Monday, May 4, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

AFC/M23 yagaragaje ubugome bwakozwe n’uruhande bahanganye

radiotv10by radiotv10
04/05/2026
in AMAHANGA
0
AFC/M23 yagaragaje ubugome bwakozwe n’uruhande bahanganye
Share on FacebookShare on Twitter

Ihuriro AFC/M23 riravuga ko ibitero bikomeje kugabwa n’uruhande bahanganye birimo ibyibasira amatungo y’abaturage, bigamije gukomeza gushyira mu kaga ubuzima n’imibereho byabo.

Ni nyuma yuko kuri iki Cyumweru tariki 03 Gicurasi 2026, uruhande rugizwe n’abarimo FARDC, rugabye ibitero mu bice binyuranye birimo ibyo muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Umuvugizi wa AFC/M23 mu bya Politiki, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko mu rukerera rwo ku Cyumweru “uruhande rwa Leta ya Kinshasa rwagabye igitero muri Lokarite ya Rushoga muri Teritwari ya Masisi. Abasivile bibasiwe kandi amatungo arenga 56 yishwe, amwe yakaswe ibice andi aricwa, bigaragaza umugambi w’iterabwoba ugamije gushyira mu kaca imibereho y’abaturage bo muri aka gace.”

Kanyuka yavuze kandi ko n’ubundi kuri iki Cyumweru, uruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwagabye ibindi bitero byinshi, rukoresheje indege z’intambara zo mu bwoko bwa CH-4.

Harimo igitero cyagabwe saa 11:53 ndetse n’ikindi cyabaye saa 14:40, byibasiye abaturage bo mu gace ka Lumbishi, ndetse n’ikindi cyabaye saa 13:20 muri Lokarite ya Rutare muri Teritwari ya Kalehe.

Lawrence Kanyuka yakomeje avuga ko “Ibi bitero byasenye imitungo y’abaturage b’abasivile, bitera ubwoba mu baturage, ndetse benshi bava mu byabo barahunga.”

Umuvugizi wa AFC/M23 yakomeje avuga ko bitewe n’ibi bikorwa byose bikomeje guhonyora uburenganzira bw’ikiremwamuntu, iri Huriro risaba umuryango mpuzamahanga kwita kuri ibi bikorwa bibi biriho bikorwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa, no kugira icyo ukora.

Yavuze kandi ko binakomeza guha umukoro iri Huroro rya AFC/M23 wo kurinda no kurwana ku baturage bibasiwe n’ubutegetsi bw’Igihugu cyabo, bukomeje kugaragaza ko bushaka kubarimbura.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen − two =

Previous Post

Habaye igikorwa cy’urukundo nyuma yuko umuturage agize ibyago agapfusha amatungo 30 icyarimwe

Related Posts

America yaciye amarenga ko ishaka guhagarika burundu intambara yo muri Iran

America yaciye amarenga ko ishaka guhagarika burundu intambara yo muri Iran

by radiotv10
02/05/2026
0

Minisitiri w’ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za America, Pete Hegseth, yavuze ko igihe ntarengwa cyari cyarashyizweho kugira ngo ubuyobozi bwa...

Icyo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo yasabye Joseph Kabila

America yafatie ibihano Joseph Kabila wabaye Perezida wa Congo

by radiotv10
01/05/2026
0

Leta Zunze Ubumwe za America zafatiye ibihano uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Joseph Kabila kubera gushyigikira...

Umugabo wajyanye umurambo kuri Banki kuwusabisha amafaranga yavivuzeho birambuye

Umugabo wajyanye umurambo kuri Banki kuwusabisha amafaranga yavivuzeho birambuye

by radiotv10
30/04/2026
0

Umugabo w’imyaka 52 wo mu Burasirazuba bw’u Buhindi, uherutse kugaragara yikoreye umurambo wumye wa mushiki we awujyanye kuri Banki ngo...

Mu Burundi haravugwa iraswa ry’abantu babiri bari bafashwe bashinjwa kwambutsa mu Rwanda ikawa

Mu Burundi haravugwa iraswa ry’abantu babiri bari bafashwe bashinjwa kwambutsa mu Rwanda ikawa

by radiotv10
30/04/2026
1

Abantu babiri barashwe n'igipolisi cy’u Burundi nyuma yo gufatwa bashinjwa kugerageza kwinjiza mu Rwanda ikawa mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho...

Hategerejwe umwanzuro mu rubanza rw’uwavuzwe cyane

Hategerejwe umwanzuro mu rubanza rw’uwavuzwe cyane

by radiotv10
30/04/2026
0

Urukiko Rukuru muri Uganda, rurasoma icyemezo cyarwo mu rubanza ruregwamo Christopher Okello Onyum ashinjwa kwica abana bane bato abasanze ku...

IZIHERUKA

AFC/M23 yagaragaje ubugome bwakozwe n’uruhande bahanganye
AMAHANGA

AFC/M23 yagaragaje ubugome bwakozwe n’uruhande bahanganye

by radiotv10
04/05/2026
0

Habaye igikorwa cy’urukundo nyuma yuko umuturage agize ibyago agapfusha amatungo 30 icyarimwe

Habaye igikorwa cy’urukundo nyuma yuko umuturage agize ibyago agapfusha amatungo 30 icyarimwe

04/05/2026
Bitunguranye umunyabigwi wari uhanzwe amaso mu bahatanira kuyobora ruhago muri Congo yakuyemo kandidatire

Bitunguranye umunyabigwi wari uhanzwe amaso mu bahatanira kuyobora ruhago muri Congo yakuyemo kandidatire

03/05/2026
Imibonano mpuzabitsina ishimisha nde cyane hagati y’umugabo n’umugore

Imibonano mpuzabitsina ishimisha nde cyane hagati y’umugabo n’umugore

02/05/2026
America yaciye amarenga ko ishaka guhagarika burundu intambara yo muri Iran

America yaciye amarenga ko ishaka guhagarika burundu intambara yo muri Iran

02/05/2026
Amakuru mashya ku bayobozi bakomeye ba Nyanza na Gisagara bari baherutse gufungurwa

AMAKURU MASHYA: RIB yafunze abayobozi mu Nzego z’Ibanze bo mu Turere tune barimo uwari Gitifu w’Umurenge

01/05/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ubugome bwakozwe n’uruhande bahanganye

Habaye igikorwa cy’urukundo nyuma yuko umuturage agize ibyago agapfusha amatungo 30 icyarimwe

Bitunguranye umunyabigwi wari uhanzwe amaso mu bahatanira kuyobora ruhago muri Congo yakuyemo kandidatire

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.