
The Ben na Pamella bakomeje gutanga Isomo ry’urukundo
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi The Ben n’umugore we [basezeranye mu mategeko] Uwicyeza Pamella, bari kuvomerera urukundo rwabo mu munyenga w’ibyishimo bari gusangirira ahantu nyaburanga hatandukanye.

Kuva muri Kanama umwaka ushize wa 2022, The Ben na Pamella ubu ni umugore n’umugabo nkuko babyemererwa n’amategeko yo mu Rwanda dore ko ari bwo bombi berecyeje ku Biro by’Umurenge wa Kimihurura, bakarahira ko bombi nyuma yo kumva icyo amategeko asaba abashyingiranywe nta gahato biyemeje kubana nk’umugore n’umugabo.

Icyo gihe basezeranye bamaze igihe bari mu rukundo ndetse The Ben yaramaze gusaba Pamella ko bazashyingiranwa, amwambikira impeta y’urukundo mu bwato bw’agatangaza ubwo bari bagiye kwinezeza mu birwa bya Maldives mu kwezi k’Ukwakira 2021.

Ubu na bwo bari kubagarira urukundo rwabo, aho babanje kujya kwinezeza mu Birwa bya Zanzibar, ubundi bagahita berecyeza mu Birwa bya Maldives ahabumbatiye amateka y’urukundo rwabo dore ko ari ho bambikaniye impeta y’urukundo.

Ibi byose bari kubikora mu rwego rwo kwizihiza isabuku y’uyu muhanzi Mugisha Benjamin AKA The Ben isanzwe iba tariki 09 Mutarama.

Bari kwishimana
Umwaka ushize basezeranye imbere y’amategeko

RADIOTV10

Comments 2

  1. TWAGIRAYEZU DAVID says:
    3 years ago

    Imana ikomeze urukundo rwanyu

    Reply
  2. Landouard Kwizera says:
    3 years ago

    Yewe ntasomo mbonye ahangaha! Ubwose abakundana bitwara nkababana batarabana gute! Mbega! Biriya babyita uburaya! Nibajye Imbere y’Imana then basezerane bakore umuryango tubasure cg bagiraho babarizwa then nibashaka bage bagenda bateruranye mumuhanda! Nibwo tuzavuga nurukundo! Naho bino byokwishimisha ntakintu kirimo we! Wapi

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

ten + 18 =

Previous Post

Icyakorerwaga abasanzwe mu rugo rw’umuturage bazirikishije iminyururu n’ingufuri kiratangaje

Next Post

Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Related Posts

Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

by radiotv10
26/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko akurikije uko yabonye Israel Mbonyi yataramiye abantu, uyu muhanzi arenze kuba...

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

by radiotv10
24/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yasabye urubyiruko ruhanganisha abahanzi The Ben na Bruce Melodie kubihagarika, yemeza ko kuri...

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

by radiotv10
23/12/2025
0

Sengabo Jean Bosco uzwi nka ‘Fatakumavuta’ wakatiwe igihano cyo gufungwa imyaka ibiri n’amezi atandatu, ubura amezi ane ngo akirangize, yasezeranyije...

Umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko azitabira igitaramo cyatangiye kuvugisha benshi

Umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko azitabira igitaramo cyatangiye kuvugisha benshi

by radiotv10
22/12/2025
0

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah; yatangaje ko azitabira igitaramo ‘The Nu-Year Groove’ kizaririmbamo The Ben na Bruce...

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

by radiotv10
21/12/2025
0

Arnold Ishimwe uzwi nka Dj Toxxyk, yatawe muri yombi nyuma yo kugonga umwe mu bapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda...

IZIHERUKA

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye
FOOTBALL

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
27/12/2025
0

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

27/12/2025
Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

27/12/2025
Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

27/12/2025
Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

26/12/2025
Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

26/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.