Monday, October 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

ESTHER’S AID RWANDA-Abarangije imyuga bijejwe guhabwa ibikoresho

radiotv10by radiotv10
27/08/2021
in MU RWANDA
0
ESTHER’S AID RWANDA-Abarangije imyuga bijejwe guhabwa ibikoresho
Share on FacebookShare on Twitter

Hari abarangije mu ishuri rya Esther Aid ryigisha imyuga bavuga ko bishimira  kuba barangije kwiga ,kuko iyi myuga igiye kubafsha mukwiteza imbere.

Ubwo hatangwa impamyabumenyi ku barangije mu masomo yo guteka no kudoda muri Esther Aid, hari abavuze ko amasomo bize agiye kubafasha mu kwiteza imbere bo n’imiryango yabo.

Umwe muri abo yagize ati “Njyewe nabyaye nkiri muto ncikiriza amashuri, ngira amahirwe nza kwiga imyuga. Nabyize mbikunda (guteka), ubu rero bigiye kumfasha kwita ku mwana wanjye ndetse nanjye ubwange ku buryo ntawe nzongera gutegera amaboko”

Image

Yabihuje na mugenzi we uvuga ko agiye kwifashisha ubudozi yize mu gushaka akazi agashaka icyamuteza imbere mu mibereho.

N’ubwo barangije, basaba ko bafashwa gushakirwa ibikoresho byo kuzifashisha mu kazi kuko ngo babaretsse n’ubundi basubira mu bibazo bahozemo .

Image

Image

Umuyobozi w‘ikigo cya ESTHER AID Claire Effiong avuga ko yishimira aho ishuri rigeze ndetse anashimira abahiga n’abahigisha ariko kandi avuga ko bahisemo kwigisha abana b’abakobwa kuko uwigisha umwana w’umukobwa aba yigishije umuryango.

“Aba bose biga hano  abenshi baba barahuye n’ibibazo  byo kubyara bakiri bato ubwo rero bagomba gufashwa. Turabizi ko uwigishije umwana aba yigishije umuryango”

Ku kibazo cy’uko abasoje amasomo bahabwa ibikoresho  bizabafasha  mu buzima  buri imbere, umuyobozi wa porogaramu  mu muryango w’ivugabutumwa (AERR) Emile avugako bazabaha ibikoresho byo kuzifashisha  biyo ngo impungenge zishire

Ati ”Ibikoresho tuzabibaha kuko tugomba gukomeza kubaba hafi kugira ngo hatagira abaducika bagasubira mu ngeso mbi”

Mu mushinga wo gufasha urubyiruko hazatangwa ibikoresho bijyanye n’imyuga abiga bize bikazatwara amafaanga abarirwa muri miliyoni magana ane mirongo icyenda (490,000,000 FRW) mu karere ka Gasabo.

Ubuyobizi bw’iri shuri burashishikariza abashaka kwiga ko amasomo azatangira mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka.

Inkuru ya MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTV10 Rwanda

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seven + seven =

Previous Post

AFROBASKET 2021: u Rwanda rwakoze amateka yo gutsinda Angola rugera muri ¼ cy’irangiza

Next Post

TANZANIA: Uwagabye igitero kuri ambasade y’u Bufaransa yamenyekanye

Related Posts

Eng.-Arrest of another notorious FDLR combatant known for extreme cruelty: What message does it send?

Eng.-Arrest of another notorious FDLR combatant known for extreme cruelty: What message does it send?

by radiotv10
27/10/2025
0

A political analyst says that the capture of the FDLR fighter known as “Tokyo” is a proof that this terrorist...

Umusore ufungiye gukubita fiyanse we bitegura gukorana ubukwe havuzwe icyo yamuhoye

Umusore ufungiye gukubita fiyanse we bitegura gukorana ubukwe havuzwe icyo yamuhoye

by radiotv10
27/10/2025
0

Umusore w’imyaka 23 wo mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Karongi watawe muri yombi nyuma yo gukubita umukunzi we...

Ifatwa ry’undi murwanyi kabuhariwe wa FDLR uvugwaho ubugome ndengakamere riratanga butumwa ki?

Ifatwa ry’undi murwanyi kabuhariwe wa FDLR uvugwaho ubugome ndengakamere riratanga butumwa ki?

by radiotv10
27/10/2025
0

Umusesenguzi mu bya politiki, avuga ko ifatwa ry’umurwanyi wa FDLR uzwi nka Tokyo, ari gihamya ko uyu mutwe w’iterabwoba ari...

Igikekwaho gutera impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye abari bagiye gufata irembo

Igikekwaho gutera impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye abari bagiye gufata irembo

by radiotv10
27/10/2025
0

Imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yakoreye impanuka mu Karere ka Ngororero ubwo yari itwaye abari bagiye mu birori...

Rusizi: Umuturage yubakiye mugenzi we warokotse jenoside inzu ya miliyoni 8Frw

Rusizi: Umuturage yubakiye mugenzi we warokotse jenoside inzu ya miliyoni 8Frw

by radiotv10
27/10/2025
0

Mu gihe ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi buhangayikishijwe no kuba hari abaturage batafite aho kuba ndetse n’abafite ahatameze neza bakeneye gusanirwa,...

IZIHERUKA

Eng.-Arrest of another notorious FDLR combatant known for extreme cruelty: What message does it send?
MU RWANDA

Eng.-Arrest of another notorious FDLR combatant known for extreme cruelty: What message does it send?

by radiotv10
27/10/2025
0

Umusore ufungiye gukubita fiyanse we bitegura gukorana ubukwe havuzwe icyo yamuhoye

Umusore ufungiye gukubita fiyanse we bitegura gukorana ubukwe havuzwe icyo yamuhoye

27/10/2025
Ifatwa ry’undi murwanyi kabuhariwe wa FDLR uvugwaho ubugome ndengakamere riratanga butumwa ki?

Ifatwa ry’undi murwanyi kabuhariwe wa FDLR uvugwaho ubugome ndengakamere riratanga butumwa ki?

27/10/2025
Igikekwaho gutera impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye abari bagiye gufata irembo

Igikekwaho gutera impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye abari bagiye gufata irembo

27/10/2025
Rusizi: Umuturage yubakiye mugenzi we warokotse jenoside inzu ya miliyoni 8Frw

Rusizi: Umuturage yubakiye mugenzi we warokotse jenoside inzu ya miliyoni 8Frw

27/10/2025
AFC/M23 yashenguwe n’urupfu rwa Musenyeri wo muri Kiliziya Gatulika i Goma

AFC/M23 yashenguwe n’urupfu rwa Musenyeri wo muri Kiliziya Gatulika i Goma

27/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
TANZANIA: Uwagabye igitero kuri ambasade y’u Bufaransa yamenyekanye

TANZANIA: Uwagabye igitero kuri ambasade y’u Bufaransa yamenyekanye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Arrest of another notorious FDLR combatant known for extreme cruelty: What message does it send?

Umusore ufungiye gukubita fiyanse we bitegura gukorana ubukwe havuzwe icyo yamuhoye

Ifatwa ry’undi murwanyi kabuhariwe wa FDLR uvugwaho ubugome ndengakamere riratanga butumwa ki?

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.