Friday, July 11, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Urubyiruko ntiruvuga rumwe kuri gahunda yo kwihangira imirimo

radiotv10by radiotv10
09/08/2021
in MU RWANDA
0
Urubyiruko ntiruvuga rumwe kuri gahunda yo kwihangira imirimo
Share on FacebookShare on Twitter

Urubyiruko rukunze kugaragaza ko bahura nikibazo cy’ubushobozi kugira ngo bihangire imirimo ariko ababashije kwihangira imirimo bavuga ko kwihangira umurimo bidasaba kuba ufite amafaranga menshi ahubwo ngo bisaba ubushake no gukunda ibyo ukora.

Urubyiruko rukunze kugaragaza ko bahura n’ikibazo cy’ubushobozi kugira ngo bihangire imirimo  ariko ababashije kwihangira imirimo bavuga ko  kwihangira umurimo bidasaba  kuba ufite amafaranga menshi ahubwo ngo bisaba ubushake no gukunda ibyo ukora  urugero.

Sunday Justin wihangiye umurimo ujyanye n’ubudozi bugezweho ni rwiyemezamirimo ukiri muto avuga ko yatangiye  kwikorera ahereye ku mafaranga make kuri we ngo intego yarafite niyo yatumye  afata umwanzuro wo kwikorera.

“Njyewe natangiye ntafite amafaranga menshi, ahubwo narimfite intego kuko natangiranye imashini imwe gusa n’umukozi umwe kandi ndabona bigenda “ Sunday

Sunday avuga ko kuri ubu amaze gutera imbere kuko yatangiye akoresha imashini imwe idoka ariko kuri ubu ngo zariyongereye ndetse n’umubare w’abakozi akoresha wariyongeye bityo agashishikariza urubyiruko gutinyuka bakihangira imirimo batitwaje ko badafite ubushobozi.

Yunzemo ati “Njyewe nkurikije aho ngeze mbona ari heza ubu imyenda tudoda isigaye yoherezwa mu bihugu byo hanze urumva ko ngenda ntera imbere, natangiranye n’umukiriya umwe ariko ubu sinababara ngo mbarangize. Ubwo rero kwihangira umurimo bisaba ku bikunda ukabiha umwanya ntibisaba ubushobozi burenze”

Imibare y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, igaragaza ko hafi 60% ari urubyiruko icyakora kuri gahunda ya leta  y’imyaka irindwi (7) iteganya ko izahanga  imirimo 1500.000 by’imirimo mishya idashingiye ku buhinzi.

Inkuru ya: Juventine Muragijemariya/RadioTv10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − one =

Previous Post

Seninga niwe uzayobora abarimu bazakosora ibizimini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye ishami ry’umupira w’amaguru (Amateka ye)

Next Post

Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Related Posts

Perezida Kagame yagenewe igihembo n’Umuryango ushinzwe Ubuzima ku Isi

Perezida Kagame yagenewe igihembo n’Umuryango ushinzwe Ubuzima ku Isi

by radiotv10
11/07/2025
0

Perezida Paul Kagame yagenewe igihembo n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO) ku bw’uruhare rwe mu miyoborere ishyira imbere ubuvugizi...

Gatsibo: Abayoboraga Koperative baravugwaho guca ruhinganyuma abanyamuryango bakayigurisha mu ibanga rikomeye

Umusore arakekwaho kwica umubyeyi we amuziza kuba atishimiraga umubano afitanye n’umugore baturanye

by radiotv10
11/07/2025
0

Mu Murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo, haravugwa umusore ukekwaho kwica umubyeyi we (Nyina) amuhoye kuba yamubuzaga gutereta umugore...

Babysitters or Childhood Centers? –Which is the best way to raise children?

Babysitters or Childhood Centers? –Which is the best way to raise children?

by radiotv10
11/07/2025
0

In today’s world, parents get so busy with work which makes it hard to spend quality time and raise their...

Umukozi wo mu rugo washatse kurogera mu mata abo yakoreraga yasobanuye icyo yari agambiriye

Umukozi wo mu rugo washatse kurogera mu mata abo yakoreraga yasobanuye icyo yari agambiriye

by radiotv10
10/07/2025
0

Umukozi wo mu rugo rwo mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, uregwa gushaka kuroga abo babanaga, yemeye icyaha,...

U Rwanda rwatanze toni 40 z’inkunga irimo ibiribwa byo gufasha abo muri Gaza

Eng.-Rwanda donates 40 tons of food and medical supplies to support the people of Gaza

by radiotv10
10/07/2025
0

The Government of Rwanda has announced that, in partnership with Hashemite Kingdom of Jordan, it has donated 40 tons of...

IZIHERUKA

Perezida Kagame yagenewe igihembo n’Umuryango ushinzwe Ubuzima ku Isi
MU RWANDA

Perezida Kagame yagenewe igihembo n’Umuryango ushinzwe Ubuzima ku Isi

by radiotv10
11/07/2025
0

Gatsibo: Abayoboraga Koperative baravugwaho guca ruhinganyuma abanyamuryango bakayigurisha mu ibanga rikomeye

Umusore arakekwaho kwica umubyeyi we amuziza kuba atishimiraga umubano afitanye n’umugore baturanye

11/07/2025
Babysitters or Childhood Centers? –Which is the best way to raise children?

Babysitters or Childhood Centers? –Which is the best way to raise children?

11/07/2025
Abajenerali bakomeye muri Congo barimo uwigeze kuyobora FARDC baravugwaho umugambi wo gushaka guhirika Tshisekedi

Abajenerali bakomeye muri Congo barimo uwigeze kuyobora FARDC baravugwaho umugambi wo gushaka guhirika Tshisekedi

10/07/2025
Umukozi wo mu rugo washatse kurogera mu mata abo yakoreraga yasobanuye icyo yari agambiriye

Umukozi wo mu rugo washatse kurogera mu mata abo yakoreraga yasobanuye icyo yari agambiriye

10/07/2025
U Rwanda rwatanze toni 40 z’inkunga irimo ibiribwa byo gufasha abo muri Gaza

Eng.-Rwanda donates 40 tons of food and medical supplies to support the people of Gaza

10/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame yagenewe igihembo n’Umuryango ushinzwe Ubuzima ku Isi

Umusore arakekwaho kwica umubyeyi we amuziza kuba atishimiraga umubano afitanye n’umugore baturanye

Babysitters or Childhood Centers? –Which is the best way to raise children?

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.