Wednesday, January 14, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

The Ben na Pamella bakomeje gutanga Isomo ry’urukundo

radiotv10by radiotv10
17/01/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
2
The Ben na Pamella bakomeje gutanga Isomo ry’urukundo
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi The Ben n’umugore we [basezeranye mu mategeko] Uwicyeza Pamella, bari kuvomerera urukundo rwabo mu munyenga w’ibyishimo bari gusangirira ahantu nyaburanga hatandukanye.

Kuva muri Kanama umwaka ushize wa 2022, The Ben na Pamella ubu ni umugore n’umugabo nkuko babyemererwa n’amategeko yo mu Rwanda dore ko ari bwo bombi berecyeje ku Biro by’Umurenge wa Kimihurura, bakarahira ko bombi nyuma yo kumva icyo amategeko asaba abashyingiranywe nta gahato biyemeje kubana nk’umugore n’umugabo.

Icyo gihe basezeranye bamaze igihe bari mu rukundo ndetse The Ben yaramaze gusaba Pamella ko bazashyingiranwa, amwambikira impeta y’urukundo mu bwato bw’agatangaza ubwo bari bagiye kwinezeza mu birwa bya Maldives mu kwezi k’Ukwakira 2021.

Ubu na bwo bari kubagarira urukundo rwabo, aho babanje kujya kwinezeza mu Birwa bya Zanzibar, ubundi bagahita berecyeza mu Birwa bya Maldives ahabumbatiye amateka y’urukundo rwabo dore ko ari ho bambikaniye impeta y’urukundo.

Ibi byose bari kubikora mu rwego rwo kwizihiza isabuku y’uyu muhanzi Mugisha Benjamin AKA The Ben isanzwe iba tariki 09 Mutarama.

Bari kwishimana
Umwaka ushize basezeranye imbere y’amategeko

RADIOTV10

Comments 2

  1. TWAGIRAYEZU DAVID says:
    3 years ago

    Imana ikomeze urukundo rwanyu

    Reply
  2. Landouard Kwizera says:
    3 years ago

    Yewe ntasomo mbonye ahangaha! Ubwose abakundana bitwara nkababana batarabana gute! Mbega! Biriya babyita uburaya! Nibajye Imbere y’Imana then basezerane bakore umuryango tubasure cg bagiraho babarizwa then nibashaka bage bagenda bateruranye mumuhanda! Nibwo tuzavuga nurukundo! Naho bino byokwishimisha ntakintu kirimo we! Wapi

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − 4 =

Previous Post

Icyakorerwaga abasanzwe mu rugo rw’umuturage bazirikishije iminyururu n’ingufuri kiratangaje

Next Post

Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Related Posts

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

by radiotv10
14/01/2026
0

Umukinnyi wa Filimi Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati, ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we witabye Imana azize uburwayi....

Iby’ingenzi byavugiwe mu rubanza rwa DJ Toxxyk ukurikiranyweho ibirimo kugonga Umupolisi agapfa

Iby’ingenzi byavugiwe mu rubanza rwa DJ Toxxyk ukurikiranyweho ibirimo kugonga Umupolisi agapfa

by radiotv10
14/01/2026
0

Ishimwe Arnaud De Bosch uzwi nka DJ Toxxyk uregwa ibyaha birimo ibishingiye ku kugonga umupolisi agahita yitaba Imana, yaburanye ku...

Umuhanzi Nyarwanda wavuzweho urukundo na Miss w’u Rwanda yaciye impaka agaragaza umukunzi w’ukuri

Umuhanzi Nyarwanda wavuzweho urukundo na Miss w’u Rwanda yaciye impaka agaragaza umukunzi w’ukuri

by radiotv10
14/01/2026
0

Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi, yambitse impeta umukunzi we Nkurunziza Retina, amusaba kuzamubera umugore, na we...

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

by radiotv10
12/01/2026
0

Umunyarwenya Etienne Iryamukuru wamamaye muri ‘Bigomba Guhinduka’, yagaragaje umukunzi we amwibutsa ko amukunda uruhora rukura. Ni mu butumwa uyu munyarwenya...

Producer ukiri muto mu Rwanda yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

Producer ukiri muto mu Rwanda yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

by radiotv10
12/01/2026
0

Mugisha Fred Robinson uzwi nka Element Eleeh mu gutanganya umuziki no mu buhanzi, yegukanye igihembo cya Producer mwiza w’umwaka (Best...

IZIHERUKA

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica
MU RWANDA

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

by radiotv10
14/01/2026
0

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

14/01/2026
Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

14/01/2026
Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

14/01/2026
Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

14/01/2026
Iby’ingenzi byavugiwe mu rubanza rwa DJ Toxxyk ukurikiranyweho ibirimo kugonga Umupolisi agapfa

Iby’ingenzi byavugiwe mu rubanza rwa DJ Toxxyk ukurikiranyweho ibirimo kugonga Umupolisi agapfa

14/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Ubwiza buhebuje bwa Gereza yimuriwemo abagore bari bafungiye i Muhanga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.