Friday, April 3, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Menya Abayobozi bashyizwe mu myanya barimo CP Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda

radiotv10by radiotv10
03/04/2026
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Menya Abayobozi bashyizwe mu myanya barimo CP Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi banyuranye, barimo CP Theos Bagede wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, wagizwe Komiseri Mukuru Wungirije w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS).

Aba bayobozi bashyizwe mu myanya n’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane tariki 02 Mata 2026 yayobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.

Mu Kigo cy’u Rwanda gishinzwe guteza imbere ubufatanye (RCI), Niwenshuti Richard yagizwe Umuyobozi Mukuru wacyo, asimbura Eng. Patricie Uwase wari muri izi nshingano kuva mu kwezi k’Ukwakira 2024.

Niwenshuti Richard wagizwe Umuyobozi Mukuru w’iki Kigo, yabaye Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda.

Muri iki Kigo cy’u Rwanda gishinzwe guteza imbere ubufatanye (RCI), kandi, Tubane Chance yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa.

Mu Rwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB), Nsengiyumva Joseph Cedrick, yagizwe Chief Corporate Affairs Officer, ndetse na Kayibanda Richard agirwa Chief Licensing Officer.

Mu bandi bayobozi bashyizwe mu myanya, barimo Mbabazi Judith, wagizwe Umuvunyi Wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya Akarengane, asimbura Yankurije Odette.

 

CP Theos Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yahawe inshingano

Mu bandi bashyizwe mu myanya n’Inama y’Abaminisitiri, ni CP Theos Badege wagizwe Komiseri Mukuru Wungirije mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS).

Badege yasimbuye DCG Rose Muhisoni na we wigeze kuba muri Polisi y’u Rwanda, wari wagizwe Komiseri Mukuru Wungirije muri RCS mu mwaka wa 2021.

CP Theos Badege uzwi muri Polisi y’u Rwanda, aho yigeze kuba Umuvugizi w’uru rwego, inshuro ebyiri mu bihe binyuranye, ndetse akaba yaragize indi myanya muri uru rwego, nko kuba yarabaye Umuyobozi Mukuru w’iryahoze ari Ishami rya Polisi Rishinzwe Ubugenzacyaha (CID).

Abandi bayobozi bashyizwe mu myanya, ni Nkiko Albert wagizwe Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, ndetse na Habimana Donath, wagizwe Umushinjacyaha wo ku rwego rw’lgihugu.

Niwenshuti Richard wagizwe Umuyobozi Mukuru wa RCI
Mbabazi Judith, wagizwe Umuvunyi Wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya
Akarengane
CP Theos Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda na we yahawe inshingano

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × 1 =

Previous Post

Icyo Perezida Macron avuga ku magambo Trump yamuvuzeho yumvikanamo kumwibasira

Related Posts

Abakozi ba Leta n’abikorera mu Rwanda bahawe konji ebyiri

Abakozi ba Leta n’abikorera mu Rwanda bahawe konji ebyiri

by radiotv10
02/04/2026
0

Minisiteri y'Abakozi ba Leta n'Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu no ku wa Mbere w’icyumweru gitaha, ari iminsi y’ikiruhuko...

Building a Strong Team Starts With Hiring Right

Building a Strong Team Starts With Hiring Right

by radiotv10
02/04/2026
0

A lot of people are starting businesses but face an issue of hiring people who would give in a hand...

Make the Move That Changes Everything

Make the Move That Changes Everything

by radiotv10
02/04/2026
0

Many people dream about starting a business, but only a few actually take the first step. The truth is, starting...

Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe

Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe

by radiotv10
02/04/2026
0

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ikigo Security Company Against Robbery (SCAR) Ltd gitanga serivisi z'umutekano, cyambuwe uburenganzira bwo gukora. Bikubiye...

Icyo Min.Nduhungirehe avuga ku byatangajwe na FARDC ko igiye kwambura intwaro FDLR no kuyirandura

Icyo Min.Nduhungirehe avuga ku byatangajwe na FARDC ko igiye kwambura intwaro FDLR no kuyirandura

by radiotv10
01/04/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yibukije Leta ya DRC ko gushyira mu bikorwa Amasezerano y’Amahoro bitagarukira...

IZIHERUKA

Menya Abayobozi bashyizwe mu myanya barimo CP Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda
MU RWANDA

Menya Abayobozi bashyizwe mu myanya barimo CP Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda

by radiotv10
03/04/2026
0

Icyo Perezida Macron avuga ku magambo Trump yamuvuzeho yumvikanamo kumwibasira

Icyo Perezida Macron avuga ku magambo Trump yamuvuzeho yumvikanamo kumwibasira

02/04/2026
Perezida Tshisekedi yagiriye uruzinduko muri Qatar isanzwe ari umuhuza mu bya DRC na AFC/M23

Perezida Tshisekedi yagiriye uruzinduko muri Qatar isanzwe ari umuhuza mu bya DRC na AFC/M23

02/04/2026
Eng.-Tshisekedi and Ndayishimiye Accused of Atrocities Against Banyamulenge

Eng.-Tshisekedi and Ndayishimiye Accused of Atrocities Against Banyamulenge

02/04/2026
Igitero cy’uwitwaje umuhoro yagabye ku ishuri muri Uganda cyahitanye abana bane cyasize amarira menshi

Igitero cy’uwitwaje umuhoro yagabye ku ishuri muri Uganda cyahitanye abana bane cyasize amarira menshi

02/04/2026
Tshisekedi na Ndayishimiye bashyizwe mu majwi ku bugome ndengakamere bwakorewe Abanyamulenge

Tshisekedi na Ndayishimiye bashyizwe mu majwi ku bugome ndengakamere bwakorewe Abanyamulenge

02/04/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Menya Abayobozi bashyizwe mu myanya barimo CP Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda

Icyo Perezida Macron avuga ku magambo Trump yamuvuzeho yumvikanamo kumwibasira

Perezida Tshisekedi yagiriye uruzinduko muri Qatar isanzwe ari umuhuza mu bya DRC na AFC/M23

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.