• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Abateguye igitaramo kizinjiza abantu muri Noheli bavuze udushya bahishiye abazacyitabira

radiotv10by radiotv10
22/12/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
1
Abateguye igitaramo kizinjiza abantu muri Noheli bavuze udushya bahishiye abazacyitabira
Share on FacebookShare on Twitter

Itsinda rya The Heaven Family Drama Team risanzwe rizwiho gususurutsa abantu mu mbyino, rikaba riri gutegura igitaramo kizinjiza abantu muri Noheli, bavuze udushya bazagaragariza abazakitabira.

Nishimwe Albertine uyobora iri tsinda rya The Heaven Family Drama Team, ryo mu Itorero Betlehem Miracle Church, avuga ko iki gitaramo kizaba tariki 23 Ukuboza, kigamije gufasha abantu kuzinjira muri Noheli bafite umunezero banihana ibyaha kugira ngo umucunguzi azavukire ahasukuye.

Yagize ati “Ni igitaramo twateguriye Abanyarwanda ngo binjire muri Noheli neza kandi turifuza ko abantu bamenya Kristo bakava mu bubata bwa Satani.”

Iki gitaramo gifite insanganyamatsiko igira iti ‘The Redeemed Youth Concert’, kizaba akirimo umuhanzi Proper Nkomezi, Azaph Drama Team, Power Praise na Anointed Worship Team.

Albertine yakomeje agaragaza udushya tuzagaragara muri iki gitaramo, ati “Hari abantu baziko Drama Team ari ukubyina Drama gusa, oya, twe dufite n’agashya kuko tuzanashyiramo gakondo.”

Iki gitaramo kizaba mu mpera z’iki cyumweru ku wa Gatandatu, ni kimwe mu bindi biteganyijwe byateguwe n’abahanzi biganjemo ab’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, nka Israel Mbonyi uzakora icyiswe ‘Icyambu Live Concert’ kigiye kuba ku nshuro ya kabiri.

Esther Fifi UWIZERA
RADIOTV10

Comments 1

  1. Nishimwe says:
    2 years ago

    Amen Amen Urubyiruko dukoreshe imbaraga zacu turamya Imana kandi turusheho kuvuga ubutumwa bwiza bugere kuri bose.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 + five =

Previous Post

Abasirikare ba RDF b’umutwe wihariye bagaragaje imyitozo idasanzwe yo kurwana urugamba hose

Next Post

Aba-Colonels ba mbere b’abagore muri RDF bamaze kwambara ipeti bazamuweho (AMAFOTO)

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Aba-Colonels ba mbere b’abagore muri RDF bamaze kwambara ipeti bazamuweho (AMAFOTO)

Aba-Colonels ba mbere b’abagore muri RDF bamaze kwambara ipeti bazamuweho (AMAFOTO)

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.