Sunday, October 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Busanza: Irimbi riri kuvugururwa nyuma y’ubuvugizi bwa Radio & TV10

radiotv10by radiotv10
16/06/2021
in MU RWANDA
0
Busanza: Irimbi riri kuvugururwa nyuma y’ubuvugizi bwa Radio & TV10
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’amezi abiri Radiotv10 ikoze inkuru y’abaturage basaba ubuvugizi ko irimbi ryabusanza ryasanwa bitewe n’uko ryari ryarangiritse kuburyo bukabije, aho imva zari zararangaye amasanduku agaragaramo abantu. Kuri ubu iryo rimbi riri gusanwa.

Mu mezi abiri ashize nibwo Radiotv10 yaherukaga gukora inkuru y’abaturage basaba  ko irrimbi ryo mu busanza , mu murenge wa Kanombe ho mu karere ka Kicukiro risanwa imva zimwe zarizasamye bamwe mu bahaturiye bishimira ko ryasanwe.

Mu nkuru yabanje aba baturage bagaragazaga akababaro baterwa no kwangirika kwa zimwe mu mva ziri muri iri rimbi bitewe no kutaryitaho. Uwitwa Nkurunziza Patrick uhaturiye yagize ati” Reba nawe ukuntu hameze ,aha ni ahantu haruhukiye abavandimwe bacu ababyeyi ndetse n’ishuti zacu, ntabwo hakwiye gufatwa gutya”

Ubuyobozi bw’umurenge wa kanombe bwari bwemereye TV10 ko iki kibazo kigiye gucyemuka. Kuri iyi nshuro ubwo umunyamakuru wa TV10 ubwo yahageraga yasanze abaturage bashima ko iki kibazo cyakemutse nyuma y’igihe bakivuga mu itangazamakuru.

Irimbi rya busanza urirebesheje ijisho rigaragara nk’irikuze dore ko abo twaganiriye bavuga ko ntamuntu ukirishyinguramo,icyakora iyo tubona ubuyobozi twarikubabaza ingamba bafite zizatuma ritongera kwangirika dore ko abaturage babashinjaga kutaryitaho mu buryo buhoraho.

Olivier TUYISENGE

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen + fourteen =

Previous Post

Urubyiruko ruhamya ko gahunda ya leta yo guhanga imirimo itarubuza guhangayika rushaka akazi

Next Post

Bandari FC ya Cassa Mbungo yatsinzwe na Ulinzi Stars, yuzuza umukino wa 6 itabona amanota 3

Related Posts

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

by radiotv10
26/10/2025
3

Rwanda’s ambitious move to introduce a new digital identification system has sparked widespread curiosity among citizens and observers eager to...

Abatuye muri Kicukiro bagaragarijwe icyashimangira ubumwe n’ubudaheranwa bigifite ibibibangamiye

Abatuye muri Kicukiro bagaragarijwe icyashimangira ubumwe n’ubudaheranwa bigifite ibibibangamiye

by radiotv10
25/10/2025
0

Mu biganiro nyunguranabitekerezo mu Karere ka Kicukiro, Hon. Edda Mukabagwiza wo mu Muryango Unity Club Intwararumuri, yibukije ko kugira ngo...

Rusizi: Umukinnyi w’umupira w’amaguru yishwe n’amazi agerageza kujya muri Congo mu mukino wa gicuti

Rusizi: Umukinnyi w’umupira w’amaguru yishwe n’amazi agerageza kujya muri Congo mu mukino wa gicuti

by radiotv10
25/10/2025
0

Musirikare Obed wari umukinnyi w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Muganza Trainning center ibarizwa mu kiciro cya gatatu mu Rwanda wageragezaga kwambuka   Rusizi...

Guhangana biruta gusabiriza- Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba

Guhangana biruta gusabiriza- Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba

by radiotv10
24/10/2025
0

Perezida Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko mu bibazo Igihugu cyabo gifite harimo n’ibituruka hanze birimo ibyo kwegekwaho amakosa y’Ibihugu by’ibituranyi,...

Igisubizo ku bibazaga iherezo ry’ibiganiro byari byatangiye hagati y’u Rwanda n’u Burundi

Igisubizo ku bibazaga iherezo ry’ibiganiro byari byatangiye hagati y’u Rwanda n’u Burundi

by radiotv10
24/10/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko ibiganiro byari byatangiye hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burundi byari...

IZIHERUKA

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID
IMIBEREHO MYIZA

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

by radiotv10
26/10/2025
3

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

25/10/2025
Abatuye muri Kicukiro bagaragarijwe icyashimangira ubumwe n’ubudaheranwa bigifite ibibibangamiye

Abatuye muri Kicukiro bagaragarijwe icyashimangira ubumwe n’ubudaheranwa bigifite ibibibangamiye

25/10/2025
Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

25/10/2025
Utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cameroon witangaje nk’uwatsinze amatora ya Perezida yavuze ikizakurikiraho nibitemezwa

Utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cameroon witangaje nk’uwatsinze amatora ya Perezida yavuze ikizakurikiraho nibitemezwa

25/10/2025
Smart weekend spending: Budget tips for young professionals

Smart weekend spending: Budget tips for young professionals

25/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Bandari FC ya Cassa Mbungo yatsinzwe na Ulinzi Stars, yuzuza umukino wa 6 itabona amanota 3

Bandari FC ya Cassa Mbungo yatsinzwe na Ulinzi Stars, yuzuza umukino wa 6 itabona amanota 3

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

Abatuye muri Kicukiro bagaragarijwe icyashimangira ubumwe n’ubudaheranwa bigifite ibibibangamiye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.