Saturday, September 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Tshisekedi yakoze impinduka zidasanzwe muri Guverinoma yinjizamo abatunguranye cyane

radiotv10by radiotv10
24/03/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Tshisekedi yakoze impinduka zidasanzwe muri Guverinoma yinjizamo abatunguranye cyane
Share on FacebookShare on Twitter

Hatangajwe Guverinoma nshya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yinjiyemo abagabo babiri; Vital Kamerhe na Jean-Pierre Bemba, bombi banahawe Minisiteri zikomeye zirimo iy’Ingabo.

Iyi Guverinoma nshya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Werurwe 2023, irakomeza kuyoborwa na Jean-Michel Sama Lukonde Kyenge, wakomeje kuba Minisitiri w’Intebe.

Amazina yatunguranye muri iyi Guverinoma nshya, ni Jean Pierre Bemba wagizwe Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo, ndetse na Vital Kamerhe na we wagizwe Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ubukungu.

Aba banyapolitiki bombi basanzwe bakomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye ku kuba bombi barigeze gufungwa.

Jean Pierre Bemba wigeze kuba Visi Perezida aho yari yungirije Joseph Kabila, yafunguwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha muri 2018 nyuma yuko akuriweho igihano, ndetse ahita anasubira mu Gihugu cye cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Naho Vital Kamerhe wigeze kuba Umuyobozi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku bwa Felix Tshisekedi, we yigeze gufungwa ashinjwa kunyereza umutungo, ariko muri Kamena umwaka ushize wa 2022, agirwa umwere n’Urukiko rw’Ubujurire.

ABAGIZE GUVERINOMA

Ba Minisitiri b’Intebe Bungirije

  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe umutekano w’imbere: KAZADI KANKONDE Peter
  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe Ingabo: BEMBA GOMBO Jean-Pierre;
  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe ubukungu: Kamerhe Vital;
  • Minisitiri w’Intege wungirije w’Ububanyi n’Amahanga: Christophe Lutundula;
  • Minisitiri w’Intege wungirije w’ibikorwa rusange: LIHAU EBUA Jean-Pierre;

Abanyamabanga ba Leta

  • Minisitiri w’Ibidukikije no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima: Bazaiba Masudi Ève;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutabera: Mutumbo Kiesse Rose;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ibikorwa Remezo n’imirimo rusange: Gisaro Alexis;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imiryango yo mu karere: Mbusa Nyamuisi;
  • Umunyamabanga wa Leta w’Ingengo y’Imari: Boji Sangara Aimé;
  • Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Portefeuille: Kayinda Adèle;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Igenamigambi: TULUKA SUMWINA Judith;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Imiturire: Pius Mwabilu;
  • Umunyamabanga wa Leta uwshinzwe iterambere ry’icyaro : François Rubota ;

 

Abaminisitiri

  • Finances : Nicolas Kazadi ;
  • Santé : Samuel Kamba Mulamba Roger ;
  • Agriculture : Jose Mpanda ;
  • EPST : Tony Mwaba ;
  • Transports : Ekila Marc ;
  • Pêche et Élevage : Bokele Adrien ;
  • Industrie : Julien Paluku ;
  • Emploi et Prévoyance Sociale : Claudine Ndusi Kembe ;
  • Entrepeunariat : NZINGA DESIRE ;
  • ESU : Muhindo Nzangi ;
  • Recherche Scientifique : Kabanda Gilbert ;
  • MINES : Nsamba Kalambayi ;
  • Hydrocarbures : Budimbu Didier ;
  • PTNTIC : Augustin Kibassa Maliba ;
  • Numérique : Eberande KOLONGELE ;
  • AFFAIRES FONCIÈRES : Aimé Sakombi Molendo ;
  • Commerce Extérieur : Jean Lucien Bussa ;
  • Droits Humains : Fabrice Puela ;
  • Tourisme : Didier Manzenga ;
  • Communication et médias : Patrick Muyaya ;
  • Affaires Sociales : Modeste Mutinga ;
  • Formation Professionnelle : KIPULU Bernadette ;
  • Jeunesse et Initiation à la Nouvelle Citoyenneté : BUNKULU ZOLA Yves ;
  • Sports : Kabulo Mwana Kabulo ;
  • Culture : KATUNGU FURAHA Catherine ;
  • Relations avec le Parlement : Anne Marie Karume ;
  • Ministre près le président de la République : Nana Manwanina
  • Ministre délégué PVH : ESAMBO IRENE ;
  • Vices-Ministres
  • Intérieur : MOLEPE J-C ;
  • Affaire Étrangères : Crispin MBADU ;
  • Justice : MAMBU LAU ;
  • Plan : BETIKA PASCAL ;
  • Budget : BOKULWANA ;
  • Défense Nationale : ADUBANGO SAMY ;
  • Finances : NSELE O’NEIGE ;
  • MINES : MOTEMONA GODARD ;
  • Santé Publique : OLENE SERGE ;
  • EPST : NAMASIA AMINATA ;
  • HYDROCARBURES : MOLEKA WIVINE ;
  • TRANSPORT : KILUBU Séraphine ;

