Friday, February 20, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Umudepite muri Tunisia yakatiwe gufungwa amezi umunani kubera ubutumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga

radiotv10by radiotv10
20/02/2026
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Umudepite muri Tunisia yakatiwe gufungwa amezi umunani kubera ubutumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga
Share on FacebookShare on Twitter

Urukiko rwo muri Tunisia rwakatiye umudepite igifungo cy’amezi umunani kubera ubutumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga asebya Perezida Kais Saied, nyuma y’imyuzure iherutse guhitana abantu batari bake muri iki gihugu.

Ahmed Saidani yatawe muri yombi mu ntangiriro z’uku kwezi nyuma yo gushyira ku mbuga nkoranyambaga ubutumwa buvuga ku ngendo za Perezida Kais Saied mu duce twibasiwe n’imyuzure, aho yamwise “Umugaba w’Ikirenga ushinzwe isuku n’imiyoboro y’amazi y’imvura.”

Aya magambo yagejeje uyu mudepite mu rukiko, ndetse kuri uyu wa Kane, tariki ya 19 Gashyantare 2025, rumukatira igifungo cy’amezi umunani nyuma yo guhamwa n’icyaha yari akurikiranyweho cyo gutukana akoresheje imbuga nkoranyambaga, nk’uko byatangajwe n’urwego rw’ubucamanza muri Tunisia.

Umunyamategeko wa Ahmed Saidani, Houssem Eddine Ben Attia, yabwiye Ibiro Ntaramakuru bya AFP ko umukiriya we akurikiranwa hashingiwe ku itegeko ry’itumanaho rihana gukomeretsa cyangwa kugirira nabi abandi hifashishijwe imbuga nkoranyambaga, icyaha gishobora guhanishwa igifungo kigera ku myaka ibiri.

Icyakora, imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yanenze igihano cyahawe uyu mudepite, ivuga ko bigaragaza ingamba zikomeye za Perezida Kais Saied zo gucecekesha abatavuga rumwe na we, nyuma y’aho mu 2021 yahagaritse Inteko Ishinga Amategeko ya Tunisia agatangira gushyiraho amategeko ye bwite (rule by decree), bitabaye ngombwa ko yemezwa n’abagize Inteko Ishinga Amategeko.

Shemsa UWIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen − 15 =

Previous Post

Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zasuye abatahutse bavuye muri Congo barimo abahoze muri FDLR

Next Post

Hagaragajwe impamvu z’impungenge u Rwanda rufite ku kuba u Burundi bwakwinjira mu buhuza mu bya Congo

Related Posts

AFC/M23 iragaya amahanga uko akomeje kwitwara ku biri kubera mu bice birimo Minembwe

AFC/M23 iragaya amahanga uko akomeje kwitwara ku biri kubera mu bice birimo Minembwe

by radiotv10
20/02/2026
0

Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ribabajwe no kubona umuryango mpuzamahanga ukomeje kuruca...

Agezweho: Murumuna w’Umwami w’u Bwongereza wari watawe muri yombi yarekuwe

Agezweho: Murumuna w’Umwami w’u Bwongereza wari watawe muri yombi yarekuwe

by radiotv10
20/02/2026
0

Uwahoze ari igikomangoma cy’u Bwongereza, Andrew Mountbatten-Windsor, murumuna w’Umwami Charles III, yarekuwe n’inzego z’umutekano nyuma yo gutabwa muri yombi akekwaho...

Eng.-AFC/M23 releases distressing footage of atrocities committed by opposing forces

Eng.-AFC/M23 condemns International Community’s silence over massacres in Minembwe and other areas

by radiotv10
20/02/2026
0

The AFC/M23 coalition expressed its deep concern over the persistent, deliberate and sustained silence of the international community regarding the...

3 Simple Ways to Live With a Health Condition That Doesn’t Go Away

3 Simple Ways to Live With a Health Condition That Doesn’t Go Away

by radiotv10
20/02/2026
0

Living with a health condition that doesn’t go away can be exhausting. Some days you feel strong. Other days, even...

Ibivugwa ku ifatwa ry’abanyamakuru batatu bafungiwe muri Minisiteri i Burundi

Ibivugwa ku ifatwa ry’abanyamakuru batatu bafungiwe muri Minisiteri i Burundi

by radiotv10
19/02/2026
0

Abanyamakuru batatu b'i Burundi batawe muri yombi ubwo bari bagiye gutara inkuru kuri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y'iki Gihugu babanza kuhafungirwa...

IZIHERUKA

Attention Deficit Hyperactivity Disorder: What it really is and why it matters
IMIBEREHO MYIZA

Attention Deficit Hyperactivity Disorder: What it really is and why it matters

by radiotv10
20/02/2026
0

Kimenyi Yves wabaye umunyezamu w’Amavubi yasezeye burundu ruhago anatangaza ibyo yerecyejemo

Kimenyi Yves wabaye umunyezamu w’Amavubi yasezeye burundu ruhago anatangaza ibyo yerecyejemo

20/02/2026
Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’

Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’

20/02/2026
AFC/M23 iragaya amahanga uko akomeje kwitwara ku biri kubera mu bice birimo Minembwe

AFC/M23 iragaya amahanga uko akomeje kwitwara ku biri kubera mu bice birimo Minembwe

20/02/2026
Hagaragajwe impamvu z’impungenge u Rwanda rufite ku kuba u Burundi bwakwinjira mu buhuza mu bya Congo

Hagaragajwe impamvu z’impungenge u Rwanda rufite ku kuba u Burundi bwakwinjira mu buhuza mu bya Congo

20/02/2026
Umudepite muri Tunisia yakatiwe gufungwa amezi umunani kubera ubutumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga

Umudepite muri Tunisia yakatiwe gufungwa amezi umunani kubera ubutumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga

20/02/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Hagaragajwe impamvu z’impungenge u Rwanda rufite ku kuba u Burundi bwakwinjira mu buhuza mu bya Congo

Hagaragajwe impamvu z’impungenge u Rwanda rufite ku kuba u Burundi bwakwinjira mu buhuza mu bya Congo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Attention Deficit Hyperactivity Disorder: What it really is and why it matters

Kimenyi Yves wabaye umunyezamu w’Amavubi yasezeye burundu ruhago anatangaza ibyo yerecyejemo

Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.