Saturday, February 21, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa

radiotv10by radiotv10
21/02/2026
in IMYIDAGADURO, SINEMA
0
Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa
Share on FacebookShare on Twitter

Mu kiganiro yagiranye na Netflix mbere yuko yitaba Imana, umukinnyi wa filimi wamamaye ku Isi, Eric Dane, yageneye ubutumwa abakobwa be babiri, abasaba kwishimira ubuzima bwa none, kuko ibyahise biba byararangiye ndetse ibizaza ntawumenya uko bizaba bimeze.

Ni ubutumwa bukora ku mutima, bw’ikianiro Eric Dane yagiranye na Netflix ubwo yari arembye cyane, mu ijwi ridasohoka kubera uburwayi.

Muri iki kiganiro yatanze yicaye mu kagare k’indembe, Eric Dane yageneye ubutumwa bwa nyuma abakobwa be babiri Billie w’imyaka 15 na Georgia w’imyaka 14, abasaba kubaho ubuzima bwa none kuko iby’ejo bibara ab’ejo

Muri iki kiganiro cyasohowe na Netflix kuri uyu wa 19 Gashyantare, Eric Dane yagize ati “Billie na Georgia, muri umutima wanjye, muri byose byanjye. Ijoro ryiza. Ndabakunda.”

Uyu mukinnyi wa Filimi yavuze ko abakobwa be “b’abangavu bazamwibuka nk’umuntu ukomeye cyane.”

Yagize ati “Bavugaga ko ndi umuntu ugira urukundo kandi ukundwa cyane, w’impuhwe, kandi w’inyangamugayo […] Ndi umubyeyi mwiza.”

Yakomeje avuga ko abakobwa be “Bimwe mu by’ingenzi bazahora bazirikana, ni uko hari ibyo nakoraga cyangwa nkanga gukora kubera bo.”

Eric Dane witabye Imana ku myaka 53 y’amavuko, asize abana b’abakobwa babiri yabyaranye n’umugore we Rebecca Gayheart bashyingiranywe muri 2004.

Uyu mukinnyi wa filime yari yasabye gutandukana n’umugore we muri 2018, ubutane bwabo buza kwemezwa muri Werurwe 2025, ukwezi kumwe mbere yuko asanganwa indwara ya ALS Diagnosis muri Mata, ari na yo yamuhitanye.

Eric Dane n’abakobwa be babiri yasigiye ubutumwa
We n’umugore we n’abana babo bakiri bato

Yitabye Imana azize uburwayi bufata ku bwonko

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × 5 =

Previous Post

Uruzinduko rw’umuyobozi woherejwe n’u Burayi kuganira na AFC/M23 rwasize hakozwe byinshi

Related Posts

Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

by radiotv10
20/02/2026
0

Nyuma yuko umuhanzikazi Omega Baibe uri mu bagezweho muri Uganda, agaragaje ko yahundagajweho amafaranga mu gitaramo yakoreye muri Sudani y’Epfo,...

Beauty is not the same everywhere: Who defines what is beautiful?

Beauty is not the same everywhere: Who defines what is beautiful?

by radiotv10
20/02/2026
0

Beauty standards are the ideas society has about what makes someone “beautiful.” These ideas can be about body shape, skin...

Miss Pamella umugore wa The Ben yagize ibyago

Miss Pamella umugore wa The Ben yagize ibyago

by radiotv10
18/02/2026
0

Uwicyeza Pamella, umugore w’umuhanzi The Ben; uri mu gahinda ko gupfusha sekuru, yavuze ko atumva ukuntu agiye kubaho atabona urukundo...

Umunyamakuru ‘Djihad’ n’abo baregwa hamwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni bagarutse imbere y’Urukiko

Umunyamakuru ‘Djihad’ n’abo baregwa hamwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni bagarutse imbere y’Urukiko

by radiotv10
17/02/2026
0

Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad na bagenzi be baregwa mu rubanza ruregwamo abakurikiranyweho ibyaha birimo gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi ‘Yampano’...

Samusure yahuye aniyunga n’umunyamakuru Oswakin nyuma yuko avuze ko yababajwe n’ibyo yamuvuzeho

Samusure yahuye aniyunga n’umunyamakuru Oswakin nyuma yuko avuze ko yababajwe n’ibyo yamuvuzeho

by radiotv10
17/02/2026
0

Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu uzwi nka ‘Oswakim’ n’umukinnyi wa Filimi Kalisa Ernest uzwi nka ‘Samusure’ bahuriye mu kiganiro nyuma yuko uyu...

IZIHERUKA

Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa
IMYIDAGADURO

Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa

by radiotv10
21/02/2026
0

Uruzinduko rw’umuyobozi woherejwe n’u Burayi kuganira na AFC/M23 rwasize hakozwe byinshi

Uruzinduko rw’umuyobozi woherejwe n’u Burayi kuganira na AFC/M23 rwasize hakozwe byinshi

21/02/2026
The End of Passwords: Welcome to the Age of Biometric Security

The End of Passwords: Welcome to the Age of Biometric Security

21/02/2026
Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

20/02/2026
Rutsiro: Bizejwe ibitangaza nabo bicinya icyara ko bagiye gukira none ubukene n’inzara birabarembeje

Umugabo n’umugore bari bagiye gushakisha imibereho batahiye ku nkuru y’icamugongo y’abana babo bapfuye

20/02/2026
Kimenyi Yves wabaye umunyezamu w’Amavubi yasezeye burundu ruhago anatangaza ibyo yerecyejemo

Kimenyi Yves wabaye umunyezamu w’Amavubi yasezeye burundu ruhago anatangaza ibyo yerecyejemo

20/02/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa

Uruzinduko rw’umuyobozi woherejwe n’u Burayi kuganira na AFC/M23 rwasize hakozwe byinshi

The End of Passwords: Welcome to the Age of Biometric Security

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.