• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa

radiotv10by radiotv10
22/02/2026
in IMYIDAGADURO, SINEMA
0
Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa
Share on FacebookShare on Twitter

Mu kiganiro yagiranye na Netflix mbere yuko yitaba Imana, umukinnyi wa filimi wamamaye ku Isi, Eric Dane, yageneye ubutumwa abakobwa be babiri, abasaba kwishimira ubuzima bwa none, kuko ibyahise biba byararangiye ndetse ibizaza ntawumenya uko bizaba bimeze.

Ni ubutumwa bukora ku mutima, bw’ikianiro Eric Dane yagiranye na Netflix ubwo yari arembye cyane, mu ijwi ridasohoka kubera uburwayi.

Muri iki kiganiro yatanze yicaye mu kagare k’indembe, Eric Dane yageneye ubutumwa bwa nyuma abakobwa be babiri Billie w’imyaka 15 na Georgia w’imyaka 14, abasaba kubaho ubuzima bwa none kuko iby’ejo bibara ab’ejo

Muri iki kiganiro cyasohowe na Netflix kuri uyu wa 19 Gashyantare, Eric Dane yagize ati “Billie na Georgia, muri umutima wanjye, muri byose byanjye. Ijoro ryiza. Ndabakunda.”

Uyu mukinnyi wa Filimi yavuze ko abakobwa be “b’abangavu bazamwibuka nk’umuntu ukomeye cyane.”

Yagize ati “Bavugaga ko ndi umuntu ugira urukundo kandi ukundwa cyane, w’impuhwe, kandi w’inyangamugayo […] Ndi umubyeyi mwiza.”

Yakomeje avuga ko abakobwa be “Bimwe mu by’ingenzi bazahora bazirikana, ni uko hari ibyo nakoraga cyangwa nkanga gukora kubera bo.”

Eric Dane witabye Imana ku myaka 53 y’amavuko, asize abana b’abakobwa babiri yabyaranye n’umugore we Rebecca Gayheart bashyingiranywe muri 2004.

Uyu mukinnyi wa filime yari yasabye gutandukana n’umugore we muri 2018, ubutane bwabo buza kwemezwa muri Werurwe 2025, ukwezi kumwe mbere yuko asanganwa indwara ya ALS Diagnosis muri Mata, ari na yo yamuhitanye.

Eric Dane n’abakobwa be babiri yasigiye ubutumwa
We n’umugore we n’abana babo bakiri bato

Yitabye Imana azize uburwayi bufata ku bwonko

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

7 + 18 =

Previous Post

Iby’ingenzi wamenya kuri Tour du Rwanda 2026 mbere y’uko itangira

Next Post

Uruzinduko rw’umuyobozi woherejwe n’u Burayi kuganira na AFC/M23 rwasize hakozwe byinshi

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Uruzinduko rw’umuyobozi woherejwe n’u Burayi kuganira na AFC/M23 rwasize hakozwe byinshi

Uruzinduko rw’umuyobozi woherejwe n’u Burayi kuganira na AFC/M23 rwasize hakozwe byinshi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.