• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ishyirahamwe ry’Umupira muri Tanzania ryakubise akanyafu Masudi Juma kubera kurwana

radiotv10by radiotv10
18/05/2022
in MU RWANDA, SIPORO
0
Ishyirahamwe ry’Umupira muri Tanzania ryakubise akanyafu Masudi Juma kubera kurwana
Share on FacebookShare on Twitter

Masudi Juma uri gutoza ikipe ya Dodoma Jiji FC yo muri Tanzania, yahagaritswe imikino itatu nyuma yo kurwana n’umwe mu bakinnyi be.

Uyu mutoza ufite izina rikomeye muri ruhago yo mu Rwanda haba mu gukina umupira ndetse no mu gutoza, yafatiwe ibihano nyuma y’uko akubise umutwe umukinyi Jamali Mtegeta ukinira iyi kipe ya Dodoma Jiji FC.

Amakuru atangazwa n’ibitangazamakuru bya Siporo muri Tanzania, avuga ko Masudi Juma yakubise umutwe uyu mukinnyi we ubwo yari ku ntebe y’abasimbura ubwo ikipe yabo yakinaga na Biashara United mu mukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Nyamagana i Mwanza.

Ibi bitangazamakuru bitagaragaza icyatumye Masudi ndetse Jamali Mtegeta bashyamirana, bivuga ko bombi bahagaritswe imikino itatu umwe adakina undi adatoza.

Ni ibihano bafatiwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Tanzania, nyuma y’uko imyitwarire y’aba bombi yibajijweho cyane.

Masudi Juma wari wahagaritswe na Rayon Sports nyuma y’umusaruro udashimishije, yahise yerecyeza muri Tanzania aho mu mpera za Gashyantare 2022 yagizwe umutoza w’iyi kipe ya Dodoma Jiji FC.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × one =

Previous Post

Ngoma: Batandatu bishe bakase umuhogo uwarokotse Jenoside bakatiwe gufungwa burundu

Next Post

Rwarutabura wakoze impanuka abamugezeho bwa mbere ni abafana ba APR

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
Rwarutabura wakoze impanuka abamugezeho bwa mbere ni abafana ba APR

Rwarutabura wakoze impanuka abamugezeho bwa mbere ni abafana ba APR

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.