Thursday, July 31, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

TOKYO 2020: Abakinnyi batandatu ba Pologne basubijwe iwabo nyuma yo kwibeshya bakohereza abakinnyi benshi mu Buyapani

radiotv10by radiotv10
20/07/2021
in SIPORO
0
TOKYO 2020: Abakinnyi batandatu ba Pologne basubijwe iwabo nyuma yo kwibeshya bakohereza abakinnyi benshi mu Buyapani
Share on FacebookShare on Twitter

Harabura iminsi itatu kugira ngo imikino Olempike ya 2020 itangire mu mujyi wa Tokyo mu gihugu cy’u Buyapani, igihugu cya Pologne cyasubije abakinnyi batandatu (6) mu gihugu cyabo nyuma y’uko habayeho kwibeshya bakajyana abakinnyi 23 mu gihe bari bemerewe abakinnyi 17 muri rusange.

Abakinnyi batandatu basubijwe muri Pologne ni abakina umukino wo koga (Swimmers) kuko ariho basanze bafite abakinnyi benshi bityo babafatira indege ibasubiza iwabo muri Pologne.

Ishyirahamwe ry’umukino wo koga mu gihugu cya Pologne (PZP), Pawel Slominski yasabye imbabazi abakunzi ba siporo muri iki gihugu agaragaza ko habayeho kwibeshya ku mategeko bigatuma bisanga mu Buyapani bafite umubare urenga w’abakinnyi bemerewe mu mikino Olempike ya 2020 igomba gutangira tariki ya 23 Nyakanga 2021.

“Ndicuza cyane ndetse ndanababaye kuko birasharira gufata umwanzuro nk’uyu wo gusubiza abakinnyi mu rugo muri ubu buryo.” Pawel Slominski

Tokyo 2020. Swimmers already in Poland. “We have been deceived”

Abakinnyi b’igihugu cya Pologne bari bageze mu Buyapani mu ntangiriro z’icyumweru gishize

Pawel Slominski akomeza agira ati “Ibi bintu ntabwo byakabaye bitubaho. Kandi birababaza abakinnyi bacu bakina umukino wo koga. Gusa abifatira ku gahanga ishyirahamwe ry’umukino wo koga ndabumva kandi nanjye ndumva uburemere bw’iri kosa kandi tubisabiye imbabazi”

Pawel Slominski avuga ko nta bundi bunebwe byakoranywe ahubwo ko byari muri gahunda yo gutanga amahirwe ku bakinnyi benshi n’abatoza kugira ngo bitabire iri rushanwa.

Tokyo 2020. Swimmers return home. It is difficult to understand the PZP error

Abakinnyi batandatu ba Pologne bakina umukino wo koga basubijwe iwabo nyumay’ukwibeshya kwakozwe n’ishyirahamwe ry’uyu mukino

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 − seven =

Previous Post

Nigeria: Igisirikare kivuga ko abajura bahanuye indege y’intambara

Next Post

Kigali: Ingo zigera ku bihumbi 210 nizo zigomba guhabwa ibyo kurya

Related Posts

Ari gusaba kugaruka- Perezida wa Rayon yatanze umucyo ku byavuzwe kuri myugariro Aimable

Ari gusaba kugaruka- Perezida wa Rayon yatanze umucyo ku byavuzwe kuri myugariro Aimable

by radiotv10
29/07/2025
0

Perezida w'ikipe ya Rayon Sports, Thadée Twagirayezu, yahamije ko Aimable Nsabimana yamwandikiye amusaba kugaruka mu kazi, ariko ko atamwerera ngo...

Umucyo ku makuru yacicikanye yavugaga ko amatora yo muri FERWAFA yahagaritswe

Umucyo ku makuru yacicikanye yavugaga ko amatora yo muri FERWAFA yahagaritswe

by radiotv10
29/07/2025
0

Minisiteri ya Siporo n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, bamaganye amakuru y’Ibuhuha yavugaga ko amatora ya Komite Nyobozi y’iri Shyirahamwe...

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

by radiotv10
25/07/2025
0

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Mavubi, Nshuti Innocent, yerekanywe nk’umukinnyi mushya wa ES Zarzis yo mu Cyiciro cya Mbere muri Tunisia. Nshuti...

Haravugwa akayabo k’ashobora gutangwa kuri Kapiteni wa APR wifuzwa n’ikipe ifite izina rikomeye

Haravugwa akayabo k’ashobora gutangwa kuri Kapiteni wa APR wifuzwa n’ikipe ifite izina rikomeye

by radiotv10
24/07/2025
0

Claude Niyomugabo, myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi na APR FC anabereye kapiteni, ari mu biganiro na Simba Sports Club yo muri...

Amakuru ategerejwe muri Rayon: Harerekanwa umukinnyi mushya

Amakuru ategerejwe muri Rayon: Harerekanwa umukinnyi mushya

by radiotv10
24/07/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwiyubaka yitegura igaruka rya Shampiyona ndetse no kuzahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup, irerekana...

IZIHERUKA

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage
MU RWANDA

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage

by radiotv10
30/07/2025
0

Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 iravugwaho gukaza imbaraga za gisirikare mu gace kamwe i Walikare

30/07/2025
Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

30/07/2025
Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

30/07/2025
Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

30/07/2025
Rusizi: Igikekwa ku rupfu rw’uwari uzwiho gukunda inzoga wasanzwe mu mukingo yapfuye

Rusizi: Igikekwa ku rupfu rw’uwari uzwiho gukunda inzoga wasanzwe mu mukingo yapfuye

30/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Kigali: Ingo zigera ku bihumbi 210 nizo zigomba guhabwa ibyo kurya

Kigali: Ingo zigera ku bihumbi 210 nizo zigomba guhabwa ibyo kurya

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage

AFC/M23 iravugwaho gukaza imbaraga za gisirikare mu gace kamwe i Walikare

Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.