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 − seventeen =

Previous Post

Miss Uganda w’uburanga buhebuje bwatumye bamwita Umunyarwandakazi yakuyeho urujijo

Next Post

Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Related Posts

Icyo Igisirikare cya Congo-FARDC kivuga ku rupfu rutunguranye rw’Umujenerari wayoboraga Ingabo muri Uvira

Icyo Igisirikare cya Congo-FARDC kivuga ku rupfu rutunguranye rw’Umujenerari wayoboraga Ingabo muri Uvira

by radiotv10
13/09/2025
0

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyemeje urupfu rwa General Muaku Mbuluku Daniel wari ukuriye Ingabo muri rejiyo...

Amakuru mashya: Ukekwaho kwica Charlie wavugishije benshi ku Isi yafashwe

Amakuru mashya: Ukekwaho kwica Charlie wavugishije benshi ku Isi yafashwe

by radiotv10
12/09/2025
0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump yatangaje ko ukekwaho kwica Charlie Kirk, yatawe muri yombi. Trump atangaza...

Ibimaze kumenyekana k’uwishe Charlie Kirk wari inshuti ikomeye ya Perezida Trump

Ibimaze kumenyekana k’uwishe Charlie Kirk wari inshuti ikomeye ya Perezida Trump

by radiotv10
12/09/2025
0

Urwego rushinzwe Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za America FBI, rwashyize hanze amafoto n’amashusho agaragaza ukekwaho kwica arasiye mu ruhame...

Hatangajwe ibyaha bikomeye biregwa Visi Perezida wa Sudani y’Epfo

Hatangajwe ibyaha bikomeye biregwa Visi Perezida wa Sudani y’Epfo

by radiotv10
12/09/2025
0

Inzego z’ubutabera muri Sudani y’Epfo, zatangaje ko Riek Machar-Visi Perezida w’iki Gihugu akurikiranyweho ibyaha byo kugambirira kugambanira Igihugu, n’ibindi byaha bikomeye....

Ubutabera bwa Afurika y’Epfo bwafatiye icyemezo Abashinwa barindwi baregwa gucuruza abantu

Ubutabera bwa Afurika y’Epfo bwafatiye icyemezo Abashinwa barindwi baregwa gucuruza abantu

by radiotv10
12/09/2025
0

Urukiko rwo mu mujyi wa Johannesburg muri Afurika y’Epfo rwakatiye Abashinwa barindwi igifungo cy’imyaka 20 kuri buri umwe, nyuma yo...

IZIHERUKA

UPDATE: Amakuru agezweho ku basore bagaragaye bakorera ubugome umukobwa muri Kigali
MU RWANDA

UPDATE: Abagaragaye bakorera ubugome umugore banafite umuhoro byemejwe ko bose bafashwe

by radiotv10
13/09/2025
0

Icyo Igisirikare cya Congo-FARDC kivuga ku rupfu rutunguranye rw’Umujenerari wayoboraga Ingabo muri Uvira

Icyo Igisirikare cya Congo-FARDC kivuga ku rupfu rutunguranye rw’Umujenerari wayoboraga Ingabo muri Uvira

13/09/2025
Hagaragajwe ingano y’imyuka ihumanya ikirere yakumiriwe mu Rwanda kubera gutekesha Gaze

Hagaragajwe ingano y’imyuka ihumanya ikirere yakumiriwe mu Rwanda kubera gutekesha Gaze

13/09/2025
Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

13/09/2025
Ingabire Victoire yagarutse imbere y’Urukiko arugezeho icyifuzo

Igisubizo u Rwanda ruhaye u Burayi bwarutegetse gufungura umunyapolitiki Ingabire Victoire ataranaburana

12/09/2025
Umuhanzi Israel Mbonyi yararikiye abakunzi be n’aba muzika Nyarwanda icyo abahishiye

Umuhanzi Israel Mbonyi yararikiye abakunzi be n’aba muzika Nyarwanda icyo abahishiye

12/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

UPDATE: Abagaragaye bakorera ubugome umugore banafite umuhoro byemejwe ko bose bafashwe

Icyo Igisirikare cya Congo-FARDC kivuga ku rupfu rutunguranye rw’Umujenerari wayoboraga Ingabo muri Uvira

Hagaragajwe ingano y’imyuka ihumanya ikirere yakumiriwe mu Rwanda kubera gutekesha Gaze

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.