Tuesday, July 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kigali: Ingo zigera ku bihumbi 210 nizo zigomba guhabwa ibyo kurya

radiotv10by radiotv10
20/07/2021
in MU RWANDA
0
Kigali: Ingo zigera ku bihumbi 210 nizo zigomba guhabwa ibyo kurya
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe uturere tw’umujyi wa Kigali turi muri gahunda ya Guma Mu rugo hari abaturage bafite imirimo yahagaze batangiye guhabwa ibiryo. Ubuyobozi bwavuze ko abazagaragaza ko batashyizwe ku ntonde zakozwe batazacikanwa ahubwo nabo bazandikwa bakagezwaho aya mafunguro.

Alphonsine Murebwayire utuye mu mudugudu wa Busasamana, Akagari ka Karuruma umurenge wa Gatsata avuga ko we iyi gahunda yamugezeho.

Abayobozi bo mu mudugu bamuzaniye ibyo kurya birimo; umuceri, akawunga n’ibishyimbo kuko ubu akazi yakoraga kahagaze ntiyarakibasha kubona ibimutunga we n’umuryango we w’abana batatu.

Mu magambo ye yagize ati”Nsanzwe nkora mu nganda Gikondo none akazi karahagaze ibi bampaye ndabyifashisha muri iyiminsi ndebe ko nasunika iminsi kandi ndashima abatekereje kubiduha.

Uyu mudugudu ufite abaturage 256 muri bo abagomba guhabwa ibiryo bagera ku 130.

Rutayisire Jean uwuyobora avuga ko babahisemo bashingiye ku bahagaritse akazi bitewe n’icyorezo cya COVID-19

Ese abatazisanga kuri izi lisiti kandi badafite ibyo kurya bizagenda bite?

Munyaneza Aimable uyobora Gatsata avuga ko bazashyirwa ku migereka nabo bagahabwa ibiryo kuko ntawuzicwa n’inzara

“Aba turimo guha bashyizwe ku rutonde kuko imirimo bakoraga yahagaze ariko abandi tuzamenya ko batariho kandi bakeneye gufashwa tuzabikora, bazatumenyesha nabo babihabwe, nta muturage wacu uzicwa n’inzara” Rutayisire

Muri iyi gahunda ya Guma mu rugo ingo zigera ku bihumbi 210 nizo zigomba guhabwa ibyo kurya. Gusa ababihabwa basaba ko bitahita birangira ngo bahabwe rimwe gusa ahubwo byakomeza kuko ngo ibirimo gutangwa bishobora kutabamaza iminsi 10.

Inkuru ya: Juventine Muragijemariya/RadioTV10 Rwanda

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen − thirteen =

Previous Post

TOKYO 2020: Abakinnyi batandatu ba Pologne basubijwe iwabo nyuma yo kwibeshya bakohereza abakinnyi benshi mu Buyapani

Next Post

Rubavu : Babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo kubera kubura ibiribwa

Related Posts

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

by radiotv10
01/07/2025
0

Bamwe mu bageze mu izabukuru bo mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi, bavuga ko amafaranga bari batangiye guhabwa...

Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

by radiotv10
01/07/2025
2

The National Identification Agency (NIDA) in Rwanda has announced plans to launch a new digital national ID that will include...

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

by radiotv10
01/07/2025
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Gehengeri mu Karere ka Rwamagana, bavuga ko urugendo rurerure abana babo bari munsi y’imyaka...

Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

by radiotv10
01/07/2025
0

Dosiye ikubiyemo ikirego kiregwamo Ingabire Victoire Umuhoza uregwa ibyaha birimo guhungabanya Umudendezo w’Igihugu, yamaze kugezwa mu Rukiko kugira ngo ruzamuburanishe...

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

by radiotv10
30/06/2025
0

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe Umutekano wo mu Mazi, ryabonye umurambo w’umusore w’imyaka 19 warohamye mu cyuzi cya Rugeramigozi...

IZIHERUKA

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro
AMAHANGA

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro

by radiotv10
01/07/2025
0

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

01/07/2025
Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

01/07/2025
Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

01/07/2025
Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

01/07/2025
Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

30/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Rubavu : Babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo kubera kubura ibiribwa

Rubavu : Babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo kubera kubura ibiribwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.