Thursday, January 29, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Urubyiruko ntiruvuga rumwe kuri gahunda yo kwihangira imirimo

radiotv10by radiotv10
09/08/2021
in MU RWANDA
0
Urubyiruko ntiruvuga rumwe kuri gahunda yo kwihangira imirimo
Share on FacebookShare on Twitter

Urubyiruko rukunze kugaragaza ko bahura nikibazo cy’ubushobozi kugira ngo bihangire imirimo ariko ababashije kwihangira imirimo bavuga ko kwihangira umurimo bidasaba kuba ufite amafaranga menshi ahubwo ngo bisaba ubushake no gukunda ibyo ukora.

Urubyiruko rukunze kugaragaza ko bahura n’ikibazo cy’ubushobozi kugira ngo bihangire imirimo  ariko ababashije kwihangira imirimo bavuga ko  kwihangira umurimo bidasaba  kuba ufite amafaranga menshi ahubwo ngo bisaba ubushake no gukunda ibyo ukora  urugero.

Sunday Justin wihangiye umurimo ujyanye n’ubudozi bugezweho ni rwiyemezamirimo ukiri muto avuga ko yatangiye  kwikorera ahereye ku mafaranga make kuri we ngo intego yarafite niyo yatumye  afata umwanzuro wo kwikorera.

“Njyewe natangiye ntafite amafaranga menshi, ahubwo narimfite intego kuko natangiranye imashini imwe gusa n’umukozi umwe kandi ndabona bigenda “ Sunday

Sunday avuga ko kuri ubu amaze gutera imbere kuko yatangiye akoresha imashini imwe idoka ariko kuri ubu ngo zariyongereye ndetse n’umubare w’abakozi akoresha wariyongeye bityo agashishikariza urubyiruko gutinyuka bakihangira imirimo batitwaje ko badafite ubushobozi.

Yunzemo ati “Njyewe nkurikije aho ngeze mbona ari heza ubu imyenda tudoda isigaye yoherezwa mu bihugu byo hanze urumva ko ngenda ntera imbere, natangiranye n’umukiriya umwe ariko ubu sinababara ngo mbarangize. Ubwo rero kwihangira umurimo bisaba ku bikunda ukabiha umwanya ntibisaba ubushobozi burenze”

Imibare y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, igaragaza ko hafi 60% ari urubyiruko icyakora kuri gahunda ya leta  y’imyaka irindwi (7) iteganya ko izahanga  imirimo 1500.000 by’imirimo mishya idashingiye ku buhinzi.

Inkuru ya: Juventine Muragijemariya/RadioTv10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × five =

Previous Post

Seninga niwe uzayobora abarimu bazakosora ibizimini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye ishami ry’umupira w’amaguru (Amateka ye)

Next Post

Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Related Posts

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

by radiotv10
29/01/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ruhango, yafashe umugabo w’imyaka 43 ukekwaho gucuruza ku rwego rwo hejuru, gukwirakwiza no...

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

by radiotv10
29/01/2026
0

Uwera Jean Maurice wari usanzwe ari umunyamakuru, akaba yahawe inshingano zo kuba Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yavuze ko...

Hatanzwe umucyo ku cyari kigamijwe haba inama yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi i Doha

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

by radiotv10
29/01/2026
0

Minister Olivier Nduhungirehe has reacted after the European Parliament once again involved itself in the case of politician Victoire Ingabire,...

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

by radiotv10
29/01/2026
0

Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga uherutse gushyiraho ubutumwa bwafashwe na bamwe nk’ubwishongozi, yasabye imbabazi ku bo bwakomerekeje, avuga ko yari...

Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

by radiotv10
29/01/2026
0

Nyuma yuko Inteko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi noneho ikoresheje umuhungu wa Ingabire Victoire Umuhoza mu gusaba u Rwanda kurekura umubyeyi...

IZIHERUKA

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge
MU RWANDA

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

by radiotv10
29/01/2026
0

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

29/01/2026
Hatanzwe umucyo ku cyari kigamijwe haba inama yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi i Doha

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

29/01/2026
Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

29/01/2026
Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

29/01/2026
Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

29/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.