Friday, November 7, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Urubyiruko ntiruvuga rumwe kuri gahunda yo kwihangira imirimo

radiotv10by radiotv10
09/08/2021
in MU RWANDA
0
Urubyiruko ntiruvuga rumwe kuri gahunda yo kwihangira imirimo
Share on FacebookShare on Twitter

Urubyiruko rukunze kugaragaza ko bahura nikibazo cy’ubushobozi kugira ngo bihangire imirimo ariko ababashije kwihangira imirimo bavuga ko kwihangira umurimo bidasaba kuba ufite amafaranga menshi ahubwo ngo bisaba ubushake no gukunda ibyo ukora.

Urubyiruko rukunze kugaragaza ko bahura n’ikibazo cy’ubushobozi kugira ngo bihangire imirimo  ariko ababashije kwihangira imirimo bavuga ko  kwihangira umurimo bidasaba  kuba ufite amafaranga menshi ahubwo ngo bisaba ubushake no gukunda ibyo ukora  urugero.

Sunday Justin wihangiye umurimo ujyanye n’ubudozi bugezweho ni rwiyemezamirimo ukiri muto avuga ko yatangiye  kwikorera ahereye ku mafaranga make kuri we ngo intego yarafite niyo yatumye  afata umwanzuro wo kwikorera.

“Njyewe natangiye ntafite amafaranga menshi, ahubwo narimfite intego kuko natangiranye imashini imwe gusa n’umukozi umwe kandi ndabona bigenda “ Sunday

Sunday avuga ko kuri ubu amaze gutera imbere kuko yatangiye akoresha imashini imwe idoka ariko kuri ubu ngo zariyongereye ndetse n’umubare w’abakozi akoresha wariyongeye bityo agashishikariza urubyiruko gutinyuka bakihangira imirimo batitwaje ko badafite ubushobozi.

Yunzemo ati “Njyewe nkurikije aho ngeze mbona ari heza ubu imyenda tudoda isigaye yoherezwa mu bihugu byo hanze urumva ko ngenda ntera imbere, natangiranye n’umukiriya umwe ariko ubu sinababara ngo mbarangize. Ubwo rero kwihangira umurimo bisaba ku bikunda ukabiha umwanya ntibisaba ubushobozi burenze”

Imibare y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, igaragaza ko hafi 60% ari urubyiruko icyakora kuri gahunda ya leta  y’imyaka irindwi (7) iteganya ko izahanga  imirimo 1500.000 by’imirimo mishya idashingiye ku buhinzi.

Inkuru ya: Juventine Muragijemariya/RadioTv10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen − three =

Previous Post

Seninga niwe uzayobora abarimu bazakosora ibizimini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye ishami ry’umupira w’amaguru (Amateka ye)

Next Post

Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Related Posts

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

by radiotv10
07/11/2025
0

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye, yifashishije ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamuhamagaye kuri telefone saa cyenda z’ijoro, yavuze...

Ngoma: Inyubako z’Akarere bakoreramo ngo na bo ubwabo zibatera isoni

Ngoma: Inyubako z’Akarere bakoreramo ngo na bo ubwabo zibatera isoni

by radiotv10
07/11/2025
0

Abafite ibikorwa by’ubucuruzi mu Murenge wa Kibungo bakorera mu nzu z’Akarere kabo ka Ngoma, bavuga ko zisa nabi, ku buryo...

Harakekwa iki ku mukecuru wasanzwe yapfuye mu musarani w’akabari yari yagiye kunyweramo

Harakekwa iki ku mukecuru wasanzwe yapfuye mu musarani w’akabari yari yagiye kunyweramo

by radiotv10
07/11/2025
0

Umukecuru wasanzwe yapfuye mu musarani w’akabari gaherereye mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza, birakekwa ko yaba yajugunywemo n’abamwishe....

Perezida Kagame na Madamu J.Kagame bakiriye abayobozi mu nzego nkuru za America

Perezida Kagame na Madamu J.Kagame bakiriye abayobozi mu nzego nkuru za America

by radiotv10
07/11/2025
0

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye ku meza abayobozi mu nzego nkuru muri Leta Zunze Ubumwe za America,...

Perezida Kagame na Madamu J.Kagame bakiriye abayobozi mu nzego nkuru za America

Eng.-President Kagame and First Lady host Senior U.S Officials including Senior Advisor to the White House

by radiotv10
07/11/2025
0

President Paul Kagame and First Lady Jeannette Kagame hosted senior officials from the United States of America, including Paula White-Cain,...

IZIHERUKA

Style on a Budget: How to Build a Chic Wardrobe in Kigali Without Breaking the Bank
IMYIDAGADURO

Style on a Budget: How to Build a Chic Wardrobe in Kigali Without Breaking the Bank

by radiotv10
07/11/2025
0

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

07/11/2025
Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

07/11/2025
Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

07/11/2025
AFC/M23 yongeye kugaragariza amahanga amarorerwa akorwa n’uruhande bahanganye inayerurira icyo yiyemeje

AFC/M23 yongeye kugaragariza amahanga amarorerwa akorwa n’uruhande bahanganye inayerurira icyo yiyemeje

07/11/2025
Abasirikare barimo Aba-Colonel mu gisirikare cya Congo bakurikiranyweho kunyereza kawunga, umuceri n’amata

Abasirikare barimo Aba-Colonel mu gisirikare cya Congo bakurikiranyweho kunyereza kawunga, umuceri n’amata

07/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Style on a Budget: How to Build a Chic Wardrobe in Kigali Without Breaking the Bank

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.