Tuesday, November 4, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umunsi mpuzamahanga wo gukaraba usanze hari abatbona ayo bakaraba

radiotv10by radiotv10
15/10/2021
in MU RWANDA
0
Umunsi mpuzamahanga wo gukaraba usanze hari abatbona ayo bakaraba
Share on FacebookShare on Twitter

Tariki ya 15 Ukwakira ni umunsi abatuye usi bise basabwa kuzirikana akamaro ko gukaraba intoki.


By’umwihariko muri uyu mwaka, u Rwanda ndetse n’isi yose ihanganye n’icyorezo cya COVID-199, gukaraba intoki n’amazi meza ndetse n’isabune ni intwaro ikomeye yo kwirinda iki chorizo.

Gukaraba intoki n’amazi meza n’isabune iyo bikozwe neza mu gihe gikwiye birinda indara nyinshi cyane iziterwa n’umwanda ndetse n’izindi zishobora kuveza no ku rupfu
.
N’ubwo bimeze gutyo ariko 18% by’abatuye isi yose ni ukuvuga abangana na miliyari 1.37 ntibabona ibikoresho bifashisha mu gukaraba intoki mu ngo zabo.
WHO UNICEF bavuga ko abantu 3 mu 10 baba batabasha kubona ibisabwa ngo bakare intoki neza ugebdeye ku ngamba zihari ngo bizagera mu 2030 nubundi bikimeze gutya, icyakora bavuga ko mugihe hakongerwa imbaraga mu gufasha abadafite ubushobozi byagabanya indwara zituruka ku mwanda ndetse bikongera mu musaruro mu bijyanye n’hbukungu uba witezwe ku batufage batandukanye bo muri ibyo bihugu.

Kuri uyu munsi, umuyobozi wa waterAid Olutayo Bankole-Bolawole avuga ko gukaraba intoki neza byatanga umusaruro mwiza bigateza imbere inzego z’ubuzima, uburezi n’izindi zitandukanye igihugu kiba cyubakiyeho.
yagize ati “Ntibikwiye, za guverinoma zigomba gutegereza ibindi byorezo mbere yo gushyira imbaraga mu nzego z’ubuzima n’imibereho myiza y’abaturage bacu ndetse no gusigasira ubukungu binyuze mu kugira umuco w’isuku ndetse no korohereza abaturage kubona amazi meza ndetse n’isabune ku baturage bacu bo muri Afurika y’iburasirazuba”

Ubu kimwe cya kabiri cy’abicwa n’indwara za diyare (diarrhoea) ndetse n’izo mu myanya y’ubuhumekero biba bishoboka ko zirindwa. naho umwe mu bantu icumi ntaba afite amazi hafi ye ku isi yose .
Inkuru ya Denise Mbabazi Mpambara/Radio&TV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two + 18 =

Previous Post

Ndabizeza ko amakosa nakoze atazongera- Tweet ya mbere ya Dr.Damien avuye muri Gereza

Next Post

Igitego cya Manishimwe Djabel cyafashije APR FC kubona inota kuri ESS

Related Posts

Icyavuye mu mukwabu wo gushakisha abakekwaho ubujura bubangamira benshi muri Kigali

Icyavuye mu mukwabu wo gushakisha abakekwaho ubujura bubangamira benshi muri Kigali

by radiotv10
04/11/2025
0

Abantu 11 bakekwaho ubujura barimo abategeraga abantu banyura ahahoze irimbi ry’i Nyamirambo, bafatiwe mu mukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda...

Perezida Kagame yahuye n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar bagirana ibiganiro

Perezida Kagame yahuye n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar bagirana ibiganiro

by radiotv10
04/11/2025
0

Perezida Paul Kagame uri i Doha muri Qatar, yahuye n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, bagirana...

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

by radiotv10
04/11/2025
0

Ambasaderi wa Sudani mu Rwanda, Dafalla Musa yavuze ko urugomo rwagaragajwe na bamwe mu banyeshuri bakomoka muri iki Gihugu biga...

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Eng.-Emotions of the first Rwandans taking part in Digital ID identity verification and photo registration

by radiotv10
04/11/2025
0

Some residents from three districts in Rwanda’s Southern Province, who were among the first to participate in the correction of...

Being a Single Mother is not the end of the World: The inspiring Journey of Tuyishime Clemence

Being a Single Mother is not the end of the World: The inspiring Journey of Tuyishime Clemence

by radiotv10
04/11/2025
1

At just 31, Tuyishime Clementine is redefining what strength looks like. A single mother to a 10-year-old boy now in...

IZIHERUKA

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi
IBYAMAMARE

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

by radiotv10
04/11/2025
0

Hongeye gutangwa impuruza ku kibazo kibereye ingutu abatuye Isi

Hongeye gutangwa impuruza ku kibazo kibereye ingutu abatuye Isi

04/11/2025
DRC: Abashyigikiye Umunyapolitiki ufungiwe kubahuka Perezida bateguye imyigaragambyo

Uwari inkoramutima ya Tshisekedi wiyemeje kumurwanya yagarukanye imbaraga anatangaza umugambi adashobora kwihanganira

04/11/2025
Icyavuye mu mukwabu wo gushakisha abakekwaho ubujura bubangamira benshi muri Kigali

Icyavuye mu mukwabu wo gushakisha abakekwaho ubujura bubangamira benshi muri Kigali

04/11/2025
Perezida Kagame yahuye n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar bagirana ibiganiro

Perezida Kagame yahuye n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar bagirana ibiganiro

04/11/2025
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

04/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Igitego cya Manishimwe Djabel cyafashije APR FC kubona inota kuri ESS

Igitego cya Manishimwe Djabel cyafashije APR FC kubona inota kuri ESS

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

Hongeye gutangwa impuruza ku kibazo kibereye ingutu abatuye Isi

Uwari inkoramutima ya Tshisekedi wiyemeje kumurwanya yagarukanye imbaraga anatangaza umugambi adashobora kwihanganira

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.