Tuesday, December 9, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

The Ben na Pamella bakomeje gutanga Isomo ry’urukundo

radiotv10by radiotv10
17/01/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
2
The Ben na Pamella bakomeje gutanga Isomo ry’urukundo
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi The Ben n’umugore we [basezeranye mu mategeko] Uwicyeza Pamella, bari kuvomerera urukundo rwabo mu munyenga w’ibyishimo bari gusangirira ahantu nyaburanga hatandukanye.

Kuva muri Kanama umwaka ushize wa 2022, The Ben na Pamella ubu ni umugore n’umugabo nkuko babyemererwa n’amategeko yo mu Rwanda dore ko ari bwo bombi berecyeje ku Biro by’Umurenge wa Kimihurura, bakarahira ko bombi nyuma yo kumva icyo amategeko asaba abashyingiranywe nta gahato biyemeje kubana nk’umugore n’umugabo.

Icyo gihe basezeranye bamaze igihe bari mu rukundo ndetse The Ben yaramaze gusaba Pamella ko bazashyingiranwa, amwambikira impeta y’urukundo mu bwato bw’agatangaza ubwo bari bagiye kwinezeza mu birwa bya Maldives mu kwezi k’Ukwakira 2021.

Ubu na bwo bari kubagarira urukundo rwabo, aho babanje kujya kwinezeza mu Birwa bya Zanzibar, ubundi bagahita berecyeza mu Birwa bya Maldives ahabumbatiye amateka y’urukundo rwabo dore ko ari ho bambikaniye impeta y’urukundo.

Ibi byose bari kubikora mu rwego rwo kwizihiza isabuku y’uyu muhanzi Mugisha Benjamin AKA The Ben isanzwe iba tariki 09 Mutarama.

Bari kwishimana
Umwaka ushize basezeranye imbere y’amategeko

RADIOTV10

Comments 2

  1. TWAGIRAYEZU DAVID says:
    3 years ago

    Imana ikomeze urukundo rwanyu

    Reply
  2. Landouard Kwizera says:
    3 years ago

    Yewe ntasomo mbonye ahangaha! Ubwose abakundana bitwara nkababana batarabana gute! Mbega! Biriya babyita uburaya! Nibajye Imbere y’Imana then basezerane bakore umuryango tubasure cg bagiraho babarizwa then nibashaka bage bagenda bateruranye mumuhanda! Nibwo tuzavuga nurukundo! Naho bino byokwishimisha ntakintu kirimo we! Wapi

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

7 + 2 =

Previous Post

Icyakorerwaga abasanzwe mu rugo rw’umuturage bazirikishije iminyururu n’ingufuri kiratangaje

Next Post

Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Related Posts

Balancing full-time job/studies with passion projects: Stories of Kigali youth chasing dreams after 5pm

Balancing full-time job/studies with passion projects: Stories of Kigali youth chasing dreams after 5pm

by radiotv10
09/12/2025
0

In Kigali today, many young people are rewriting what it means to work, hustle, and build a future. The city...

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

by radiotv10
06/12/2025
0

Korali Ambassadors of Christ iri mu zifite amazina akomeye mu Rwanda, yatangiye ibikorwa byo kwizihiza imyaka 30 imaze ibayeho, mu...

Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

by radiotv10
05/12/2025
0

Uyu mukinnyi wa filime w'Umuyapani, Cary-Hiroyuki Tagawa wamenyekanye cyane akina nk’umuntu w’umugome wakinnye filimi zinyuranye zirimo iyitwa 'Mortal Kombat', yitabye...

Ubutumwa buteye urujijo bw’agahinda n’amarira bwa Yampano nyuma y’ibyamubayeho

Ubutumwa buteye urujijo bw’agahinda n’amarira bwa Yampano nyuma y’ibyamubayeho

by radiotv10
05/12/2025
0

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano umaze iminsi agarukwaho nyuma yuko hasakaye amashusho y’urukozasoni ye n’umukunzi we, yagaragaje ifoto ari...

Ibyo twamenye ku isakara ry’amashusho agaragaramo umuhanzi Nyarwanda akomeje kurikoroza

Hahishuwe byinshi ku by’amashusho y’urukozasoni ya Yampano na we akomozwaho mu rubanza

by radiotv10
04/12/2025
0

Mu rubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruregwamo abakekwaho gusakaza amashusho y’umuhanzi Yampano, Ubushinjacyaha bwagaragaje aho ayo mashusho yari ari n’uwashoboraga...

IZIHERUKA

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we
FOOTBALL

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

by radiotv10
09/12/2025
0

Amakuru agezweho: Perezida Kagame yoherereje ubutumwa bwihariye Alassane Ouattara watorewe kuyobora Côte d’Ivoire manda ya kane

Amakuru agezweho: Perezida Kagame yoherereje ubutumwa bwihariye Alassane Ouattara watorewe kuyobora Côte d’Ivoire manda ya kane

09/12/2025
AFC/M23 yashyize hanze amashusho ateye agahinda y’amarorerwa yakozwe n’uruhande bahanganye

AFC/M23 yashyize hanze amashusho ateye agahinda y’amarorerwa yakozwe n’uruhande bahanganye

09/12/2025
Eng.-AFC/M23 releases distressing footage of atrocities committed by opposing forces

Eng.-AFC/M23 releases distressing footage of atrocities committed by opposing forces

09/12/2025
Hahishuwe uko u Burundi buri kwitwara ku basirikare babwo bari gupfa umusubirizo muri Congo

Hahishuwe uko u Burundi buri kwitwara ku basirikare babwo bari gupfa umusubirizo muri Congo

09/12/2025
U Burundi bwavuze ko bwiteguye kurwana bunashinja u Rwanda ibirego bishya by’ibinyoma

U Burundi bwavuze ko bwiteguye kurwana bunashinja u Rwanda ibirego bishya by’ibinyoma

09/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

Amakuru agezweho: Perezida Kagame yoherereje ubutumwa bwihariye Alassane Ouattara watorewe kuyobora Côte d’Ivoire manda ya kane

AFC/M23 yashyize hanze amashusho ateye agahinda y’amarorerwa yakozwe n’uruhande bahanganye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.