Wednesday, April 29, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Perezida Nguesso umaze igihe gito arahiriye gukomeza kuyobora Congo yakiriwe na Putin mu Burusiya

radiotv10by radiotv10
29/04/2026
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Perezida Nguesso umaze igihe gito arahiriye gukomeza kuyobora Congo yakiriwe na Putin mu Burusiya
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Denis Sassou Nguesso wa Repubulika ya Congo, uri mu ruzinduko mu Burusiya, yahuye na mugenzi we w’iki Gihugu, Vladimir Vladimir Putin bagirana ibiganiro byo mu muhezo.

Ni mu ruzinduko rw’akazi, Denis Sassou Nguesso ari kugirira mu Burusiya kuva kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Mata 2026.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Repubulika ya Congo, kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Mata 2026, byatangaje ko Perezida wa Repubulika y’iki Gihugu, yakiriwe na mugenzi we wa kiriya Gihugu cy’u Burusiya.

Perezidansi ya Repubulika ya Congo, yavuze ko “Mu ruzinduko arimo mu Burusiya, Perezida Denis Sassou Nguesso, kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Mata 2026, i Kremlin yakiriwe na mugenzi we Vladimir Putin, bagirana ibiganiro byihariye (tête-à-tête).”

Mbere y’uku kwakirwa na mugenzi we, Perezida wa Congo Brazzaville kandi kuri uyu wa Gatatu yasuye ingoro y’ikirango cy’imva y’umusirikare utazwi, iherereye i Mascow mu Murwa mukuru wu Burusiya.

Uru ruzinduko rw’akazi rwa Perezida Nguesso, ruteganyijwemo ibikorwa binyuranye birimo ibi biganiro yagiranye na mugenzi we, ndetse n’ibigomba guhuza amatsinda y’abayobozi ku mpande zombi.

Perezida Nguesso agiririye uruzinduko mu Burusiya nyuma y’ibyumweru bibiri arahiriye gukomeza kuyobora Congo Brazzaville, mu muhango wabereye kuri Stade Unity mu gace ka Kintélé, witabiriwe n’abanyacyubahiro banyuranye barimo Umukuru w’u Rwanda, Paul Kagame.

Putin yakiriye mugenzi we wa Congo, Denis Sassou Nguesso

Kuri uyu wa Gatatu kandi yasuye ikimenyetsi cy’imva y’umusirikare utazwi

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

six + four =

Previous Post

Hagiye gutangwa Pasiporo ya America irimo ishusho ya Perezida Trump

Next Post

Umwuka uri gututuma muri Mali watumye Bufaransa busaba abaturage babwo bariyo kuhava byihuse

Related Posts

Mu butumwa avugamo u Rwanda Gen.Muhoozi yeruye ko abana be batagomba kumuzanira abakwe n’abakazana bagufi

Mu butumwa avugamo u Rwanda Gen.Muhoozi yeruye ko abana be batagomba kumuzanira abakwe n’abakazana bagufi

by radiotv10
29/04/2026
0

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba; yavuze ko yabwiye abana be ko nibaramuka bashakanye n’abantu bagufi, ubukwe bwabo...

Umwuka uri gututuma muri Mali watumye Bufaransa busaba abaturage babwo bariyo kuhava byihuse

Umwuka uri gututuma muri Mali watumye Bufaransa busaba abaturage babwo bariyo kuhava byihuse

by radiotv10
29/04/2026
0

U Bufaransa bwasabye abaturage babwo bari mu Gihugu cya Mali kuhava vuba na bwangu nyuma y'ibitero byagabwe mu bice binyuranye...

Hagiye gutangwa Pasiporo ya America irimo ishusho ya Perezida Trump

Hagiye gutangwa Pasiporo ya America irimo ishusho ya Perezida Trump

by radiotv10
29/04/2026
0

Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga muri Leta Zunze Ubumwe za America, yatangaje ko iki Gihugu kigiye gutanga pasiporo zigaragaramo ifoto ya Perezida...

Hagiye gutangwa Pasiporo ya America irimo ishusho ya Perezida Trump

US to Issue Passports Featuring Trump’s Image for 250th Independence Anniversary

by radiotv10
29/04/2026
0

The United States is preparing to introduce a limited number of specially designed passports featuring the image of President Donald...

Breaking: Perezida w’u Burundi yakoze impinduka muri Guverinoma

Breaking: Perezida w’u Burundi yakoze impinduka muri Guverinoma

by radiotv10
28/04/2026
0

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yashyize mu myanya Abaminisitiri batatu muri Guverinoma y’iki Gihugu, barimo Ambasaderi Evelyne Butoyi wagizwe Minisitiri...

IZIHERUKA

Umupfumu ‘Salongo’ wari umaze igihe afunze yamaze gusubira mu muryango we
MU RWANDA

Umupfumu ‘Salongo’ wari umaze igihe afunze yamaze gusubira mu muryango we

by radiotv10
29/04/2026
0

Mu butumwa avugamo u Rwanda Gen.Muhoozi yeruye ko abana be batagomba kumuzanira abakwe n’abakazana bagufi

Mu butumwa avugamo u Rwanda Gen.Muhoozi yeruye ko abana be batagomba kumuzanira abakwe n’abakazana bagufi

29/04/2026
Haravugwa isezera ry’abanyamakuru babiri b’igitangazamakuru kimwe mu Rwanda barimo uwari ukimazeho imyaka 20

Haravugwa isezera ry’abanyamakuru babiri b’igitangazamakuru kimwe mu Rwanda barimo uwari ukimazeho imyaka 20

29/04/2026
Umunyarwandakazi yakatiwe igifungo kiremereye n’Urukiko rw’ikindi Gihugu kubera kwica umugabo we

Umunyarwandakazi yakatiwe igifungo kiremereye n’Urukiko rw’ikindi Gihugu kubera kwica umugabo we

29/04/2026
Umwuka uri gututuma muri Mali watumye Bufaransa busaba abaturage babwo bariyo kuhava byihuse

Umwuka uri gututuma muri Mali watumye Bufaransa busaba abaturage babwo bariyo kuhava byihuse

29/04/2026
Perezida Nguesso umaze igihe gito arahiriye gukomeza kuyobora Congo yakiriwe na Putin mu Burusiya

Perezida Nguesso umaze igihe gito arahiriye gukomeza kuyobora Congo yakiriwe na Putin mu Burusiya

29/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Umwuka uri gututuma muri Mali watumye Bufaransa busaba abaturage babwo bariyo kuhava byihuse

Umwuka uri gututuma muri Mali watumye Bufaransa busaba abaturage babwo bariyo kuhava byihuse

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umupfumu ‘Salongo’ wari umaze igihe afunze yamaze gusubira mu muryango we

Mu butumwa avugamo u Rwanda Gen.Muhoozi yeruye ko abana be batagomba kumuzanira abakwe n’abakazana bagufi

Haravugwa isezera ry’abanyamakuru babiri b’igitangazamakuru kimwe mu Rwanda barimo uwari ukimazeho imyaka 20

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.