• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umukecuru yakubiswe iminyafu 10 nyuma yo gufatwa asambana n’umusore ukiri muto

radiotv10by radiotv10
21/03/2022
in Uncategorized
0
Umukecuru yakubiswe iminyafu 10 nyuma yo gufatwa asambana n’umusore ukiri muto
Share on FacebookShare on Twitter

Umukecuru w’imyaka 59 wo muri Uganda yakubiswe inkoni n’abaturage mu ruhame nyuma yo kwisabira iki gihano ubwo yafatwaga ari gusambana n’umusore ukiri muto.

Uyu mukecuru witwa Kedesi Katsigaire wo mu gace ka Kyeizoba, asanzwe avugwaho izi ngeso mbi zo gushurashura mu basore akabashuka ubundi bakinezeza mu gikorwa mpuzamibiri.

Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu gace kabereyemo aya mahano, buvuga ko ubwo uyu mugore yinjiranaga n’uyu musore, babakurikiye bagasanga bari mu buriri biyambuye batangiye kwishimisha.

Jacenta Kamashengyero umwe muri aba bayobozi, yagize ati “Twabasanze mu buriri bambaye ubusa, batangira gusaba imbabazi, dufata umwanzuro wo kubajyana kuri paruwasi ahari hateraniye abandi baturage.”

Ngo nubwo aba bayobozi batari bigeze basabira ibihano aba bombi, Kedesi Katsigaire we yahise yisabira igihano cyo gukubitwa inkoni 10 mu gihe hifuzwaga ko ahanishwa ibihano by’imirimo ifitiye igihugu akamaro.

Umukuru w’akana kayoboye uwo Mudugudu witwa Nathan Bigirwa yavuze ko bemeye kumukubita izo nkoni kugira ngo bibere urugero abandi bagore bajyaga bishobora muri izi ngeso mbi.

Umuyobozi Mukuru wungirije w’agace ka Kyeizoba, yashyigikiye iki gihano, avuga ko gikenewe mu rwego rwo kugarura indangagaciro mu baturage.

Aka gace kigeze kujya kavugwamo izi ngeso mbi z’ubushurashuzi ariko hari hamaze iminsi havuzwe ko zacitse.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

8 + 14 =

Previous Post

Uri kurota!!…Shaddyboo yambaye agatimba yongeye kuvugisha imbaga

Next Post

Urukiko rwari rwarekuye umunyemari uregwa Miliyoni 100 rwavuze ko kuba agifunzwe nta tegeko ryishwe

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
Urukiko rwari rwarekuye umunyemari uregwa Miliyoni 100 rwavuze ko kuba agifunzwe nta tegeko ryishwe

Urukiko rwari rwarekuye umunyemari uregwa Miliyoni 100 rwavuze ko kuba agifunzwe nta tegeko ryishwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.