Saturday, January 31, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

CYCLING: Habimana Jean Eric yatangiye imyitozo mu Busuwisi mbere yo kwinjira muri Tour de l’Avenir 2021

radiotv10by radiotv10
10/08/2021
in SIPORO
0
CYCLING: Habimana Jean Eric yatangiye imyitozo mu Busuwisi mbere yo kwinjira muri Tour de l’Avenir 2021
Share on FacebookShare on Twitter

Kuva tariki 13-22 Kanama 2021 mu gihugu cy’u Bufaransa mu gace ka Charleville-Mézières hazabera agace ka mbere ka Tour de l’Avenir 2021, isiganwa ryari kuba mu 2020 ariko rirogowa na COVID-19. Kuri ubu abakinnyi 174 bazava mu makipe 29 bazaba barimo umunyarwanda Habimana Jean Eric usanzwe yitoreza mu ikipe y’impuzamshyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi (UCI).

Habimana Jean Eric azaba ari mu bakinnyi bazaba bakinira ikipe ya UCI nk’umwe mu bakinnyi b’Abanyafurika bahitoreza batoranyijwe.

Tour de l’Avenir, ni isiganwa rikinwa n’abakinnyi bakiri bato ahanini batarengeje imyaka 23 rikaba isiganwa rifatwa nka Tour de France y’abato kuko abakinnyi bitwaye neza muri iri siganwa bahita batanga umusaruro muri Tour de France. Kuri iyi nshuro, Tour de l’Avenir izaba ikinwa ku nshuro yayo ya 57.

Ingero z’abakinnyi bakinnye Tour de l’Avenir bagahita bagaragaza umusaruro muri Tour de France barimo umunya-Colombia, Egan Bernal watwaye Tour de l’Avenir ya 2017 n’umunya-Slovenia, Tadej Pogacar watwaye Tour de l’Avenir 2018 agahita atwara Tour de France ebyiri zikurikiranye (2020, 2021).

Nyuma yo kugera mu Busuwisi, Habimana Jean Eric yahise atangira imyitozo kugira ngo atangire amenyere ikirere cy’u Burayi mbere y’uko ikipe ya UCI izaba izaba ijya i Paris mu Bufaransa.

Image

Habimana Jean Eric mu Busuwisi hafi y’icyicaro cy’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi (UCI)

Image

Habimana Jean Eric mu Busuwisi ku cyicaro cy’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi (UCI)

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

18 + two =

Previous Post

Volleyball: Umunya-Brazil Paulo De Tarso Milagres wagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu yageze i Kigali

Next Post

MINISPORTS yemereye ishyirahamwe ry’umukino wa Cricket gutangira imyitozo mbere yo kwakira Ghana

Related Posts

Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

by radiotv10
30/01/2026
0

Nyuma yo guhanishwa na CAF imikino itanu no gucibwa amande angana n’amadolari ibihumbi 100 ($100,000), umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal,...

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

by radiotv10
29/01/2026
0

Nubwo Umuyobozi wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa abihakana, amakuru ava imbere mu ikipe ya Al Hilal aremeza ko...

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

by radiotv10
29/01/2026
0

Impuzamashyihamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika CAF, yatangaje ibihano byafashwe ku mpande zombi kuri Maroc na Senegal, kubera imvururu zabaye ku...

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

IZIHERUKA

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa
MU RWANDA

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

by radiotv10
31/01/2026
0

RIB yataye muri yombi Perezida w’Urukiko ukurikiranyweho ishimishamubiri rishingiye ku gitsina

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

31/01/2026
Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

31/01/2026
The Power of Storytelling: Podcast Culture Rising in Rwanda

The Power of Storytelling: Podcast Culture Rising in Rwanda

31/01/2026
AMAKURU MASHYA: Hatanzwe iminsi ibiri y’ikuruhuko yikurikiranya mu Rwanda

Hatangajwe Konji rusange mu Rwanda

30/01/2026
Eng.-AFC/M23 releases distressing footage of atrocities committed by opposing forces

Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku bikorwa by’ubugome byakozwe n’uruhande bahanganye

30/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
MINISPORTS yemereye ishyirahamwe ry’umukino wa Cricket gutangira imyitozo mbere yo kwakira Ghana

MINISPORTS yemereye ishyirahamwe ry’umukino wa Cricket gutangira imyitozo mbere yo kwakira Ghana

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.