Sunday, July 26, 2026
RW|EN
MU RWANDA

Uwari umuyobozi wa Siporo muri Minisiteri ya Siporo yasezeye

Uwari umuyobozi wa Siporo muri Minisiteri ya Siporo yasezeye

Umuyobozi wa siporo w’agateganyo muri Minisiteri ya Siporo Rurangayire Guy Didier yamaze gusezera kuri uwo mwanya

 

Rurangayire Guy Didier usanzwe ari Umuyobozi wa Siporo w’agateganyo akaba n’umuyobozi ushinzwe amakipe y’igihugu muri MINISPORTS yamaze kwandika ibaruwa asezera ku kazi ke, aho kugeza ubu hataramenyekana impamvu yatumye asezera.

Amakuru avuga ko Guy yegukue kubera Impamvu ze bwite.

Share this story: Facebook Twitter WhatsApp

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven + twelve =