• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Meddy yasohoye indirimbo igaragaramo umugore we mu bihe byaranze ubukwe bwabo

radiotv10by radiotv10
23/07/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Meddy yasohoye indirimbo igaragaramo umugore we mu bihe byaranze ubukwe bwabo
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi w’Umunyarwanda Ngabo Medard, Meddy, uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasohoye indirimbo nshya yise ‘My Vow’ akoresheje amashusho yafatiwe mu bukwe bwe na Mimi baherutse kurushinga.

Ni indirimbo yiganjemo amagambo y’urukundo aho uyu muhanzi aba yizeza umukunzi we ko bazakundana ubuziraherezo.

Video: Umuhanzi Meddy yateye ivi asaba wa mukobwa bakundana ko yamubera umugore - YouTube

Meddy yasohoye indirimbo nshya igararagaramo umugore we mu bihe byaranze ubukwe bwabo

Iyi ndirimbo yakiranywe yombi n’abakunzi b’umuziki kuko mu masaha icyenda imaze igiye ku rubuga rwa Youtube, abarenga ibihumbi ijana bari bamaze kuyireba.

‘My Vow’ ni indirimbo Meddy asohoye nyuma y’amezi umunani asohoye iyitwa ‘Caroline’ nayo yaciye ibintu mu bakurikirana umuziki w’uyu muhanzi.

Mu buryo bw’amajwi iyi ndirimbo nshya ya Meddy yakozweho na Madebeats afatanyije na Lick Lick.

Inkuru ya Jean Paul Mugabe/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × five =

Previous Post

APR FC mu makipe 10 yamaze kwemeza ko azitabira imikino ya CECAFA Kagame Cup 2021

Next Post

Leta zunze ubumwe z’Amerika zanenze guverinoma ya Cuba iyishinja kubangamira uburenganzira bw’abaturage bigaragambya

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Leta zunze ubumwe z’Amerika zanenze guverinoma ya Cuba iyishinja kubangamira uburenganzira bw’abaturage bigaragambya

Leta zunze ubumwe z'Amerika zanenze guverinoma ya Cuba iyishinja kubangamira uburenganzira bw'abaturage bigaragambya

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.